Tags : Army week

Ngoma: Abarwayi barashima ingabo ziri kubavura ku buntu, neza kandi

Ngoma – Mu bitaro bya Kibungo, i Zaza na Rukira inzobere z’abasirikare b’abaganga bo mu bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda bari kuvura ku buntu abarwayi bafite indwara zari zarananiwe n’ibi bitaro. Abarwayi bari kuvurwa n’izi ngabo barashima ko bari guhabwa serivisi zinoze ku buntu kandi vuba. Ni mu bikorwa by’ingabo bya ArmyWeek biri kuba ubu. Aba […]Irambuye

Army Week/Nyamasheke: Umugore yabazwe ikibyimba cy’ibiro 6 yari akimaranye imyaka

Muri gahunda y’ibikorwa ingabo z’igihugu zizamaramo amezi abiri hirya no hino zikora ibikorwa binyuranye birimo no kuvura abaturage, (Army Week), mu karere ka Nyamasheke ingabo z’u Rwanda zatabaye umugore wari ufite ikibyimba gipima Kg 6 mu nda, nyuma yo kumubaga yavuze ko ari igitangaza kuri we. Uyu mugore witwa Nyiranzeyimana Bibiyana yari afite ikibyimba mu […]Irambuye

Gicumbi: Urubyiruko n’abo mu kiciro cya I bahawe igishanga cya

Mu cyumweru cyahariwe ibikorwa by’ingabo z’u Rwanda (Army Week) mu karere ka Gicumbi hatunganyijwe igishanga cya Gatuna cya hegitari 8 gihita cyegurirwa urubyiruko n’abaturage bari mu kiciro cya mbere cy’ubudehe kugira ngo biteze imbere. Iki gishanga cya hegitari umunani (8ha) cyahawe aba batuye hafi y’umupaka wa Gatuna kugira ngo biteze imbere babinyujije mu buhinzi bazakorera […]Irambuye

Gakenke: Muri ‘Army Week’ Barashima ko bavuwe indwara bamaranye igihe

Ku bitaro bya Nemba mu karere ka Gakenke, Bamwe mu bahawe serivisi z’ubuvuzi n’ingabo z’u Rwanda zatangiye icyumweru cyahariwe ibikorwa byazo (Army Week) baravuga ko bamaze iminsi barwaye indwara ariko barabuze ubushobozi bwo kujya kwivuriza mu mavuriro akomeye y’i Kigali, bagashima kuba ingabo z’u Rwanda zabegereye zikabavura ku buntu. Muri iki gikorwa cy’ubuvuzi bw’ingabo z’u […]Irambuye

Army week yatangirijwe mu gishanga cya Nyandungu kizahingwamo imboga

*Gen Patrick Nyamvumba yavuze ko Army week uyu mwaka izaba yagutse Kuri uyu wa kane mu karere ka Kicukiro ingabo z’u Rwanda ku bufatanye na Police, Minisiteri y’ibikorwa remezo n’abaturage batangije igikorwa cya Army-Week kizamara amezi abiri batunganya mu gishanga cya Nyandungu cya Hegitari 17 ku gice cy’ahitwa “ku mushumba mwiza”. Iki gishanga kizahingwamo imboga. […]Irambuye

Army-Week izamara amezi abiri, mu bizakorwa harimo kubaka ibiraro 18

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu cyateguwe n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda, umuvugizi w’ingabo Lt Col Rene Ngendahimana yavuze ko hazakorwa byinshi mu cyumweru ngarukamwaka kitwa Army-Week birimo kuvura abarwayi, kubaka ibiraro 18, imihanda hirya no hino n’ibindi. Umwihariko wa Army-Week y’uyu mwaka ngo ni uko izamara igihe kirekire ugereranyije n’izayibanjirije kuko izatangizwa ejo ku […]Irambuye

Abantu 35 000 bavuwe n’ibikorwa bya Army Week mu myaka

Benshi mu barokotse basigiwe ibikomere na Jenoside bitakize kuva muri Gicurasi 2012 kugeza ubu bagiye bavurwa ku buntu n’abaganga bo mu ngabo z’igihugu mu turere 27 bagezemo. Kuri uyu wa mbere Mata 2015 ubwo bari i Rubavu bavuye abantu bakabakaba 300. Theophile Ruberangeyo uyobora ikigega FARG yavuze ko kuva mu 2012 abamaze kuvurwa muri ibi […]Irambuye

Umuyobozi w’ibikorwa by’ubuvuzi mu ngabo z’u Rwanda yitabye Imana

Dr Charles Murego wari umaze imyaka irenga 10 ari umuyobozi w’ibikorwa by’ubuvuzi  mu ngabo z’u Rwanda yitabye Imana mu mpanuka y’imodoka yabereye mu karere ka Nyamagabe mu Ntara y’amajyepfo  ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri. Nubwo ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda butaragira icyo butangaza kuri iyi nkuru, amakuru agera k’Umuseke aremeza ko uyu muganga wari inzobere mu […]Irambuye

en_USEnglish