Tags : Kiyovu Sports

Kiyovu yazanye umutoza w’umunyaNigeria

Samuel Amamba ukomoka muri Nigeria ubu niwe wagizwe umutoza mukuru w’iyi kipe y’i Nyamirambo. Uyu akaba yarahoze ari umutoza mu ikipe ya Kampala City Council muri Uganda. Muri Kiyovu yahawe amasezerano y’umwaka umwe. Ubuyobozi bwa Kiyovu, yabaye iya cyenda(9), umwaka ushize ubu bwamuhaye intego yo gutwara kimwe mu bikombe bikuru bikinirwa mu Rwanda; icy’amahoro cyangwa […]Irambuye

Kiyovu ntiyabashije ‘kubuza’ APR FC igikombe

Ku mikino y’umunsi wa 24 APR FC yongereye amahirwe yo kwegukana igikombe ubwo yabashaga gutsinda Kiyovu Sports ibitego bibiri ku busa, AS Kigali iri kuyirya isataburenge i Rusizi yanganyije na Espoir FC. Ibi byongereye amahirwe menshi APR FC yo kwegukana igikombe. Kiyovu iwayo ku Mumena ikipe y’ingabo, APR FC yayisubiriye kuko no ku mukino ubanza wabaye mu Ukuboza 2014 APR […]Irambuye

Rayon Sports itsinze Kiyovu 3-2 mu mukino utari woroshye

22 Werurwe 2015 – Kuri iki cyumweru i Remera kuri Stade Amahoro Rayon Sports yahuye na Kiyovu Sports umukino urangira Rayon itsinze Kiyovu ibitego bitatu kuri bibiri, amakipe yombi yasatiranye ku buryo iyo Kiyovu itsinda mu gice cya mbere byari bugore Rayon kwishyura kuko yahushije cyane. Ni umupira watangiye ushyushye hagati y’amakipe yombi, wabonaga Kiyovu ikina […]Irambuye

Musa Sova wa Kiyovu yagiye kuvumba imyitozo muri Rayon

Rutahizamu usanzwe ukinira ikipe ya Kiyovu Sport Ali Musa Sova ubu ari i Nyanza aho ari gukorera imyitozo mu ikipe ya Rayon Sport, abenshi mu bakunzi bayo bibwiraga ko agiye kuyikinira ariko ubuyobozi bw’Umuseke bwabihakanye. Ntampaka Theogene yabwiye Umuseke ko Ali Mussa ataje gukina muri Rayon nk’umukinnyi wabo ahubwo yasabye kuza kwitozanya n’abandi gusa. Ntampaka […]Irambuye

Nshimiyimana ari kuvugana na AS Kigali

Nyuma y’uku ikipe ya As Kigali iburiye umutoza wayo Cassa Mbungo Andre wagiye muri Police FC hamaze iminsi amakuru avuga ko Kaze Cedrick wirukanwe mu ikipe ya Mukura ndetse na Eric Nshimiyimana ngo bombi baba bari mu biganiro n’ikipe ya As Kigali, Felix Masengesho umuyobozi wa As Kigali yabanje kubihakana. Ariko nyuma aza kwemera ko bari […]Irambuye

Eric Nshimiyimana yagizwe umutoza MUSHYA wa Kiyovu

Umutoza Eric Nshimiyimana yamaze kugirwa umutoza mukuru w’ikipe ya Kiyovu Sports nk’uko umuyobozi w’iyi kipe yabyemereye Umuseke kuri uyu wa mugoroba wo kuwa 07 Nyakanga. Eric Nshimiyimana amaze iminsi nta kipe afite nyuma yo gusezererwa mu ikipe y’igihugu Amavubi hakazanwa umwongereza Stephen Constantine. Jean Pierre Kayuma uyobora ikipe ya Kiyovu Sports yabwiye Umuseke ko bamaze […]Irambuye

Avram Grant watoje Chelsea, yabuze abavandimwe muri Jenoside

Umuyahudi wigeze gutoza ikipe ya Chelsea mu gihugu cy’Ubwongereza, Avraham Grant umaze iminsi micye mu Rwanda, yaraye agaragaye ku mukino wahuje APR FC na Kiyovu Sports. Mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru yababwiye ko yaje kwifatanya n’abanyarwanda mu mateka ahuje nabo. Uyu mutoza yageze kuri uyu mukino ubura igihe gito ngo urangire, abanyacyubahiro bari kuri uyu […]Irambuye

en_USEnglish