Tags : Dr Vincent Biruta

Abazi Nyabarongo muri za 1960 yari urubogobogo, ku bandi ngo

*Abaturage bavukiye Mushishiro bahamya ko Nyabarongo ya kera yasaga neza, *Ukora ubucukuzi bw’amabuye we avuga ko bitashoboka ko Nyabarongo yaba urubogobogo, *Ku bandi barimo Minisitiri Vincent Biruta ngo hari byinshi byakorwa mu guhindura amazi ya Nyabarongo. Umunsi umwe, uwari Mayor wa Muhanga Mutakwasuku Yvonne yabwiye Perezida Kagame Paul ko azasubira mu karere ke Nyabarongo yarabaye […]Irambuye

2018: MINIRENA ivuga ko 30% by’ubuso bw’ubutaka buzaba buteyeho amashyamba

Kuri uyu wa Gatandatu ubwo hizihizwaga isabukuru y’ibiti ku nshuro ya 41 mu Rwanda hanatangizwa igihembwe cyo gutera ibiti, Minisitiri w’ibidukikije n’umutungo kamere, Dr.Vincent Biruta yavuze ko bikwiye ko Abanyarwanda bazirikana akamaro k’amashyamba, avuga ko mu mwaka wa 2018, amashyamba azaba ateye kuri 30% by’ubuso bw’ubutaka bw’u Rwanda. Minisitiri w’Umutungo Kamere, Dr Vincent Biruta wagarutse […]Irambuye

i Kigali inzobere ziriga uko amashyamba yangiritse yakongera kubaho

Abayobozi bafite mu nshingano kwita ku bidukikije n’impuguke muri byo, bateraniye i Kigali mu nama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa kabiri tariki 26 Nyakanga, bariga uko amashyamba yangijwe ku Isi yakongera kubaho nibura hakazasanwa Hectare miliyoni 100 z’amashyamba yangijwe muri Africa bitarenze 2020. Abantu bagera kuri 50 barimo abayobozi n’inzobere guhera kuri uyu wa […]Irambuye

Gahunda 14 zo kubungabunga ibidukikije zizatwara u Rwanda Miliyari 1.6

U Rwanda rukeneye miliyali 1.6 y’amadolari ya Amerika kugira ngo hahindurwe imikorere rujye mu cyerekezo kijyanye n’ingamba rwafashe mu kubungabunga ibidukikije, izo ngamba zigomba kugerwaho mu 2030 nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’Umutungo Kamere. U Rwanda nka kimwe mu bihugu byubaka gahunda zirambye zo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, kuri uyu wa kabiri tariki 19 Mata,  ku amasezerano […]Irambuye

U Rwanda ruzatera ibiti miliyoni 30 mu gihembwe cyahariwe amashyamba

Mu gihe hizihizwa isabukuru y’amashyamba ku nshuro ya 40 n’igihembwe cyo gutera amashyamba, mu Rwanda haraterwa miliyoni 30 zisaga z’ibiti by’amashyamba n’ibivangwa n’imyaka. Umunsi wahariwe kuzirikana ku kamaro k’igiti ku Isi uhuzwa no gutangira igihembwe cyo gutera amashyamba mu Rwanda, icyo gihe imbaga y’Abanyarwanda b’ingeri zose bagahuriza hamwe imbaraga muri icyo gikorwa hanakorwa ubukangurambaga bwo […]Irambuye

AMAFOTO: Umunsi wa nyuma wa Transform Africa

Ikiciro cya nyuma cy’inama y’iminsi itatu ya Transform Africa kitabiriwe na Perezida Kagame hamwe n’intumwa z’ibihugu bitandukanye mu karere. Aya ni amwe mu mafoto y’uyu munsi wa nyuma w’iyi nama ya Transform Africa yari ibereye mu Rwanda ku nshuro ya kabiri.   Photos/V.Kamanzi/UM– USEKE UM– USEKE.RWIrambuye

Kimironko: REMA ntijya imbizi n’akagari gashaka gushyira ikibuga mu gishanga

*Kubaka mu bishanga harimo uruhare rw’abaturage banga gutanga amakuru ngo batiteranya *Amategeko ariho akirengagizwa nkana kubera impamvu nyinshi… *Amazi ni umutungo kamere rusange nta we ukwiye guceceka abona yangirika *Twitegure ibihe bikomeye nidukomeza gusatira ibishanga tukanabyangiza imigezi igakama Mu byumweru bibiri bishize nibwo Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku bidukikije, REMA ubuyobozi bwamanutse bujya guhagarika imwe […]Irambuye

en_USEnglish