Tags : DR Congo

DR Congo: Hadi Janvier na Byukusenge begukanye criterium ya Goma

Isiganwa rizenguruka umujyi wa Goma muri DR Congo, ryatumiwemo Benediction Club yo mu Rwanda ryasojwe Hadi Janvier ari imbere, akurikiwe na Patrick Byukusenge. Kuri iki cyumweru, tariki 21 Kanama 2016, habaye isiganwa rizenguruka umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gusiganwa ku magare. Byari biteganyijwe ko iri siganwa ryitabirwa n’ikipe zo muri […]Irambuye

I Kayonza nubwo havugwaga inzara ntibyabujije Umuganura na FESPAD kuhabera

Ku munsi wa gatatu iserukiramuco nyafurika mu mbyino z’umuco wa Kinyafurika yabereye mu karere ka Kayonza, binajyanirana n’umuganura, aho Minisitiri w’Umuco Nasiporo, Uwacu Julienne yavuze ko kuba bamwe baravugaga ko umuganura utazashoboka i Kayonza ariko ukaba wabaye ari ikimenyetso koIntara y’Uburasirazuba ifite ubuzima. Akarere ka Kayonza ni kamwe mu turere twugarijwe n’amapfa mu minsi ishize […]Irambuye

Davis Kasirye wasinyiye DCMP yo muri DR Congo arashimira Rayon

Rutahizamu wa ‘Uganda Craines’ Davis Kasirye wakiniraga Rayon Sports, yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri akinira Daring Club Motema Pembe yo muri DR Congo. Gusa ngo ntazibagirwa ibihe yagiriye muri Rayon Sports. Davis Kasirye, umunya-Uganda w’imyaka 23, yagize umwaka w’imikino mwiza wa 2015/16, yitwaye neza muri Rayon Sports yegukanye igikombe cy’Amahoro, bituma ahamagarwa bwa mbere na […]Irambuye

Umuhinde yishe umugore we wo muri DR Congo, amukatamo ibice,

Mu bwicanyi buteye ubwoba, ku cyumweru umugabo w’umuhinde witwa Rupesh Kumar Mohanani yishe umugore we Cynthia Vechel ukomoka muri Congo Kinshasa arangije umubiri we awucagaguramo ibice akoresheje ishoka ubundi ibice arabijyana arabitwika. Nyuma yaje gufatwa. Uyu mugabo w’imyaka 36 yabanaga n’umugore we mu mujyi wa Hyderabad muri Leta ya Telangana mu majyepfo y’Ubuhinde. Umugabo yakoraga […]Irambuye

U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rya Afurika muri Rugby

U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rya Rugby rihuza ibihugu byo mu karere ka Afurika yo hagati. Kapiteni w’u Rwanda afite icyizere cyo kwegukana igikombe. Kuri uyu wa kabiri tariki 17 Gicurasi 2016,  kuri Stade Amahoro haratangizwa irushanwa ry’umukino wa Rugby muri Afurika, rihuza amakipe yo muri Afurika yo hagati. Ibihugu byose byashyizwe  muri iyi zone […]Irambuye

FDLR-Tigers – Bo ngo ntibazashyira intwaro hasi ibyo bifuza bidakozwe

Col Bonheur, avuga ko ayoboye itsinda ry’abarwanyi ba FDLR biyise ‘Tigers’ baba mu misozi yo mu burasirazuba bwa Congo muri Kivu ya ruguru, uyu yabwiye abanyamakuru ba SkyNews babasuye ko batazashyira intwaro hasi niba batumvikanye n’u Rwanda. Col Bonheur, siryo zina rye nyakuri nk’uko SkyNews ibivuga, avuga ko agatsiko k’abarwanyi be bazakomeza kurwana nib anta […]Irambuye

Miliyoni 1,5 USD niyo akenewe ngo havugururwe imbibi z’u Rwanda

Inama ya gatatu ya komisiyo z’impande z’u Rwanda na Congo Kinshasa yiga ku ivugururwa ry’imbibi z’u Rwanda na Congo yateraniye i Rubavu kuri uyu wa 18 Nzeri yatangaje ko kugirango hasubizweho ‘bornes’ zigaragaza neza imipaka y’ibi bihugu hakenewe ingengo y’imari ya miliyoni imwe y’amadorari ya Amerika. Mu gice cy’uburengerazuba bw’amajyaruguru y’u Rwanda hakomeje guteza ikibazo […]Irambuye

Akanama k’Umutekano ka UN kemeje ko kwambura intwaro FDLR byihutirwa

New York – Kuri uyu wa kabiri Akanama k’Umutekano ka Loni katangaje ko kwambura intwaro umutwe wa FDLR urwanira mu burasirazuba bwa Congo byihutirwa mu rwego rwo guha amahoro akarere k’ibiyaga bigari.   Mu itangazo aka kanama kageneye abanyamakuru kavuze ko abagize aka kanama bishimiye ibiri gukorwa mu kurwanya imitwe irwanira mu burasirazuba bwa Congo […]Irambuye

Ni uwuhe mukino uri gukinwa na FDLR?

Kuri uyu wa mbere tariki 02 Kamena 2014 byari bitegerejwe ko umubare munini w’abarwanyi ba FDLR ushyira intwaro hasi muri Congo, ntawari ubyizeye ko biri bube, ntabwo byabayeho. Kuwa gatanu tariki 30 Gicurasi abarwanyi 105 nibo bashyize intwaro hasi. Imbere y’intumwa za Loni, MONUSCO, Leta ya Kinshasa, SADC…bamwe bavuga ko ari umukino FDLR iri gukina […]Irambuye

en_USEnglish