Tags : Kenyatta

Ibigori Kenya ihunitse ngo abaturage babirya rimwe bigahita bishira

Amakuru atangwa n’Ikigo cya Kenya gihunika kandi kigasaranganya ibinyampeke (National Cereals and Prodice Board) arameza ko mu bigega byabo basigaranye 5 000 090 kg  z’ibigori, ibi bikaba byagaburirwa abatuye kiriya gihugu inshuro imwe nk’manywa gusa bakabirya  bigahita bishira. Imibare yo muri 2015 yatangajwe n’Umuryango w’Abibumbye ivuga ko muri uriya mwaka Kenya yari ituwe n’abaturaga barenga […]Irambuye

Raila Odinga ngo natsindwa amatora ya Perezida ya 2017 hazaba

Raila Odinga uhagarariye abatavuga rumwe na Leta muri Kenya yaraye abwiye abamushyigikiye ko nta kabuza bagomba gutsinda amatora yo mukwa munani uyu mwaka ngo bitabaye ibyo ibintu bikaba bibi muri Kenya. Abazatora muri aya matora baritegura kwiyandikisha guhera tariki 14/02/2017.   Perezida Uhuru Kenyatta watsinze Odinga mu matora aherutse, yasabye inzego zishinzwe kubahiriza amategeko kuzahana zihanukiriye […]Irambuye

Kenya: Impaka ku guhindura itegeko ry’amatora ryateye Abadepite kurwana

*Umwe mu Badepite yise Perezida Kenyatta ‘Igicucu gikabije”, Kenyatta na we ati “Ibigoryi bikomeje ku ntuka”. Abadepite bo mu ishyaka ritavuga rumwe n’irir ku butegetsi muri Kenya basohowe mu ngoro y’Inteko aho bavuga ko bahohotewe muri iyo nzu. Ibibazo byavutse mu mpaka zikomeye zijyanye no guhindura itegeko rijyanye n’amatora mu bijyanye no kuzabarura amajwi mu […]Irambuye

Uruzinduko rw’amateka rwa Netanyahu yarukomereje muri Kenya

Minisitiri w’Intebe wa Israel Benjamin Netanyahu mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri yamaze kugera mu gihugu cya Kenya mu rugendo rw’iminsi itatu rw’Amateka arimo ku mugabane wa Africa. Netanyahu ari muri Kenya nyuma y’uko kuri uyu wa mbere yari muri Uganda aho yabonanye n’Abakuru b’ibihugu barimo Paul Kagame w’u Rwanda, Yoweri Museveni wa Uganda, […]Irambuye

Kenya: Kenyatta yavuze akababaro aterwa na Ruswa iri mu gihugu

Israel- Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yanenze cyane abaturage b’igihugu cye kubera ruswa yo hejuru, amacakubiri n’ibindi bikorwa bigayitse, aho yasozaga uruzinduko rw’iminsi itatu muri Israel. Ubwo yagezaga ijambo ku Abanyakenya baba mu gihugu cya Israel, Perezida Kenyatta yavuze ko ikintu giteye agahinda n’isoni ari uko igihugu cyabo cyakataje mu bintu bibi. Ibintu bibi yavugaga […]Irambuye

Ibihugu 5 bya EAC biri guhuza ibisabwa mu kwandikisha imiti,

I Kigali, kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nzeri, habaye inama yo gusobanurira abacuruza imiti (Pharmacists) bikorera n’abandi ibikorwa byo kugeza imiti ku isoko bireba harimo Ministeri y’Ubucuruzi n’Inganda, iy’Ubuzima n’iy’ibikorwa by’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba, iby’uko ibihugu bitanu bya EAC bishaka guhuza amabwiriza agenga imiti n’akamaro bifite. Abari muri iyi nama yateguwe n’Ubunyamabanga bw’Umuryango wa […]Irambuye

UN iri kunanirwa muri Syria kubera inyungu z’ibihangange – Ban

Umunyamabanga Mukuru wa UN, Ban Ki-moon, yemeye ko Umuryango w’Abibumbye wananiwe kugira icyo ukora ngo intambara muri Syria irangire kubera ubwumvikane buke mu bihugu by’ibihanganjye, ibihumbi by’abantu bikomeje gitikira, abandi batagira ingano bahunga umusubizo mu buryo butigeze bubaho muri iki kinyejana. Umunyamabanga Mukuru wa UN yatangarije ikinyamakuru The Guardian cyo mu Bwongereza ko ibihugu by’ibihanganjye, […]Irambuye

Obama ntazavuga iby’ ‘UBUTIGANYI’ – Perezida Kenyatta

Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yabwiye abanyamakuru ko mu bigenza Perezida wa America Barack Obama muri Kenya, ibyo kuvuga ku burenganzira bw’abashaka kubana bahuje ibitsina ‘UBUTINGANYI’ bitarimo. Uhuru Kenyatta yavuze ko mu byo azaganira na Perezida Obama nta burenganzira bw’abatinganyi burimo. Barack Obama azagera mu gihugu cya Kenya ku wa gatanu w’iki cyumweru mu nama […]Irambuye

Kenya: Uruzinduko rwa Obama rwatumye hamaganwa UBUTINGANYI

Amatsinda y’Abakiristu badashyigikiye umuco wo gushakana ku bahuje ibitsina (Ubutinganyi), ndetse na bamwe mu badepite muri Kenya, kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Nyakanga bakoze urugendo rwo kwamagana ibyo bikorwa. Uru rugendo ni ikimenyetso cyo kwereka Perezida Barack Obama ko badashyigikiye ubutinganyi dore ko azasura iki gihugu cya Kenya akomokamo tariki ya 25 muri […]Irambuye

en_USEnglish