Ku ishuri ryigenga rya College de l’Espoir Gasogi riri mu murenge wa Ndera mu karere ka Gasabo abarimu baryigishamo bandikiye inzego zinyuranye z’ubuyobozi ko ku wa gatanu bazahagarika kwigisha bagategereza ubuyobozi ko buza bugakemura ikibazo cyabo. Gusa abarimu bavuze iki kibazo ubu ngo batandatu bahagaritswe mu kazi by’agateganyo. Aba barimu bavuga ko kuva uyu mwaka […]Irambuye
*Umurenge wa Mutete wabaye uwa mbere, uwa Cyumba uba uwa nyuma *Guv. Bosenibamwe yababwiye ko nibatinda mu ntsinzi bazisanga inyuma *Gicumbi niko karere kagira imirenge myinshi mu gihugu Muri week end ishize Akarere ka Gicumbi kakoze umuhango wo kwishimira umwanya wa kabiri babonye mu mihigo ishize, banaboneraho guhemba imirenge yaje imbere mu mihigo. Gicumbi mu […]Irambuye
*Shampionat ishize Kiyovu ngo yinjije ku mikino yose miliyoni 6,2 gusa *Ngo hari gahunda y’uko mu myaka itatu Kiyovu yaba yasubiye mu bihe byiza byayo Abantu batageze kuri 20 nibo baje kuri Hotel iri mu Kiyovu yagombaga kuberamo Inama rusange y’ikipe ya Kiyovu Sports yagi gutangira saa cyenda z’amanywa kuri iki cyumweru, abitabiriye banenze cyane […]Irambuye
APR FC ikomeje kunanira amakipe yo muri Congo Kinshasa, kuri uyu mugoroba yabigezeho itsinda AS Vita Club igitego kimwe ku busa ku munota wa 112 w’umukino wabanje kurangira iminota 90 amakipe yombi yagoye miswi ubusa ku busa. Wari umukino wa nyuma wa AS Kigali Tournament ifasha amakipe kwitegura shampionat. APR FC n’ubundi yari yahuye na […]Irambuye
Mu mwiherero w’abagize inama njyanama y’Akarere ka Gicumbi kuri uyu wa gatandatu Prof Shyaka Anastase uyobora ikigo cy’igihugu cyo guteza imbere imiyoborere yasabye abayobozi b’aka karere ko bashyira imbaraga mu guhigura ibyo biyemeje mu kurwanya ubukene muri gahunda zinyuranye maze ubutaha ntibazasubire inyuma ahubwo bazabe aba mbere. Aka karere mu mihigo ishize ya 2015/16 kaje […]Irambuye
Ihuriro ry’abamotari bo mu karere ka Rusizi kuri uyu wa gatanu ryahaye imiryango itatu yarokotse Jenoside itishoboye inka amati n’amafaranga byo kubafasha imibereho yabo isanzwe itaboroheye kubera ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi. François Xavier Mahoro uhagarariye iri huriro ry’abamotari yabwiye Umuseke ko inkunga batanze ari iyo bishatsemo kandi bashatse kuyigenera imiryango yari ifite abayo bishwe […]Irambuye
Abasore babiri bageragezaga kwiba mu rugo ruri mu mujyi wa Nancy batawe muri yombi nyuma y’uko bari bacitse ariko police ikabashakisha ishingiye ku makuru y’uko umwe muri bo asa cyane Christiano Ronaldo. Ikinyamakuru 20minutes kivuga ko kuwa kane w’icyumweru gishize aba basore bagiye kwiba maze nyiri urugo akabagwa gitumo bariho bagerageza gufungura idirishya. Umusore ukomoka […]Irambuye
*Ugereranyije n’ibindi bihugu by’isi, u Rwanda mu guhamanya ikirere ngo ruri kuri 0% *Mu Rwanda ariko ngo hari inganda bigaragara ko zangiza ibidukikije *Kugeza ubu nta bihano bihari ku nganda zangiza ibidukikije Kuri uyu mugoroba, mu muhango wo gutanga ibihembo ku nganda z’intangarugero mu kurengera ibidukikije uruganda rwa BRALIRWA nirwo rwabaye urwa mbere ukomatanyije ibyiciro […]Irambuye
Imvura nyinshi iguye muri uyu mugoroba mu bice by’Iburengerazuba bw’u Rwanda Amajyaruguru no mu mujyi wa Kigali, mu karere ka Karongi Umurenge wa Bwishyura yahitanye abantu batatu nk’uko byemezwa n’ubuyobozi. Aba bantu ni Josephine Mekeshimana w’imyaka 55 n’umwana we Violette Mukarugema w’imyaka 15 batuye mu kagari ka Nyarusazi mu murenge wa Bwishyura, ngo bariho bareka […]Irambuye
Rutahizamu w’umunya-Uganda Davis Kasirye wa DCMP, yihanganishije abakunzi ba Rayon sports yakiniraga, nyuma yo gutsindwa na mukeba APR FC 3-0. Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 15 Nzeri 2016, kuri stade Amahoro habaye umukino wa 1/2 cya AS Kigali Pre-season Tournement, uhuza abakeba mu mupira w’amaguru mu Rwanda, APR FC itsinda Rayon sports […]Irambuye