Tags : Dr Binagwaho

Umubiri wakira neza ikijumba kuruta gateau – Dr Ntaganda

*Abanyarwanda bakunze ibiryo byo mu nganda kuruta iby’umwimerere beza, *Umukobwa arashyingirwa afite Kg 50 nyuma y’igihe gito akaba agize Kg 80 ni ukurya nabi. Mu kiganiro na Dr Ntaganda Evariste, inzobere mu ndwara z’umutima n’ibijyanye n’indwara zitandura (Non Communicable Diseases, NCDs) yagiranye n’Umuseke, avuga ko Abanyarwanda benshi usanga bakunze ibyo kurya byo mu nganda kuruta […]Irambuye

Inzitiramubu za ‘fake’ zabaye amateka, igikwiye mu kurwanya Malaria ni

Mu gihe u Rwanda rucyugarijwe no kuzamuka kw’abarwara Malaria, Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko muri iki gihe cy’ubushyuhe kubera gukamuka kw’imvura Malaria ishobora kwiyongera bityo ngo ingamba zikwiye gufatwa ni ukugira isuku aho abantu batuye no kwivuza kare ku bagize ibyago byo kurwara. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku bijyanye n’uburyo ubuzima buhagaze muri iki gihe, Minisitiri w’Ubuzima, […]Irambuye

Nyamasheke: Abagore bemeza ko guherekezwa n’abagabo bituma kubyara bigenda neza

Mu gihe inzego zifite aho zihuriye n’ubuzima zishishikariza abagabo kuba hafi y’abagore babo igihe bagiye kubyara, bamwe mu batuye mu karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Uburengerazuba bavuga ko abagabo kubaba hafi bagiye kubyara bituma bigenda neza. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na bamwe mu bagore b’i Nyamasheke, bavuga ko kuba hari abagabo batubahiriza izi nama biterwa […]Irambuye

Ku nshuro ya 5 abaganga bo muri UK n’u Budage

Itsinda rigizwe n’abaganga 34 b’inzobere zivuye mu Bwongereza (UK) n’u Budage (Germany), kuri iki cyumweru bahawe ibikoresho bizakoreshwa mu kubaga indwara y’amara n’ubusembwa bw’uruhu, bahita berekeza ku bitaro binyuranye bazakoreramo mu Ntara z’u Rwanda. Umwe mu baganga bakora mu nzego z’ubuzima mu Bwongereza, witwa Dra yabwiye Umuseke ko ibyo bagiye gukora bizaba bitandukanye, bakaba bazanye […]Irambuye

Mu Rwanda abasaga ibihumbi 290 barwaye Diabete, abandi ntibazi ko

Kuri uyu wa kane urugaga rw’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda biga ubuforomo, ku bufatanye n’ishyirahamwe rw’abarwayi ba Diabete (Igisukari), batangije ubukangurambaga bw’iminsi ibiri bugamije kurwanya no kwirinda indwara ya Diabete. Ubukangurambaga burakorerwa mu mashami atandatu ya Kaminuza y’u Rwanda, ababutangije bavuga ko buzafasha kugabanya umubare w’abantu bafatwa na Diabete batabizi. Ibikorwa bijyana n’ubu bukangurambaga, birimo  […]Irambuye

SFH yanenze abanyamakuru kudashishikazwa n’inkuru z’ubuzima

Umuryango witwa ‘Society for Family Health (SFH), wita ku by’ubuzima waneze abantu bacuruza udukingirizo ariko bakaba batadushyira ahagaragara bigatuma abaturage batagira imyumvire yo kudukoresha bikongera ubwandu bwa SIDA, ngo itangazamakuru rigomba gukora inkuru z’ubuzima zicukumbura ibibazo bihari. Mu kiganiro uyu muryango SFH watanze mu mahugurwa y’abanyamakuru ku wa gatatu tariki 7 Ukwakira 2015, wavuze ko […]Irambuye

Intambwe yatewe mu Ubuzima iragaragara mu mibare…ariko urugendo ruracyahari

Mu cyegeranyo kigaragaza imibereho y’abaturage mu Rwanda (Rwanda Poverty Profile Report 2013/14), bigaragara ko hari intambwe iterwa mu kuzamura ubuzima bw’Abanyarwanda, haba mu kugabanya imfu z’abagore babyara, abana batoya gusa Leta iracyafite akazi gakomeye ko kugabanya umubare w’abana bagwingiye, ikizere kitezwe muri gahunda y’Imbaturabukungu ya 2 (EDPRS II). Icyegeranyo cyasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) kigaragaza […]Irambuye

 Minisiteri y’Ubuzima ntivuga rumwe n’abacuruza Coartem bemeza ko yabuze

Muri pharmacy hirya no hino mu Mujyi wa Kigali haravugwa ibura ry’umuti uvura indwara ya Malaria witwa Coartem, abayicuruza bameza ko iki ari ikibazo kimaze hafi ukwezi bakaba batewe impungenge n’uko malaria ishobora kuzahaza abantu. Mu kiganiro n’abanyamakuru mu cyumweru gishize, Ministeri y’Ubuzima yasabye abantu gushakira uyu muti mu mavuriro ya Leta, kuko ngo ayigenga […]Irambuye

en_USEnglish