Tags : CECAFA

Amavubi: Abakinnyi 26 bitegura CECAFA y’abagore bahamagawe

Muri uku kwezi, i Jinja muri Uganda, hagiye kubera CECAFA y’abagore. Ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 26 bitegura iri rushanwa. Nyuma y’imyaka 30 abagore bo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba badahuzwa n’umupira w’amaguru, ‘The CECAFA Women’s Championship’ yaherukaga gukinwa muri 1986, yagarutse. Iri rushanwa rizabera kuri stade yo mu mujyi wa Jinja muri Uganda, kuva […]Irambuye

Ikipe ya Uganda yakoze impanuka bavuye kwakirwa na Perezida Museveni

Imodoka yari itwaye abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Uganda bakoze impanuka ahitwa Jami, Kamonkoli mu karere ka Budaka mu Burasirazuba bw’igihugu. Abakinnyi bose n’abayobozi ba Uganda Cranes barekezaga Kampala bavuye kubonana na Perezida Museveni ahitwa Soroti nta n’umwe wagize ikibazo. Amakuru ya mbere yavugaga ko abantu umunani bari mu modoka yagonganye n’iyo y’abakinnyi bose bitabye Imana. […]Irambuye

CECAFA: Amavubi atsinzwe na Uganda 1-0 kuri Finale

Ku mukino wa nyuma wahuzaga Amavubi Stars na Uganda Cranes ya Uganda urangiye U Rwanda rutabashije kuzana igikombe cya kabiri cya CECAFA mu mateka y’u Rwanda, igitego cya Uganda cyatsinzwe na Okhuti. Amakipe yombi yatangiye akinana ubwitonzi. Ikipe ya Uganda irusha cyane U Rwanda, ku munota wa 12 Iranzi Jean Claude yateye Coup franc ku […]Irambuye

CECAFA: U Rwanda kuri FINAL nyuma yo gutsinda Sudan kuri

U Rwanda rwari rwatangiye igice cya mbere nabi, nyuma y’iminota 20 y’igice cya mbere Sudan yabonye ikarita itukura. Amavubi ntiyabashije kubya umusaruro ayo mahirwe ngo atsinde mu minota ya mbere kugeza ku munota wa 90, ahubwo mu minota y’inyongera Amvubi yatsinzwe igitego mu minota y’inyongera, igitego cyishyuwe na Mugiraneza JB, Amavubi yaje kubasha gutsinda kuri […]Irambuye

CECAFA: u Rwanda rutsinze Kenya kuri Penaliti rujya muri 1/2

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’ isezereye Harambee Stars ya Kenya, iyitsinze Penaliti 5-3 nyuma yo gusoza umukino ntayibashije kureba mu izamu ry’indi. Hari mu mikino ya CECAFA muri 1/4 iri kubera muri Ethiopia. Ni umukino wagoye cyane abakinnyi b’umutoza Johnny Mackinstry, kubera ubusatirizi bwa Kenya bwari buyobowe na […]Irambuye

CECAFA: Malawi yatsinze Sudan, South Sudan itsinda Djibouti

Mu mikino yo guhatanira igikombe cya CECAFA ku rwego rw’ibihugu irimo kubere muri Ethiopia, kuri uyu wa mbere Malawi yaje muri iri rushanwa nk’umushyitsi yatsinze Sudani ibitego bibiri kuri kimwe (2-1); Naho Sudani y’Epfo itsinda Djibouti 2-0. Ibitego bya Malawi byatsinzwe na Dalitso Sailesi ku munota wa 13′, na Chiukepo Mosowoya ku munota wa 29′. […]Irambuye

Amavubi yatangiye neza CECAFA atsinda Ethiopia

Kuwa gatandatu, Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru nyuma yo gutsindwa kenshi yisubiyeho itangira neza itsindira Ethiopia iwayo 1-0. Mu mukino wo gufungura imikino ya CECAFA y’ibihugu irimo kubera muri Ethiopia, u Rwanda rwabashije gutsinda Ethiopia igitego kimwe cyinjijwe na Jacques Tuyisenge wari watsinze n’igitego kimwe rukumbi mu mukino wahuje Amavubi na Libye warangiye Amavumbi […]Irambuye

Mu matora yo kuyobora CECAFA, Nzamwita de Gaulle yabonye ijwi

Mu matora yabereye i Addis Ababa kuri uyu wa gatanu Dr Mutasim Jeffer wo muri Sudan niwe watsindiye kuyobora uru rwego ruhuza amashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu karere, CECAFA. Muri aya matora umuyobozi wa FERWAFA Vincent de Gaulle Nzamwita wiyamamazaga yabonye ijwi rimwe gusa. Dr. Mutasim yatorewe kuyobora CECAFA mu gihe cy’imyaka ine, akaba asimbuye umuTanzania […]Irambuye

CECAFA: APR FC bitoroshye nayo yabonye tike ya 1/4

Kuri Stade ya Kigali i Nyamirabo kuri uyu wa 15 Kanama 2015 APR FC yabashije kubona ticket yo gukomeza muri 1/4 cy’amarushanwa ya CECAFA Kagame Cup 2014 bitoroshye kuko yanganyije na Gor Mahia ibitego 2 – 2. Vital’o ifite iki gikombe yasezerewe rugikubita, Gor Mahia nayo yahise isezererwa none. APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino […]Irambuye

Flambeau de L’est na Ethiopian Coffee FC zivanye muri CECAFA

Kuwa gatanu tariki 08 Kanama nibwo amarushanwa ya CECAFA y’amakipe azatangira i Kigali, amakipe ya Flambeau de L’est y’i Burundi na Ethiopian Coffee FC yatangaje ko atazitabira aya marushanwa. Mu mpera z’icyumweru gishize Ethiopian Coffee FC yavuze ko itazitabira aya marushanwa ihita isimbuzwa ikipe yo mu kiciro cya kabiri muri Ethiopia yitwa Adamma FC. Flambeau […]Irambuye

en_USEnglish