Tags : CHAN 2016

Amafoto: Umukino wo kwipima u Rwanda na Cameroon warangiye 1-1

Uyu mukino wari ukomeye ku mpande zombi. Cameroon yashaka kugerageza ngo irebe ko izashobora amakipe yo muri aka karere bihuriye mu matsinda nka Congo Kinshasa. Amavubi nk’ikipe iri mu rugo yagomba kwihagararaho imbere y’abakunzi bayo bayitezeho kuzatwara igikombe cy’iri rushanwa rya CHAN 2016 rizabera mu Rwanda. Amafoto:NGABO Roben /UM– USEKE UM– USEKE.RWIrambuye

Ikipe ya Cameroon yageze mu Rwanda mu mukino wa gicuti

Ikipe y’igihugu ya Cameroon, Lions Indomptables yageze i Kigali kuri uyu wa mbere aho yiteguye gukina umukino wa gicuti n’Amavubi ku wa gatatu tariki 6 Mutarama, zombie ziritegura irushanwa rya CHAN 2016 rizatangira mu Rwanda tariki 16 Muatara kugeza ku ya 7 Gashyantare 2016. Intumwa za Cameroon zigizwe n’abantu 35 bagizwe n’abakinnyi 26 zageze mu […]Irambuye

Abaturanyi, DR Congo na Uganda biteguye bate CHAN 2016?

Tariki 16 Mutarama, mu Rwanda hazatangira imikino ya nyuma yo guhatanira igikombe cya Afurika gihuza amakipe y’ibihugu agizwe n’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo, CHAN 2016. Iyi CHAN kandi niyo izitabirwa n’amakipe menshi yo muri aka karere, dore ko uretse u Rwanda ruzayakira, Uganda na DR Congo nazo zizayitabira, ese zo ziteguye gute? Les Leopards […]Irambuye

Abongereza Wiltshire na McCarthy baje gufasha umutoza w’Amavubi

Darren Wiltshire na Alex McCarthy biyongereye muri staff ikurikirana ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yasubukuye umwiherero wo kwitegura imikino y’igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo, CHAN. Kuri uyu wa Mbere nibwo abakinnyi 32 b’Amavubi bitegura CHAN basubiye mu mwiherero nyuma yo gufata ikiruhuko gito cy’iminsi mikuru. Uretse umutoza mukuru Johnny McKinstry ndetse na […]Irambuye

Umwiherero w’Amavubi azakina CHAN ushobora kwimurirwa i Nyakinama

Ikipe y’igihugu y’abakina mu gihugu imbere irimo kwitegura igikombe cya Afurika, (CHAN2016) izabera mu Rwanda muri Mutarama. Kuba umutoza wayo Johnny Mackinstry yifuza gutoreza abasore be ku kibuga cy’ubwatsi, niyo mpamvu umwiherero w’Amavubi ashobora kujyanwa i Musanze. Mu kiganiro Umuseke wagiranye n’umuyobozi wa FERWAFA, Nzamwita Vincent Degaule yadutangarije ko umwiherero w’ikipe y’igihugu yitegura CHAN ushobora […]Irambuye

en_USEnglish