Tags : FERWACY

Tour Du Rwanda turayisubiza nta kabuza – Aimable Bayingana

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 12 Ugushyingo, Aimable Bayingana, Perezida w’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare yasezeranyijeAbanyarwanda ko Ikipe y’Igihugu cy’u Rwanda “Team Rwanda” izahatana mu irushanwa ry’amagare ryo kuzenguruka u Rwanda “Tour du Rwanda 2015” izaryisubiza nta kabuza kuko yateguwe neza. Tour du Rwanda iratangira kuri iki cyumweru Tariki 15 Ugushyingo […]Irambuye

Abakinnyi bose ba Team Rwanda basubiye kwitoza bategura Tour du

Amakauru agera k’Umuseke aremeza abakinnyi bose b’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare baraye basubiye muri camp y’imyitozo i Musanze, ni nyuma y’ibiganiro byabaye nijoro hagati y’abakinnyi n’ubuyobozi bw’ishyirahamwe ryo gusiganwa ku magare na Minisiteri y’imikino kubera ubwumvikane bucye bwari bwaje hagati ya bamwe muri aba bakinnyi n’ubuyobozi. Abakinnyi 13 barimo abakomeye nka Joseph Biziyaremye ubu ufite shampionat […]Irambuye

15 bazakina ‘Tour du Rwanda’ berekanywe banahabwa amagare bemerewe na

Musanze –  Kuri uyu wa kane abakinnyi bagize amakipe atatu y’u Rwanda bazahatana muri  “Tour Du Rwanda” bamuritswe kandi bahabwa amagare mashya bazakoresha muri iri rushanwa. Aya ni amagare kandi bemerewe na Perezida Paul Kagame. Uyu muhango watangijwe n’umunota wo kwibuka umusore Yves Kabera Iryamukuru uherutse kwitaba Imana mu irushanwa rya Rwanda Cycling Cup mu […]Irambuye

Muri Rwanda Cycling Cup umukinnyi yakoze impanuka yitaba Imana

Updated 26/10/2015 10hAM : Kuri iki cyumweru ubwo abakinnyi basiganwaga mu makipe mu irushanwa rya Rwanda Cycling Cup mu gace ko kuva Rubavu bagana Kigali, umukinnyi Yves Kabera Iryamukuru yakoze impanuka ikomeye ageze i Shyarongi ahagana saa saba maze yihutanwa ku bitaro bya Kigali CHUK ariko birangira ashizemo umwuka. Iryamukuru w’imyaka 22 gusa yakiniraga ikipe […]Irambuye

Amagare: Bosco Nsengimana yegukanye isiganwa rya Rwamagana-Huye

Mu isiganwa rya ‘Rwanda Cycling Cup’ ryitabirwa n’abakinnyi b’imbere mu gihugu, Bosco Nsengimana yegukanye isiganwa rya kabiri ryabaga mu mpera z’iki cyumweru. Kuri iki cyumweru tariki 18 Ukwakira, abasiganwa bahagurutse i Rwamagana bagera i Huye Bosco Nsengimana ari we ubayoboye akoresheje amasaha 5 iminota 9 n’amasegonda 41. Ku ntera ya km 166, abasiganwa bahagurutse i […]Irambuye

Amagare: ‘Rwanda Cycling Cup’ irerekeza Nyagatare-Rwamagana-Huye

Amarushanwa y’abakinnyi b’imbere mu gihugu bakina umukino wo gusiganwa ku magare ‘Rwanda Cycling Cup 2015’ arakomeza mu mpera z’iki cyumweru hakinwa uduce tubiri twa Nyagatare –Rwamagana na Rwamagana-Huye. Aya marushanwa ategurwa n’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY) azaba kuwa gatandatu no ku cyumweru. Kuri iyi nshuro, abakinnyi bagiye gusiganwa mu nzira zizakoreshwa […]Irambuye

Congo-Brazza: Team Rwanda yegukanye umudali w’umwanya wa gatatu

Ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare “Team Rwanda” ihagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika “All Africa Games” iri kubera muri Congo-Brazzaville kuri uyu wa kane yegukanye umudari w’umwanya wa gatatu mu gusiganwa n’iminota ku makipe ahagarariye ibihugu. Kuri uyu wa kane tariki 10 Nzeri, amakipe y’ibihugu binyuranye bya Afurika yahatanye mu kiciro cyo gusiganwa hisunzwe […]Irambuye

Team Rwanda yabaye iya mbere muri Tour du Cameroun

Ku nshuro ya 12 ya Tour du Cameroun kuri etape ya munani ari nayo ya nyuma yakinwe kuri iki cyumweru,  ikipe y’u Rwanda niyo yaje imbere y’andi makipe. Umunyarwanda Emile Bintunimana niwe waje hafi ku rutonde rusange rw’abasiganwa aho yaje ku mwanya wa gatatu. Kamzong Abossolo Clovis umunyacameroun niwe wegukanye irushanwa, akurikirwa na Rasmané Ouedraogo […]Irambuye

en_USEnglish