Muhanga: Umubyeyi yateguye abana bajya ku ishuri maze ‘ariyahura’

Jeannette Murekatete w’imyaka 45 ‘yiyahuye’ akoresheje umugozi kuri uyu wa mbere. ‘Yabikoze’ nyuma yo gutegura abana bakajya ku ishuri bagaruka bagasanga nyina yikingiranye bakabura ufungura. Uyu mubyeyi n’umugabo batuye mu mudugudu wa Mapfundo akagari ka Mubuga mu murenge wa Shyogwe. Umugabo we Charles Rwirangira yabwiye Umuseke ko ari mugahinda ko kubura nyina w’abana be kugeza […]Irambuye

Nyuma yo gutanga miliyoni 15 muri Mukura uwari Umunyamabanga wayo

Sheikh Habimana Hamdan wemeye gutanga miliyoni 15 muri Mukura Victory Sports  uyu mwaka w’imikino, yeguye ku mwanya w’ubunyamabanga bw’iyi kipe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 27 Nzeri 2016 nibwo amakuru avuga ko  Sheikh Habimana Hamdan atakiri umunyamabanga mukuru wa Mukura VS yamenyekanye. Umuseke uvugana n’uyu mugabo wari umunyamabanga wa MVS, yatubwiye impamvu yafashe umwanzuro […]Irambuye

Rusizi: Barasaba gukurwa mu gihirahiro nyuma yo kwangirwa guhinga imirima

Abaturage bo mu murenge wa Nyakarenzo hashize amezi ane babujijwe guhinga ahazubakwa                          Umudugudu w’ikitegererezo mu kagali ka Murambi,  barasaba ubuyobozi ko bakemererwa bagahinga nibura imyaka ishobora kwera mu gihe gito cyangwa se bakabarirwa imitungo iri ahazubakwa imihanda ndetse n’uwo mudugudu byaba ngombwa bagahabwa ubutaka baba bahinzemo kuko igihe cy’iginga cyageze. Abaturage baganiriye n’Umuseke bemeza ko […]Irambuye

Trump na Clinton bahanganishije ibitekerezo rubura gica

Ikiganiro mpaka cya mbere bari kumwe cyari gitegerejwe cyane n’isi yose. Hillary Clinton na Donald Trump ntawakoze ikosa, bagiye impaka rubura gica, gusa Clinton akagaragazamo ubunararibonye mu miyoborere, ubunararibonye Trump yise bubi kuko ngo Amerika ikiri mu kaga. Muri iki kiganiro cyabereye muri Hostra University muri New York aba bakandida batangiye babazwa ibyerekeye uko bazamura […]Irambuye

Impunzi zigiye guhabwa amahirwe nk’Abanyarwanda ariko ngo si ukuba Abanyarwanda

Ngo bizafasha impunzi kwibeshaho kandi zitange umusanzu mu kubaka igihugu. Mu Rwanda ubu hari impunzi 164,561. 52,2% ni Abarundi, 47,6% ni AbanyeCongo, Kuri uyu wa mbere mu nama yahuje Minisiteri ifite ibirebana n’impunzi mu nshingano (MIDIMAR) hamwe n’ishamiry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR-Rwanda) n’abafatanyabikorwa babo, bize ku ngamba zo gukuraho imiziro ku mpunzi yatumaga zitemererwa […]Irambuye

Gasore yegukanye etape ya 3 ya Tour de la Réconciliation

Kuri uyu wa mbere tariki 26 Nzeri 2016, Gasore Hategeka watangiye gusiganwa ku magare kuva 2007 ubwo Team Rwanda yashingwaga, yegukanye agace ka gatatu muri Tour de la Réconciliation yo muri Côte d’Ivoire. Uyu mugabo w’ imyaka 29, yagaragaje ko agifite imbaraga nubwo amaze imyaka myinshi asiganwa, kuko yegukanye agace ka gatatu k’iri rushanwa mpuzamahanga, uyu munsi bavaga […]Irambuye

Ubu ushobora kureba ‘English Premier League’ na NBA utishyura

Kwese free sports’ yatangijwe mu Rwanda, igiye gufasha abanyarwanda kureba imikino ikomeye yo mu bihugu bitandukanye ku buntu. Izerekana imwe mu mikino ya English Premier League, Copa del Rey yo muri Espagne, NBA n’indi. Econet Media Group yagejeje mu Rwanda Channel y’imikino itishyurwa, yitwa Kwese Free Sports. Uyu murongo, wamaze kugera kuri ‘decoders’ zose zikoreshwa […]Irambuye

Abayobozi ba Rwandair bagiye i Toulouse kuzana Airbus ya mbere

Hashize igihe kirenga umwaka Rwandair ikoresha indege ebyiri zo mu bwoko bwa Airbus i Toulouse mu Bufaransa, izi ndege nyuma yo kubakwa no kugeragezwa zisa n’izarangiye. Rwandair yatangaje ko bagiye i Toulouse kuzana iya mbere, ni Airbus A330 -200 yiswe “Ubumwe”. Iyi ndege izaba ari iya mbere u Rwanda rutunze. Iyi ndege A330-200 ifite ibyicaro […]Irambuye

en_USEnglish