Digiqole ad

AMAFOTO: Umunsi wa nyuma wa Transform Africa

 AMAFOTO: Umunsi wa nyuma wa Transform Africa

Yanditse amagambo y’imirongo itatu

Ikiciro cya nyuma cy’inama y’iminsi itatu ya Transform Africa kitabiriwe na Perezida Kagame hamwe n’intumwa z’ibihugu bitandukanye mu karere.

Aya ni amwe mu mafoto y’uyu munsi wa nyuma w’iyi nama ya Transform Africa yari ibereye mu Rwanda ku nshuro ya kabiri.

Abitabiriye iki kiciro bicaye bategereje ko gitangira
Abitabiriye iki kiciro bicaye bategereje ko gitangira
Abashyitsi baturutse mu bihugu 30 bitabiriye iyi nama
Abashyitsi baturutse mu bihugu 30 bitabiriye iyi nama
Min Venantie Tugireyezu hamwe na bamwe mu bitabiriye iyi nama
Min Venantie Tugireyezu hamwe na bamwe mu bitabiriye iyi nama
Dr Donald Kaberuka wabaye Minisitiri w'imari w'u Rwanda n'umuyobozi wa BAD ari mu baje mui iyi nama
Dr Donald Kaberuka wabaye Minisitiri w’imari w’u Rwanda n’umuyobozi wa BAD ari mu baje mui iyi nama
Dr Kaberuka ni inararibonye mpuzamahanga mu by'ubukungu n'ishoramari
Dr Kaberuka ni inararibonye mpuzamahanga mu by’ubukungu n’ishoramari
Ba Minisitiri Gasinzigwa na Gen Kabarebe baganira mbere gato y'uko ikiciro cyo gusoza iyi nama gitangira
Ba Minisitiri Gasinzigwa na Gen Kabarebe baganira mbere gato y’uko ikiciro cyo gusoza iyi nama gitangira
Gen James Kabarebe aganira na Lt Gen Karenzi Karake, IGP Emmanuel Gasana wa Police n'umugaba w'ingabo Gen Patrick Nyamvumba
Gen James Kabarebe aganira na Lt Gen Karenzi Karake, IGP Emmanuel Gasana wa Police n’umugaba w’ingabo Gen Patrick Nyamvumba
Min Louise Mushikiwabo aganira n'umwe mu bashyitsi
Min Louise Mushikiwabo aganira n’umwe mu bashyitsi
IGP Emmanuel Gasana aganira na Gen Kabarebe
IGP Emmanuel Gasana aganira na Gen Kabarebe
Mbere gato y'uko inama itangira
Mbere gato y’uko inama itangira
Lt Gen Karenzi Karake ukuriye urwego rw'iperereza rw'u Rwanda yari mu bitabiriye iyi nama
Lt Gen Karenzi Karake ukuriye urwego rw’iperereza rw’u Rwanda yari mu bitabiriye iyi nama
Barareba kuri za Smartphone zabo
Barareba kuri za Smartphone zabo
Umwuka uri aha ni uw'ikoranabuhanga gusa gusa
Umwuka uri aha ni uw’ikoranabuhanga gusa gusa
Komiseri mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'imisoro n'amahooro Richard Tusabe mu bari muri iyi nama
Komiseri mukuru w’ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahooro Richard Tusabe mu bari muri iyi nama
Hon Wellars Gasamagera nawe areba kuri telephone ye
Hon Wellars Gasamagera nawe areba kuri telephone ye
Abagiye gutanga ikiganiro cya nyuma hamwe na Perezida Kagame
Abagiye gutanga ikiganiro cya nyuma hamwe na Perezida Kagame
Perezida Kagame ati "Tugomba guhindura imyumvire kugira ngo ikoranabuhanga rihindure ubuzima bwacu"
Perezida Kagame ati “Tugomba guhindura imyumvire kugira ngo ikoranabuhanga rihindure ubuzima bwacu”
Yongeraho ati "Ikoranabuhanga ntabwo ari ibikoresho gusa ahubwo ni umusaruro riduha"
Yongeraho ati “Ikoranabuhanga ntabwo ari ibikoresho gusa ahubwo ni umusaruro riduha”
Perezida Kagame ageza ijambo ku bari muri iki kiciro cya nyuma cy'inama ya Transform Africa ya kabiri
Perezida Kagame ageza ijambo ku bari muri iki kiciro cya nyuma cy’inama ya Transform Africa ya kabiri
Abayobozi batanze ikiganiro cya mbere ni abaje bahagarariye ibihugu byabo
Abayobozi batanze ikiganiro cya mbere ni abaje bahagarariye ibihugu byabo
Minisitiri w'ikoranabuhanga muri Angola
Minisitiri w’ikoranabuhanga muri Angola
Perezida Kagame yatambutse ajya gusura imurikabikorwa ry'iby'ikoranabuhanga muri iyi nama ya Transform Africa
Perezida Kagame yatambutse ajya gusura imurikabikorwa ry’iby’ikoranabuhanga muri iyi nama ya Transform Africa
Ruhakana Rugunda Minisitiri w'Intebe wa Uganda nawe aritegereza ibiri kumurikwa
Ruhakana Rugunda Minisitiri w’Intebe wa Uganda nawe aritegereza ibiri kumurikwa
Baramusobanurira ibyo bakora n'umusaruro bitanga
Baramusobanurira ibyo bakora n’umusaruro bitanga
Abakobwa bo ku ishuri rya Gashora Girls Academy bamurika ibyo bize bakora bijyanye n'ikoranabuhanga
Abakobwa bo ku ishuri rya Gashora Girls Academy bamurika ibyo bize bakora bijyanye n’ikoranabuhanga
Tumwe mu dukoresho tw'ikoranabuhanga aba banyeshuri bamurikiye Perezida
Tumwe mu dukoresho tw’ikoranabuhanga aba banyeshuri bamurikiye Perezida
Perezida Kagame yitegereza ibikorwa n'aba bakobwa
Perezida Kagame yitegereza ibikorwa n’aba bakobwa

