Tags : Kiyovu Sports

Kiyovu IRAMANUTSE!!! AbaRayon ‘bayishyinguye’ ku Mumena

Ni inkuru y’incamugongo ku bakunzi bayo by’umwihariko n’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange kuba ikipe ya Kiyovu Sports, imwe mu makipe makuru mu Rwanda ubu itagishoboye gukina mu kiciro cya mbere. Mukeba wa kera Rayon Sports niwe ushimangiye ubushobozi bucye bwayo ayitsinda ibitego bibiri kuri kimwe imanuka ityo mu kiciro cya kabiri. Kuri Stade de l’Amitie […]Irambuye

Rayon izahabwa igikombe tariki 15/06 i Nyamirambo

Ku mukino wa nyuma wa Shampionat tariki 15/06/2017 nibwo Rayon Sports izashyikirizwa igikombe cya Shampionat ya Azam Rwanda Premier League ya 2015/16 aho kuba ku mukino uzayihuza na APR FC mu mpera z’iki cyumweru nk’uko Rayon Sports yari yabisabye FERWAFA. Rayon Sport yari yandikiye FERWAFA kuwa 24 Gicurasi isaba ko yahabwa igikombe kuri iki cyumweru […]Irambuye

“Natoje Rayon Sports na Kiyovu nzivamo kubera ubuswa bw’abaziyobora”- Kanyankore

Kuri uyu wa kabiri tariki 26 Nyakanga, APR FC yatangaje abatoza bashya bayobowe na Kanyankore Gilbert Yaoundé bagomba kuyifasha guhagarara ku gikombe cya Shampiyona yatwaye, wanahise atangaza ko abayobozi b’ikipe z’abakeba Rayon Sports na Kiyovu ari abaswa. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye ku kicaro cyayo, APR FC yerekanye itsinda ry’abatoza bazayitoza umwaka utaha, bayobowe na Kanyankore […]Irambuye

Gicumbi FC yari kwakira Kiyovu ishobora guterwa mpaga

Ikibazo cy’amikoro gishobora gutuma Gicumbi FC iterwa mpaga na Kiyovu Sports, kuko abakinnyi bayo bemeje ko badakina badahembwe ibirarane by’imishahara y’amezi atatu baberewemo. Kuri uyu wa gatatu, hateganyijwe imikino inyuranye yo ku munsi wa 29 wa Shampiyona y’u Rwnada “AZAM Rwanda Premier League”. Umukino Gicumbi FC yagombaga kwakira mo Kiyovu Sports ushobora kutaba kuko abakinnyi […]Irambuye

Muhanga itsinze Amagaju 4-1, Ombolenga afasha Kiyovu gutsinda Espoir

Kuri uyu wa kabiri, hakinwe imikino y’umunsi wa 17 wa Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda, Muhanga inyagira Amagaju FC 4-1, mu gihe Kiyovu Sports yatsinze Espoir igitego 1- 0. Muri uyu mukino, umuzamu w’amagaju Rukundo Protegene bita Tiger, yahawe ikarita itukura, ku ikosa yakoreyakoreyye Bokota Labama. Mu minota 25 ya mbere, Nizigiyimana na Nzigamasabo […]Irambuye

Rayon Sports itsinze Kiyovu ariko umutoza wayo ahita YEGURA!!!

Mu buryo butangaje kandi butunguranye cyane Ivan Jacky Minnaert watozaga Rayon Sports nyuma yo gutsinda Kiyovu 2 – 0, abanyamakuru bari biteze ko agiye kubabwira uko yishimiye iyi ntsinzi, ariko ahita abatungura avuga ko asezeye ku gutoza Rayon Sports kubera impamvu zo gukorana n’abantu ngo batari abo kwizerwa. Uyu mubiligi yageze mu Rwanda mu rukerera […]Irambuye

Kiyovu byayinaniye, amateka mabi imbere ya APR yakomeje (AMAFOTO)

Nyamirambo – Ku mukino w’ikirarane w’umunsi wa cumi wa shampiyona urangiye APR FC yongeye gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0 byinjiye mu minota icyenda ya nyuma. Kiyovu Sports yariho igerageza kuvanaho amateka mabi yo kudatsinda APR mu myaka 10 ishize, byayinaniye. Kiyovu Sports yakiriye APR FC kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. Umukino watangiye amakipe yombi […]Irambuye

Seninga Innocent yirukanywe ku mirimo yo gutoza Kiyovu sports

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki 20 Mutarama 2016 Kiyovu Sports yasezereye uwari umutoza wabo Seninga Innocent, bari bamaranye amezi ane gusa. Seninga Innocent yahawe akazi ko gutoza Kiyovu Sports tariki ya 18 Kanama 2015, asimbuye umunya Nigeria Samuel Amamba wari utaramara iminsi 7 ahawe akazi muri iyi kipe nyuma yo gusanga atujuje […]Irambuye

Nyuma yo kunganya na Kiyovu ubu AS Kigali niyo iyoboye

AS Kigali y’umutoza Eric Nshimiyimana kuri iki cyumweru yanganyije na Kiyovu Sports mu mukino utabonetsemo igitego. Amakipe yombi yahuriye ku kibuga yitorezaho kuri Stade de l’Amitie ku Mumena wa Nyamirambo. Kiyovu  yakinaga idafite abatoza bayo kuko umutoza mukuru Seninga Innocent yagiye gukomeza amasomo yo gutoza iburayi, mu gihe na Kanamugire Aloys umwungirije nawe arwaye bikomeye, […]Irambuye

Kiyovu yemeje abatoza babiri mu cyumweru kimwe. Ubu yahawe Seninga

Mu cyumweru gishize Kiyovu Sports yatangaje ko yabonye umutoza mushya ukomoka muri Nigeria, nyuma y’iminsi itatu gusa basanze bari baramwibeshyeho bahise bamwereka umuryango. Iyi kipe y’i Nyamirambo ubu yemeje ko umutoza wayo mushya ari Innocent Seninga watozaga Isonga FC mu mwaka ushize w’imikino. Elie Manirarora Umunyamananga mukuru w’ikipe ya Kiyovu Sports, niwe wemeje ko Innocent […]Irambuye

en_USEnglish