Tags : Haruna Niyonzima

Nizar Kanfir afitiye icyizere abasore be ko bazasezerera Yanga

APR FC na Yanga Africans, zakoze imyitozo ku mugoroba wo kuri uyu wa kane zitegura umukino ugomba kuzihuza kuwa gatandatu muri CAF Champions League. Imihigo ni yose ku mpande zombi. Umutoza wa APR FC ngo afitiye icyizere abasore be. Umuseke waganiriye n’umutoza wa APR FC, Nizar Kanfir atubwira aho ageze yitegura uyu mukino. Nizar Kanfir […]Irambuye

Yanga Africans igeze i Kigali, ije guhangana na APR FC

Yanga Africans bita Wana-Jangwani igeze i Kigali ahagana saa yine n’igice kuri uyu wa kane, ije mu Rwanda gukina na APR FC umukino ubanza mu marushanwa y’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa, izanye abasore bayo bazwi mu Rwnada nka Haruna Niyonzima na Mbuyu Twite. Umukino uzaba kuwa gatandatu kuri Stade Amahoro. Yanga ije mu […]Irambuye

Yanga Africans izahangana na APR FC iragera mu Rwanda kuri

Biteganyijwe ko ikipe ya Yanga Africans muri Tanzania bita Wana-Jangwani igera mu Rwanda kuri uyu wakane, ije kwitegura APR FC bazakina kuwa gatandatu mu mikino nyafrica y’amakipe yabaye aya mbere iwayo ategurwa na CAF. Yanga Africans ya kapiteni w’Amavubi Haruna Niyonzima na Mbyu Twite bombi baciye muri APR FCizahangana na APR FC kuwa gatandatu kuri […]Irambuye

CECAFA: Tanzania yatsinze u Rwanda 2 -1

Kuri uyu wa kabiri, Tanzania n’u Rwanda byakiniye mu mujyi wa Awassa muri 270Km uvuye mu majyeofo ya Addis Ababa, Ethiopia. Wari umukino wa kabiri mu itsinda A ririmo aya makipe yombi hamwe na Ethiopia na Somalia. Tanzania yatsinze Amavubi ibitego bibiri kuri kimwe bituma Tanzania igira amahirwe menshi yo gukomeza muri kimwe cya kane […]Irambuye

Birambabaza cyane kubona umunyarwanda udaha ikizere ikipe y’igihugu cye –

Mbere y’umukino Amavubi akina na Libya kuri uyu wa gatanu mu guhatanira ticket y’igikombe cy’isi cya 2018 mu majonjora y’ibanze, kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Haruna Niyonzima yatangaje ko bimubabaza cyane iyo abona hari umunyarwanda ukunda igihugu cye ariko udaha ikizere ikipe y’igihugu. Asaba abanyarwanda kugirira ikizere Amavubi kandi uyu munsi bakora ibishoboka byose bakavana intsinzi […]Irambuye

Amavubi yitegura Ghana, yatsinze Walias ya Ethiopia 3 -1

Umugambi ni uguhangamura Ghana, ihagaze neza mu itsinda H irimo n’Amavubi. Mu mukino wo kwitegura uyu, Amavubi yatumiye Walias ya Ethiopia ayitsinda ibitego bitatu kuri kimwe muri iyi week end kuri stade Amahoro i Remera. Ku munota wa 19 gusa rutahizamu Ernest Sugira yafunguye amazamu aherejwe neza cyane na Kapiteni wabo Haruna Niyonzima. Igice cya […]Irambuye

Haruna na Migi bageze mu myitozo y’Amavubi yitegura Ghana

Kapiteni w’ikipe y’igihugu Haruna Niyonzima ukinira Young Africans muri Tanzania na Mugiraneza J.Baptiste ukinira AZAM FC nayo y’aho nabo bageze mu Rwanda aho bahise batangirana imyitozo n’abandi bari kwitegura umukino wa gicuti wa Ethiopia n’uwo guhatanira kujya muri CAN2017 wa Ghana. Aba basore b’ingenzi cyane mu bakina hagati mu ikipe y’u Rwanda batangiye imyotozo kuri […]Irambuye

Tugomba kugarura Perezida Kagame kuri stade – Haruna

Perezida Paul Kagame mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu mezi abiri ashize yagaragaje gucika intege ku ikipe y’igihugu Amavubi idatanga umusaruro ugaragara. Haruna Niyonzima kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru w’imikino Gakuba Abdoul Jabar yamubwiye ko bari gukora ibishoboka ngo bamugarure ku kibuga kubashyigikira. Haruna Niyonzima yavuze ko bishimisha iyo umubyeyi yaje kugushyigikira mu […]Irambuye

Amafoto 50 waba utarabonye ubwo Amavubi yatsindaga Congo

Kuwa gatandatu tariki 02 Kanama ikipe y’u Rwanda yasezereye iya Congo Brazzaville mu kiciro cya nyuma cy’ijonjora. Amavubi yahise yinjira mu matsinda ari nayo azavamo amakipe 15 azajya mu gikombe cya Africa cya 2015 muri Maroc. Ufana Amavubi wese yahise yongera kwibuka ‘ambiance’ ya 2004 Amavubi ajya muri CAN. Aya ni amwe mu mafoto ushobora […]Irambuye

Haruna mu myitozo muri APR FC no muri Studio kwa

Haruna Niyonzima umukinnyi mpuzamahanga ukomoka i Rubavu agakina mu ikipe ya Yanga Africans muri Tanzania, hari amakuru avuga ko yaba agiye kugaruka mu ikipe ya APR FC yahozemo, gusa we yabwiye Umuseke ko ubu kuba ari kugaragara mu myitozo ya APR FC ari uko ari mu biruhuko. Muri ibi biruhuko arimo avuga ko mu gitondo […]Irambuye

en_USEnglish