Tags : Gicumbi district

Mu turere 5: 117 bafite ubumuga bukomatanyije bari kwiga, barasaba

*Ngo abasaga 40 barangije Kaminuza ariko ngo kubona akazi ni ingume… Gicumbi- Kuri uyu wa 26, Umuryango w’abafite ubumuga bukomatanyije wasuye aka karere kugira ngo umenye abafite ubu bumuga bitabweho. Uyu muryango uvuga ko mu turere dutanu wasuye, wasanze abantu 117 bafite ubu bumuga bukomatanyije bari kwiga mu mashuri atandukanye ariko bagihura n’imbogamizi. Abandi basaga […]Irambuye

Gicumbi: Abanyarwanda icyubahiro tugendana ni uko twahisemo kuba umwe- Bosenibamwe

Guverineri w’Intara y’Amjyaruguru, Bosenibamwe Aime arasaba abaturage bo mu karere ka Gicumbi kuzirikana aho bavuye n’aho bageze kugira ngo barusheho kwiteza imbere baharanira kutazasubira mu by’abatanyaga. Avuga ko ibyo Abanyarwanda bari kugeraho babikesha kureba kure bagahitamo kumva ko bose ari bene Kanyarwanda. Ni mu biganiro yagiranye n’abaturage bo mu karere ka Gicumbi mu mpera z’icyumweru […]Irambuye

Gicumbi: Busingye ngo ikiciro cya mbere/Ubudehe nta Munyarwanda ukwiye kukibamo

*Guverineri Bosenibamwe we yabasabye kutaganya bagasebya Intara ikungahaye… Kuri uyu wa 01 Ukwakira, mu murenge wa Ruvune mu karere ka Gicumbi habaye Igikorwa cyo Gutangiza Igihembwe A cy’ Ihinga, Minisitiri w’ Ubutabera akaba n’imboni y’aka karere, Johnston Busingye yasabye abaturage bari mu kiciro cya mbere cy’Ubudehe muri karere guharanira kukivamo. Ati “ Ikiciro cya mbere cy’Ubudehe ni […]Irambuye

Gicumbi: Urubyiruko rwagaragaje ko runyotewe no kwipimisha ‘SIDA’

Muri ishuri rya Groupe Scolaire Gishambashayo ryo mu murenge wa Rubaya mu karere ka Gicumbi, kuri uyu wa 23 Nzeri, urubyiruko rwiga muri iri shuri rwagaragaje ko rwifuza kwipimisha agakoko gatera SIDA kugira ngo bamenye uko bahagaze banarusheho gukomeza kwirinda aka gakoko. Ni mu bukangurambaga bw’umuryango Imbuto Foundation ku myitwarire iboneye ikwiye urubyiruko no kwirinda […]Irambuye

Muhazi: Ngo ikiyaga kiri kubatwarira ubutaka kubera imigano itakiba ku

Ku kiyaga cya Muhazi, ahagana ku ruhande rw’akarere ka Gicumbi mu majyaruguru y’u Rwanda ntihakirangwa ibiti by’imigano byahahoze, bamwe mu baturage bakavuga ko aho ibi biti bicikiye amazi y’iki kiyaga akomeje gusatira ubutaka bwabo basanzwe bahingamo akabutwara. Aba baturage baturiye aha hahoze imigano ariko itakiharangwa, bavuga ko babwiwe kenshi ko ibi biti biba bifatiye runini […]Irambuye

Gicumbi: Impanuka y’imodoka yari itwaye imbaho yahitanye babiri

Ahagana saa 20h30 z’ijoro ryo kuri kuri uyu wa Kabiri, mu kagari ka Nyabishambi, mu murenge wa Shangasha, mu karere ka Gicumbi, imodoka ya Toyota Dyna RAC821K yaraye ikoze impanuka ihitana babiri, abandi bane barakomere. Ishami rya police rishinzwe umutekano wo mu muhanda, rivuga ko iyi modoka yari itwawe na Nkundabera Venuste wahise atoroka. Iyi […]Irambuye

Gicumbi: Ngo Inzego z’Ibanze ni zo zituma Kanyanga idacika…

*IPGL n’Itangazamakuru mu biganiro byo guhashya ibiyobyabwenge, *Bosenibamwe avuga ko abayobozi bakingira ikibaba abinjiza kanyanga batazihanganirwa. Mu biganiro nkemurampaka byari bigamije gukumira no kurandura Ibiyobyabwenge bikunze kuvugwa mu karere ka Gicumbi, by’umwihariko Kanyanga, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, abayobozi bo mu nzego z’Ibanze bagarutsweho ko ari bo batuma iki kiyobyabwenge gikomeza kunyobwa muri […]Irambuye

Gicumbi: Umuyobozi w’ umudugudu ngo yaateye ubwoba umuturage ko azamwica

Mu nama ubuyobozi bw’akagari ka Kibari ko mu murenge wa Byumba bwaraye bugiranye n’abaturage, umwe mu baturage utuye mu mudugudu wa Rugarama yatangaje ko yatewe ubwoba n’umuyobozi w’uyu mudugudu, akamubwira ko azamwica.   Muri iyi nama iba igamije gukemura ibibazo n’amakimbirane byugarije abaturage, uwitwa Vestine yavuze ko yatewe ubwoba na Ndakwizera Consolateur uyobora umudugudu wa […]Irambuye

Gicumbi: Ku munsi w’isoko abana benshi basiiba ishuri bagatwaza ababyeyi

Mu masoko yo mu karere ka Gicumbi hagaragaramo abana benshi bavuga ko baba basibijwe n’ababyeyi babo kugira ngo babatwaze amatungo n’imyaka baba bazanye mu isoko. Aba bana bavuga ko bakunze gutwaza ababyeyi babo amatungo magufi nk’ihene n’inkwavu, abandi bakavuga ko baba baje bikoreye imyaka. Umwe muri aba bana (Utavuzwe kuko atuzuje imyaka y’ubukure) ufite imyaka […]Irambuye

en_USEnglish