Nyuma yo gutsindwa na Kiyovu, Rayon izakina na APR FC

Rayon Sports na APR FC zizahura muri 1/2 cya AS Kigali Preseason Tounement, nyuma y’uko mu matsinda Rayon itsinzwe na Kiyovu Sports 2-1 mu mukino wabaye muri iri joro ryo kuwa kabiri. Rayon sports yaje muri uyu mukino yaramaze kwizera itike ya 1/2 cy’irushanwa ryateguwe n’umujyi wa Kigali, byatumye umutoza wayo Masudi Djuma ahindura abakinnyi […]Irambuye

Muri gereza y’abana i Nyagatare, bwa mbere bagiye gukora ikizami

Abana batanu (5) bari kwitegura gukora ikizamini gisoza ikiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (Tronc Commun) naho 11 bari kwitegura gukora ikizamini gisoza amashuri abanza. Aba bana bafungiye ibyaha binyuranye muri Gereza ifungirwamo abana i Nyagatare. Kuri uyu wa kabiri basuwe na Komiseri mukuru w’amagereza mu Rwanda George Rwigamba, avuga ko icyamujyanye ari ugusura iyi gereza nk’uko […]Irambuye

Azafungwa imyaka 10 kubwo kwanduza SIDA nkana abo bahuriye kuri

Umugabo w’umunyamerika ngo yatangazaga kuri Internet ko ashakisha abantu bakundana bakanasambana abicishije kuri Internet akabona benshi, uyu ngo yabaga agamije kubanduza SIDA nk’uko yabihamijwe n’inkiko. Uyu mugabo witwa James Allen ukomoka muri Keta ya Georgia ngo agomba gufungwa imyaka 10. Umucamanza mu rukiko ubwo yakatirwaga kuwa gatanu ngo yamwise ‘Sekibi’ kubera ubu bugome yakoraga agambiriye. […]Irambuye

Kicukiro: Umugabo araregwa gukubita umugore we bikamuviramo gupfa

Mu karere ka Kicukiro , Umurenge wa Niboye , mu kagali ka Nyakabanda Umudugudu wa Gikundiro umugabo witwa Alphonse Ndagijimana arashinjwa gukubita umugore we Seraphine bikamuviramo gupfa, uyu mugore ngo yaziraga ko abuza umugabo we kumuca inyuma asambana n’abandi bagore. Ndagijimana na Seraphine bari bafitanye abana bane (umukuru yiga uwa gatanadatu w’amashuri abanza), babiri bato […]Irambuye

Amavubi y’abagore yagize ubwoba bituma atsindwa na Tanzania

Kuri uyu wa mbere Amavubi y’abagore yatsinzwe na Tanzania 3-2, Grace Nyinawumuntu ubatoza avuga ko agiye kuganiriza abakinnyi, kuko icyatumye batsindwa ari ubwoba. Ni muri CECAFA y’amakipe y’igihugu y’abagore iri kubera Jinja muri Uganda. Asha Rashid ku munota wa kane (4), na Abdalla Anastazia ku munota wa 30 batsindiye Tanzania ibitego bibiri. Ibitego byishyuwe na […]Irambuye

Maj.Dr Rugomwa yahakanye icyaha cyo kwica, ngo yafashe igisambo bararwana

*Uregwa avuga ko yamufashe ari gufungura ipine (pneu) y’imodoka ye *Ngo yaramurwanyije n’imbaraga nyinshi ndetse akubita Major Rugomwa inkokora n’umugeri *Major Dr Rugomwa avuga ko atari urubaho yamukubise ahubwo yamukubise agakoni mu mugongo Imbere y’Urukiko rwa gisirikare mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, Maj Dr Aimable Rugomwa umuganga mu bitaro bya gisirikare by’u Rwanda […]Irambuye

Muhanga EXPO 2016: Entreprise Urwibutso yabaye iya mbere muri service

Kuri iki cyumweru mu muhango wo gusoza imurikagurisha ry’Intara y’Amajyepfo, Alphonse Munyantwali Guverineri w’iyi Ntara yahembwe bimwe mu bigo byabaye indashikirwa mu gutanga serivisi nziza anasaba ko ibikorerwa mu Rwanda byongererwa agaciro. Iri murikagurisha ry’Intara y’Amajyepfo  ryabereye mu Karere ka Muhanga ryari rimaze ibyumweru bibiri, mu muhango wo gusoza  iyi EXPO, Guverineri Munyantwali  n’abandi bayobozi […]Irambuye

Florent Ibenge ati “Sugira Ernest aracyafite byinshi byo kwiga”

Rutahizamu w’Amavubi, Sugira Ernest umukinnyi mushya wa AS Vita Club yo muri DR Congo, umutoza w’iyi kipe afitiye Sugira ikizere, nubwo ngo agifite byinshi byo kwiga. Tariki 12 Gicurasi 2016 Association Sportive Vita Club yo muri DR Congo yasinyishije rutahizamu Sugira Ernest wari umaze imyaka ibiri muri AS Kigali. Nyuma yo gusinya yategereje amezi atatu […]Irambuye

Huye: Umuyobozi wari ufungiye kunyereza umutungo wa Leta yagizwe umwere

Ubwo Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yasuraga Umurenge wa Gishamvu mu karere ka Huye mu kwezi kwa gatandatu, abaturage bamugaragarije bimwe mu bibazo bishingiye kuri ruswa, servisi mbi no kunyereza umutungo wa Leta. Nyuma gato abayobozi batatu muri uyu murenge batawe muri yombi, mu butabera umwe muri bo yagizwe umwere ubu ntagifunze. Abafashwe icyo gihe ni ushinzwe […]Irambuye

Umujyi wa Kigali uri kumanura ibyapa byamamaza benebyo banze gukuraho

Kuva ku cyumweru nijoro Umujyi wa Kigali watangiye gukuraho ibyapa byamamarizwaho bitujuje amabwiriza yashyizweho mu 2013 ngo atuma bigira isuku, umutekano n’isura y’Umujyi. Iki gikorwa cyatangiriye i Kanombe ku muhanda ugana ku kibuga cy’indege aharimbuwe ibyapa 27, umuyobozi w’umujyi wa Kigali avuga ko icyi gikorwa cyizakomereza n’ahandi mu mujyi wa Kigali ahazakurwaho ibyapa 80. Umuyobozi […]Irambuye

en_USEnglish