Tags : Jammeh

Senegal yamenye ko hari abashaka gukora Coup d’Etat muri Gambia

Muri raporo yatanzwe n’inzego z’iperereza za Senegal yemeza ko hari amakuru afatika ko hari bamwe mu bahoze bashyikigiye Yahya Jammeh wahoze ayobora Gambia bifuza kuzamugarura ku butegetsi binyuze mu guhirika ubutegetse. Ubutasi bwa Senegal bwemeza ko abashaka guhitana Perezida mushya Adama Barrow baherereye muri Mauritania, Guinea Bissau no muri Guinea Conakry. Amakuru ari kunonosorwa n’inzego […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh ngo yisahuye miliyoni 50$ mu kigega cya

Urukiko rukuru rwa Gambia rwameje ko ubwo uwahoze ayobora kiriya gihugu yahungiraga muri Guinée Equatoriale umwaka ushize ngo yagiye asahuye ikigega cya Leta miliyoni 50 $. Uru rukiko rwafashe icyemezo cyo gufataho ingwate imitungo yose yasize muri kiriya gihugu. Yahya Jammeh arashinjwa kuba yarasahuye igihugu akoresheje kuriganya amafaranga ibigo byacuruzaga services z’itumanaho cyane cyane Ikigo […]Irambuye

Gambia: Uwahoze arinda Jammeh birakekwa ko ‘yari agiye kwivugana Barrow’

Perezida Adama Barrow birakekwa ko yari agiye kwivuganwa na Sergeant Baboucarr Njie waraye afatiwe mu musigiti wasengerwagamo na Barrow. Uyu musirikare muto wahoze ari mu barinda Jammeh yafashwe yitwaje imbunda nto ya Pistol yari yuzuye amasasu. Uyu musirikare wiyemerera ko ari mu bahoze barinda wahoze ari umukuru wa Gambia, Yahya Jammeh, ntibiramenyekana niba yashakaga kwica Perezida […]Irambuye

Perezida mushya wa Gambia yahungutse yageze i Banjul

Kuri uyu wa Kane, mu masaha y’umugoroba i Kigali, Adama Barrow uherutse kurahirira kuyobora Gambia ari mu buhungiro muri Senegal yavuye muri icyo gihugu atahutse ngo ajye gushyira mu bikorwa inshingano yahawe n’abaturage. I Dakar yasezewe n’abayobozi bamuherekeje ku kibuga cy’indege, ku isaha ya saa 19h10 i Kigali ni bwo Barrow yari ageze i Banjul. […]Irambuye

Yahya Jammeh yasabwe kwegura bitarenze igicamunsi cyo kuri uyu wa

Abayobozi b’ibihugu by’umuryango wa Afurika y’Iburengerazuba ECOWAS bahaye Perezida Yahya Jammeh amahirwe ya nyuma yo kuva mu Biro by’Umukuru w’Igihugu ku bushake bwe bitarenze igicamunsi cy’uyu wa gatanu  nyuma y’uko ingabo za Senegal zamaze kwinjira muri Gambia. Yahya Jammeh yahawe isaha ya saa sita z’amanywa zo kuri uyu wa gatanu ko ari yo saha ntarengwa […]Irambuye

Ghana na yo yemeje ko izohereza ingabo 200 muri Gambia

Igihugu cya Ghana cyemeje ko kizohereza ingabo zibarirwa muri 200 mu rwego rwo gushyigikira ibikorwa by’Umuryango wa Ecowas, bigamije kuvana ku butegetsi Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh igihe yaba akomeje kwanga kurekura ubutegetsi. Umuvugizi w’ingabo muri Ghana, Col Aggrey Quashie yemereye BBC ko igikorwa cyo kohereza ingabo kizaba mu minsi mike iri imbere. Ghana yasohoye […]Irambuye

Adama Barrow watorewe kuyobora Gambia yahungiye muri Senegal

Adama Barrow watowe n’abaturage ngo ayobore Gambia kuri iki Cyumweru yabaye ahungishirijwe muri Senegal baturanye kugeza igihe cyo kurahirirra imirimo mishya kigeze. Uku kumuhungisha ni uburyo bwo guha umwanya Yahya Jammeh ngo atange ubutegetsi neza kugira ngo uwatowe abone uko agaruka mu gihugu adafite undi umuteye impungenge. Kugeza ubu Perezida wacyuye igihe Yahya Jammeh yaranangiye […]Irambuye

ECOWAS yegereye Jammeh bwa nyuma ngo arekure ubutegetsi

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Africa y’Iburengerazuba bigamije ubufatanye mu bucuruzi (ECOWAS) bari muri Banjul, Gambia, kuganira bwa nyuma na Perezida Yahya Jammeh ngo bamusabe kurekera ubutegetsi uwo abaturage batoye ariwe Adama Barrow. Ibi bishyigikiwe na Nkhosazana Dlamini –Zuma ukuriye Umuryango w’Africa yunze ubumwe.   Mu mpera z’icyumweru gitaha nibwo Perezida Jammeh agomba kurekura ubutegetsi. Ba […]Irambuye

Gambia: Perezida wa Komisiyo y’Amatora ‘yabuze’

Perezida wa Komisiyo y’Amatora muri Gambia, (Independent Electoral Commission, IEC) yagiye mu bwihisho, nk’uko byatangajw en’abo mu muryango we bavuganye na BBC. Hari amakuru ahwihwiswa ko Alieu Momar Njai, watangaje ko Perezida Yahya Jammeh yatsinzwe amatora mu Ukuboza 2016, ko yaba yahunze igihugu. Perezida Yahaya Jammeh mbere yemeye ibyavuye mu matora yari yatsinzwemo na Adama […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh ntaremera ibyavuye mu matora, yaburiye ingabo za

Perezida Yahya Jammeh yavuze ko icyemezo cy’Umuryango w’Ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba cyo kohereza ingabo muri Gambia ngo zimukure ku butegetsi ku mbaraga igihe azaba yanze kuburekura, ari ‘ugutangaza intambara ku magaragaro’. Abayobozi b’ibihugu mu muryango uhuza ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba (ECOWAS), bafashe icyemezo cyo kohereza ingabo z’uwo muryango ku wa kane w’icyumweru gishize, ni nyuma […]Irambuye

en_USEnglish