Mvuye muri APR FC kuko nta masezerano yayo nigeze –

Rwigema Yves yatangaje ko impamvu yafashe umwanzuro wo kuva muri APR FC akajya muri Rayon Sports ari uko APR FC nta masezerano yigeze imuha mu myaka ayimazemo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki 20 Nzeri 2016, nibwo inkuru ivuga ko myugariro w’iburyo Rwigema Yves yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri, avuye muri APR […]Irambuye

Gisagara: ‘Umurwayi wo mu mutwe’ yahitanye abantu babiri

Kuri uyu wa mbere, mu Karere ka Gisagara Umurenge wa Nyanza Akagari Nyaruteja umurwayi wo mu mutwe witwa Niyibizi Jean Damascene yishe abantu babiri akoresheje umuhoro. Niyibizi watemye aba bantu ubusanzwe mu 2014, yagize uburwayi bwo mu mutwe aza kujyanwa mu bitaro by’abarwayi bo mu mutwe, nyuma amaze koroherwa yoherezwa mu rugo akajya ahabwa imiti. Abapfuye barimo Ntezirembo […]Irambuye

Igihembwe II: Umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutseho 5.4% uba Miliyari 1

Imibare yashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare kuri uyu wa kabiri, iragaragaza ko umusaruro mbumbe w’igihugu mu gihembwe cya kabiri (Q2) cy’uyu mwaka wa 2016 ugera kuri Miliyari 1 549 ukaba warazamutseho 5.4% ugereranyije n’umwaka ushize. Mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka ushize wa 2015, umusaruro mbumbe w’igihugu “Gross Domestic Product (GDP)” wari Miliyari 1 428 z’amafaranga […]Irambuye

Urubyiruko rwakanguriye abaturage gukoresha Serivise za ‘nfrnds’ rwabishimiwe

Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, Kompanyi ikomoka muri Israel itanga Serivise zinyuranye z’ikoranabuhanga binyuze mu cyitwa ‘nfrnds’ yahembye abantu bane b’urubyiruko barushije abandi gukangurira abaturarwanda kumenya no gukoresha Serivise za ‘nfrnds’. ‘nfrnds’ ni urubuga (platform) rufasha abantu kumenya amakuru, dore ko rufite Serivise zifasha abantu kuganira (group chat), Bibiliya, Serivise zifasha abantu kumenya […]Irambuye

Kubaka imijyi nibijyane no guha abawutuye uburyo bwo kuyibamo –

Kuri iki cyumweru, Minisitiri w’ibidukikije n’umutungo kamere Dr Vincent Biruta yatanze ikiganiro i New York ku biro by’Umuryango w’Abibumbye, ku bijyanye no guteza imbere imijyi, aho yasabye ko abaturge bava mu byaro bajya mu mijyi bakwiye guhabwa ubumenyi buhagije bwatuma bibeshaho mu mujyi. Ikiganiro cyibanze ku guteza imbere imijyi mu buryo burambye kandi bigakorwa mu […]Irambuye

Inzego z’abikorera ziyemeje gushyigikira iterambere ry’abagore

Kuri uyu wa gatanu, Urugaga rw’abikorera rwasinye amasezerano na Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, rwiyemeza ko rugishye gushyigikira iterambere ry’abagore na gahunda ya ‘He for She’. Inzego z’abikorera nk’urwego rukoresha abakozi benshi, rwashimangiye ubushake bwarwo mu gushyigikira iterambere ry’abagore. Uretse mu nzego za Leta, usanga umubare w’abagore mu nzego z’abikorera mu Rwanda ukiri muto mu nzego […]Irambuye

Dr Agnes Binagwaho agiye kwigisha muri Kaminuza ya UGHE iri

Ubuyobozi bwa Kaminuza mpuzamahanga yigisha kandi igategura abaganga “University of Global Health Equity (UGHE)” iherereye i Rwinkwavu, mu Karere ka Kayonza bwatangaje ko Dr Agnes Binagwaho wahoze ari Minisitiri w’ubuzima w’u Rwanda agiye kujya yigisha abanyeshuri bayo. Peter Drobac, Umuyobozi mukuru wa UGHE yatangaje ko Dr Agnes Binagwaho bagiye gukorana by’igihe cyose “full time”. Zimwe […]Irambuye

“Imvura yaguye Abahinzi nibatangire, nubwo iteganyijwe ari nkeya nta mpungenge

Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’Umuseke, Tony Roberto Nsanganira, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yavuze ko ubu abahinzi bashatse batangira guhinga, kandi ngo nubwo imvura izaba nkeya nta mpungenge Guverinoma ifite. Nubwo imvura itaragwa ari nyinshi, abahinzi ubu batangira bagatera imyaka cyangwa babe bitonze? Ni byiza gutangira, aho byagaragaye ko imvura yatangiye kuboneka bakomeza […]Irambuye

Rulindo: Umugabo yishe umukobwa yari yateye inda aranamwihambira

Amajyaruguru – Mu Murenge wa Tumba, Akarere ka Rulindo umugabo witwa Mbarushimana Jean Claude ari mu maboko y’ubugenzacyaha akekwaho kwica umukobwa yari yateye inda agahita anamushyingura munsi y’inzu ye. Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru yabwiye Umuseke ko Mbarushimana Jean Claude w’imyaka 27 aregwa kwica Musanabera Tereza w’imyaka 36 kuwa […]Irambuye

Wari uzi ko Masudi Djuma ariwe mukinnyi wa APR FC

Umukino uhuza APR FC na Rayon Sports nk’uribube kuri uyu wa kane,niwo mukino uhuruza imbaga y’abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda. Wari uziko Masudi Djuma utoza Rayon Sports ariwe watsinze Rayon ibitego byinshi akinira APR FC? Kuri uyu wa kane tariki 15 Nzeri 2016, kuri stade Amahoro hateganyijwe imikino ya ½ cy’irushanwa ryateguwe n’Umujyi wa Kigali, […]Irambuye

en_USEnglish