Tags : Frank Rusagara

BrigGen Frank Rusagara yashinjwe gusebya Leta avuga ko “U Rwanda

*U Rwanda “A police state…”, “A banana republic…”, “Our guy (Kagame) is finished…” ibyo ni amagambo umushinjacyaha yakoresheje ashinja Rusagara, * “U Rwanda rwagiye kurwana intambara zo muri Congo ku nyungu z’abantu ku giti cyabo…”, * “Museveni is a smart guy, he handles DRC issues smartly, our guy is fineshed” * “Ibihano u Rwanda rwafatiwe, […]Irambuye

Rusagara ureganwa na Col Byabagamba yavuze ko ubu afungiye mu

 “Bankuye ku Murindi banzana i Kanombe”; “Mu cyumweru nsurwa amasaha 6; mfungiwe mu kato”; “Mfunzwe mu buryo butemewe n’amategeko,…bibangamiye ubuzima bwajye, ndarwaye.” Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, baburana ubujurire ku iburabubasha ry’Inkiko; Brg Gen (Retired) Frank Rusagara, uregwa hamwe na Col Tom Byabagamba na Sgt Kabayiza Francois bose hamwe bakurikiranyweho ibyaha birimo gukwirakwiza […]Irambuye

Uwunganira Frank Rusagara uyu munsi niwe wabuze mu rukiko

Mu rubanza Ubushinacyaha bwa Gisirikare buregamo Col Tom Byabagamba na bagenzi be ibyaha birimo “Gusuzugura ibendera ry’Igihugu no kwangisha Abaturage ubutegetsi buriho; kuri uyu wa 29 Kamena, umwe mu baregwa yabwiye Urukiko ko atashobora kuburana kubera uburwayi, naho Abavoka bitabiriye iburanisha bavuga ko batamenyeshejwe mu nzira nyayo ibyemezo bafatiwe bityo urubanza rurasubikwa kuko batari bishyura […]Irambuye

Uyu munsi abunganizi babo babuze mu iburanisha nta mpamvu izwi

17 Kamena 2015 – Abacamanza baraye bategetse ko urubanza rukomeza kuri uyu wa gatatu saa mbili za mugitondo, gusa ahagana saa tanu n’igice nibwo abacamanza binjiye mu cyumba cy’iburanisha. Abunganira abaregwa ariko ntabwo bigeze bagera ku rukiko uyu munsi. Bityo abaregwa bahita bavuga ko batiteguye kuburana batunganiwe. Me Pierre Celestin Buhura wunganira Frank Rusagara, Me […]Irambuye

Rusagara na Col.Byabagamba bifuje ko buri wese aburana ukwe. Urukiko

Updated 16/06/2015  5 P.M – Ku rukiko rukuru rwa gisirikare i Kanombe kuri uyu wa kabiri hakomeje urubanza ubushinjacyaha buregamo Frank Rusagara, Col Tom Byabagamba na Francois Kabayiza ibyaha birimo gutunga intwaro binyuranyije n’amategeko no gukwirakwiza ibihuha bigamije kwangisha abaturage ubutegetsi buriho. Mu iburanisha rya none abaregwa basabye ko imanza zabo uko ari batatu zitandukanywa, ibi […]Irambuye

‘Avoka utazwi’ yateje isubikwa ry’Urubanza ruregwamo Col Byabagamba

Mu rubanza Ubushinjacyaha bwa Gisirikare buregamo Col.Tom Byabagamba na bagenzi be Brig Gen Frank Rusagara (Retired) na Sgt Kabayiza (Retired) ibyaha bikomeye bijyanye no kwangisha ubutegetsi buriho abaturage, rwongeye gusubikwa bisabwe na Munyandatwa Nkuba Milton wunganira Kabayiza ariko bakaba batarabonana na rimwe mu rukiko.   Kuri uyu wa 11 Gicurasi byari biteganyijwe ko Urukiko rukuru […]Irambuye

Kuburanisha Col Byabagamba na Gen Rusagara byasubitswe kuko Kabayiza arwaye

*Kabayiza Francois avuga ko iyicarubozo n’uburwayi bw’umwijima asanganywe bitatuma abasha kuburana, *; * Arasaba ko yabanza akavuzwa kandi bikabamo impiduka kuko ngo avuzwa n’abamukoreye iyicarubozo, ibintu we ngo adafitiye icyizere*; *Col. Tom Byabagamba we ngo impamvu zatumaga akomeza gufungwa by’agateganyo ntizigifite ishingiro, arifuza kuburana ari hanze*; * Uwunganira Brg.Gen Frank Rusagara we ngo ntarishyurwa kuko […]Irambuye

Ubujurire bwa Rusagara na Col Byabagamba BWATESHEJWE AGACIRO

Kanombe – Kuri uyu wa 09 Ukwakira 2014,Urukiko rukuru rwa gisirikare rwatanze umwanzuro ku bujurire bwa Col Tom Byabagamba, Frank Rusagara na Francois Kabayiza ku cyemezo cy’Urukiko rw’ibanze rwa gisirikare cyo kubafunga iminsi 30 mbere y’iburanisha ry’urubanza mu mizi. Uru rukiko rukuru rwanzuye ko umwanzuro w’urukiko rw’ibanze ugumyeho kuko abaregwa bashinjwa ibyaha urukiko ruvuga ko […]Irambuye

Col Byabagamba yibaza ibyo aregwa isomo bizasigira abanyarwanda

Col Tom Byabagamba wahoze ayoboye ingabo zirinda umukuru w’igihugu ari kuburanishwa n’inkiko za Gisirikari ku byaha byo kwakira imbunda mu buryo bunyuranyije n’amategeko ndetse no gukwirakwiza impuha zangisha rubanda ubutegetsi buriho. Mu rubanza kuri uyu wa 07 Ukwakira yavuze ko yibaza isomo urubanza rwe  ruzasigira abanyarwanda. Col Byabagamba ashinjwa ibyaha bitatu byo guhisha nkana ibimenyetso […]Irambuye

Col.Byabagamba na Frank Rusagara barafungwa by'agateganyo

Urukiko rwa gisirikare i Nyamirambo rwategetse ko Col Tom Byabagamba, (Rtd)Brig Gen Frank Rusagara wasezerewe mu ngabo  ndetse n’umushoferi wa Rusagara witwa Francois Kabayiza na we wasezerewe ngabo z’u Rwanda bafungwa iminsi 30 by’agateganyo mbere y’uko urubanza rwabo rutangira kuburanishwa mu mizi, icyemezo cyafashwe kuri uyu wa kabiri tariki 30 Nzeri 2014. Uyu musirikare mukuru, Col […]Irambuye

en_USEnglish