Tags : CHAN 2016

Kalusha Bwalya, n’abayobozi ba CAF, bakoreye umuganda i Kigali

Kalusha Bwalya, Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Zambia, akaba n’icyamamare mu mupira w’amaguru muri Africa cyo mu gihe gishize, kuri uyu wa gatandatu hamwe n’abayobozi bakuru b’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa CAF bakoreye umuganda murenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo. Bari kumwe kandi na Minisitiri w’umuco na Siporo w’u Rwanda hamwe n’umuyobozi wa FERWAFA […]Irambuye

Sugira Ernest yasabye asaga Miliyoni 75 AS Vita Club imushaka

Ibinyamakuru binyuranye byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) biravuga ko rutahizamu w’Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi, ndetse n’ikipe ya AS Kigali Sugira Ernest yaba ashkishwa cyane n’ikipe ya AS Vita Club. AS Vita Club yo muri DRC ni imwe mu makipe akomeye mu mupira wo muri icyo gihugu, ndetse no ku mugabane wa […]Irambuye

DR Congo niyo ya mbere yageze kuri Final ya CHAN

Ikipe ye Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yabaye iya mbere mu kubona itike y’umukino wa nyuma wa CHAN2016, nyuma yo gusezerera Guinea kuri Penaliti, mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa kane ukanarebwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame. DRC yasezereye u Rwanda muri 1/4 yaje mu mukino wa 1/2 yifitiye ikizere […]Irambuye

Amakipe 4 azakina 1/2 cya CHAN yamenyekanye

Amakipe ane (4) arimo atatu yo mu burengerazuba bwa Afurika yabonye itike ya ½ cy’igikombe cya Afurika gihuza abakina imbere mu bihu byabo, CHAN 2016, irimo kubera mu Rwanda. Ibi bihugu ni Côte d’Ivoire, Mali, Guinea Conakry, na DR Congo. Les Aigles du Mali, ikipe y’igihugu ya Mali yabonye tike ya ½ nyuma yo gusezerera […]Irambuye

CHAN: U Rwanda ruzakina na DR Congo muri 1/4

Mu mikino isoza iy’itsinda rya kabiri (B), ikipe ya Cameroon ikoze ibyo benshi batatekerezaga itsinda Congo Kinshasa 3-1, byayihesheje amahirwe yo gusohoka mu itsinda iri ku mwanya wa mbere n’amanota arindwi. Amavubi azahura na DR Congo yabaye iya kabiri mu itsinda. Amateka y’amakipe yombi mu mikino ya CHAN yagaragazaga ko Congo Kinshasa yari yarashoboye gusezerera […]Irambuye

CHAN: Ibyo Umuseke wamenye ku ibura ry’umuriro kuri Stade Huye

Byabaye ‘scandal’ kubura kw’amashanyarazi inshuro ebyiri kuri stade Huye mu mukino mpuzamahanga w’irushanwa rya CHAN wahuzaga Ethiopia na Cameroun. Umuseke wabashije kumenya ko byabayeho ku bw’uburangare bw’abashinzwe imashini zitanga amashanyarazi (moteur). Ndetse amakuru agera k’Umuseke ni uko bahise batangira kubibazwa n’inzego zibishinzwe. Ku munota wa gatanu w’uyu mukino, saa kumi n’ebyiri zari zirenzeho iminota micye, […]Irambuye

CAF yaranyuzwe, irashimira Paul Kagame ko yakoze ibyo yasezeranye kuri

Binyuze ku muyobozi wungirije w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa, Almany Kabele, CAF ngo yanyuzwe n’uko u Rwanda rwiteguye CHAN ndetse irashimira Perezida Kagame Paul uburyo Leta y’u Rwanda yiteguye neza kwakira igikombe cya Africa gihuza abakina imbere mu bihugu byabo, CHAN 2016. Abanarwanda bitabira imikino hamwe na hamwe nabo bavuga ko iyi mikino yateguwe neza […]Irambuye

Amwe mu mafoto y’umukino w’u Rwanda na DRC i Rubavu

Intsinzi y’Amavubi kuri Congo Kinshasa iracyari kwishimirwa cyane i Rubavu n’ahandi hatandukanye mu Rwanda, wari umukino wa gicuti amakipe yombi ari kwitegura CHAN 2016. Ni umukino warebwe n’abantu barenga ibihumbi 10 n’abandi ibihumbi byinshi bakurikiraga kuri Televiziyo. Abantu benshi cyane muri Stade bashobora kuba bari Abanyecongo, ubwo indirimbo z’igihugu byombi zaririmbwaga iya Congo yumvikanye cyane […]Irambuye

Amavubi yadwinze Leopards za Congo Kinshasa kuri 1 – 0

Mu mukino wa gicuti hagati ya Les Leopards n’Amavubi ku mugoroba wo kuri iki cyumweru i Rubavu, igice cya mbere hagati y’ikipe ya Leopards ya Congo Kinshasa n’Amavubi cyaranzwe no gusatirana n’amahirwe yo gutsinda hagati y’impande zombi ariko cyarangiye nta kipe irebye mu izamu ry’indi. Uyu mukino ariko waje kurangira Amavubi atsinze igitego kimwe ku […]Irambuye

Imyiteguro ya CHAN imaze gutwara asaga Miliyari 16 z’amafrw

Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne yatangaje ko CHAN 2016 ubu ibura iminsi umunani ngo itangire ngo imaze gutwara asaga Miliyari 15 650 000 yose yaturutse ku ngengo y’imari ya Leta. Imikino ya nyuma yo guhatanira igikombe cya Afurika gihuza amakipe y’ibihugu y’abakina imbere mu bihugu byabo ‘CHAN’, muri uyu mwaka rizabera mu Rwanda guhera tariki […]Irambuye

en_USEnglish