_MG_0336

Ikibaho cyandikwaho n'abashyitsi icyo batekereza ku ikoranabuhanga
Ikibaho cyandikwaho n’abashyitsi icyo batekereza ku ikoranabuhanga
Perezida Kagame nawe yafashe ikaramu yandikaho ibye
Perezida Kagame nawe yafashe ikaramu yandikaho ibye
Abashyitsi barimo Ruhakana RUgunda(iburyo) bareba ibyo yandika
Abashyitsi barimo Ruhakana RUgunda(iburyo) bareba ibyo yandika
Yanditse amagambo y'imirongo itatu
Yanditse amagambo y’imirongo itatu

20151021_135923

Yasuye uruganda rwa Positivo BGH ruteranyiriza za mudasobwa mu Rwanda
Yasuye uruganda rwa Positivo BGH ruteranyiriza za mudasobwa mu Rwanda
Ifoto rusange y'abashyitsi bakuru; Madame Minisitiri w’ikoranabuhanga muri Sudani y’Epfo Rebbeca Okwaci, Minisitiri w’ikoranabuhanga wa Angola José Carvalho da Rocha, Minisitiri w’Intebe wa Mali Modibo Keita, Umunyamabanga mukuru wa ITU Zhao Zoulin, Perezida Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe wa Uganda Ruhakana Rugunda, Minisitiri w’Intebe wungirije wa Gabon Flavien Nziengui Nzoundou na Minisitiri w’ikoranabuhanga wa Kenya Fred Matiang’I.
Ifoto rusange y’abashyitsi bakuru; Madame Minisitiri w’ikoranabuhanga muri Sudani y’Epfo Rebbeca Okwaci, Minisitiri w’ikoranabuhanga wa Angola José Carvalho da Rocha, Minisitiri w’Intebe wa Mali Modibo Keita, Umunyamabanga mukuru wa ITU Zhao Zoulin, Perezida Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe wa Uganda Ruhakana Rugunda, Minisitiri w’Intebe wungirije wa Gabon Flavien Nziengui Nzoundou na Minisitiri w’ikoranabuhanga wa Kenya Fred Matiang’I.

 

Photos/V.Kamanzi/UM– USEKE

UM– USEKE.RW

8 Comments

  • hahaha! uti:”umwuka uri aha ni uw’ikoranabuhanga gusa gusa” gusa iyi nama ni iya mbere nari nyirimo, ni ikoranabuhanga kbs nibyo

  • Abakuru bi bihugu 11 bari bategerejwe ko batahageze?

    • sibo kamara

    • bohereje ba minisitiri b’ikoranabuhanga na PM

      • Ahaa nonese abo 11 ngo bohereje ba PM usanga bihwitse cyangwa nuko ntacyo byari bibabwiye? Muri diplomatie iyo bakoherereje PM cyangwa minafet kandi perezida atarwaye nagasuzuguro.Tujye tumenya kuvigisha ukuri, iyi nama barayipinze.

        • Barayipinze cyangwa ntacyo bari bafite bayizanyemo. Ubwo se waba ntacyo ukora mu Gihugu cyawe ukaba uzanye iki mu nama ivuga ku iterambere ry’ikoranabuhanga!

  • Perezida afite mukono mwiza nibwo bwa mbere mbonye aho yanditse n’ikaramu

    • Uzi ko aribyo! Najye nibgo bgambere mbibonye. Buriya haricyo bitubgira. Iyo umuntu afite handwriting itari nziza ???

Comments are closed.

en_USEnglish