Shampiyona ya Taekwondo irangiye habonetse abazakina imikino yo Kwibuka ya

Ubwo shampiyona y’umukino njyarugamba wa Taekwondo yasozwaga tariki 5 Mutarama 2019 hatoranyijwe abana bazitabira imikino yo Kwibuka  ya ANOCA izakinwa muri Mata uyu mwaka. Ubwo imikino ya shampiyona yarangiraga hahise hakinwa indi mikino mu kiciro cy’abato y gushaka abakinnyi bazahagararira u Rwanda muri iriya mikino mpuzamahanga izabera i Kigali. Mu bakinnyi 10 bagomba kuzahagararira u […]Irambuye

Volleyball: Amakipe 6 yemeje ko azakina imikino ya Pre-season y’abagore

Ikipe nshya y’abagore mu mukino wa volleyball ya UTB WVC yateguye imikino ibanziriza umwaka w’imikino izakinwa tarikii 12 na 13 Mutarama 2019. Iyi mikino izitabirwa n’amakipe atandatu. Amakipe asanzwe akina shampiyona nubundi niyo azakina irushanwa rya Prea-season uretse ikipe ya Ruhango WVC. Imikino izakinirwa muri Petit Stade i  Remera no mu nzu y’imikino ya National […]Irambuye

Amagaju yatsinze Bugesera FC mu mukino w’ishyaka n’amahane

Nyamata – Ku mukino wari wasubitswe kubera imvura yangije ikibuga i Nyamata kuri iki cyumweru wasubiwemo uyu munsi, wari umukino urimo ishyaka n’amahane yatumye hatangwa amakarita abiri atukura. Warangiye Amagaju atsinze Bugesera yari imbere y’abafana bayo igitego kimwe ku busa mu mukino wabonetsemo amakarita icyenda harimo abiri atukura. Habanje urujijo rw’aho umukino uri bubere kuko […]Irambuye

Imwe mu mideri izambarwa cyane 2019 yagaragaye muri Golden Globes

Mu ijoro ryo ku cyumweru i Los Angeles muri America habereye ibirori byo guhemba abitwaye neza muri Cinema byitwa Golden Globes Awards . Uretse ibihembo imyambarire nayo yari urukererezabagenzi muri ibi birori byari bibaye kunshuro ya 76. Ibi birori byatangiye gutangwa mu 1944 kugera n’ubu biracyatangwa. Hahembwa abakinnyi beza ba film n’abigaragaza kuruta abandi kuri […]Irambuye

Ngoma/Kazo: Abakennye cyane bakora imirimo y’amaboko bamaze amezi 4 badahembwa

Abatishoboye bo mu murenge wa Kazo, mu Karere ka Ngoma bahawe akazi muri gahunda y’imirimo yoroheje ihabwa cyane cyane abageze mu zabukuru batishoboye, baravuga ko bamaze amezi ane badahembwa, mu gihe bagahembwe buri kwezi. Aba baturage bavuga ko uku kudahembwa kwatumye barya nabi iminsi mikuru ndetse ubukene na n’ubu bukaba bubakomereye kagasaba ababishinzwe kubafasha bakishyurwa […]Irambuye

Bitegurwa neza, bigakorwa nabi, bigatera ‘gutekinika’

Imishinga igamije iterambere ry’abaturage ku nzego z’ibanze nk’imihigo n’ibindi byinshi ngo bitegurwa neza ariko ishyirwa mu bikorwa ryabyo rigakorwa nabi, ibi bigatuma bamwe mu bayobozi bahimba imibare y’ibitarakozwe kugira ngo bazibe icyuho cy’ibyo bakabaye bararakoze mu byo biyemeje. Ibi ni bimwe mu byaranze ibiganiro by’umunsi wa mbere w’inama y’iminsi ibiri ihuje inzego zinyuranye z’ibanze mu […]Irambuye

Karongi: ‘Ciment’ yo kubaka Akagali irihe ko bubakisha ibyondo?!

Mu murenge wa Murundi hari kubakwa ibiro by’Akagari ka Bukiro biri mu mudugudu wa Gitwa, abubatsi baravuga ko bubakisha ibyondo na sima (ciment) nke kuko ubuyobozi bubaha nke, ubuyobozi bwo buravuga ko ihari ihagije, abaturage batanze inkunga yo kubaka aka kagari baribaza impamvu hari kubakwa ibitaramba. Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko ingengo y’imari yatanzwe ngo […]Irambuye

Gabon: Abasirikare 2 mu bakoze Coup d’Etat bishwe, ubakuriye atabwa

Nyuma y’amakuru yaramutse atangazwa ko Ali Bongo Ondimba yahiritswe ku butegetsi, Leta yakomeje gutangaza ko uyu mugambi waburijwemo ndetse amakuru mashya aremeza ko babiri mu basirikare batatu batangaje Coup d’Etat bishwe ubakuriye na we atabwa muri yombi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 7 Mutarama 2019 abasirikare batatu bayobowe na Lt Kelly Ondo […]Irambuye

Pasiteri ati: ‘Nubwo mutwegereje amazi ku rusengero bayatwegereze no mu

Umwe mu bapasiteri bo muri EAR Paruwasi ya Ruhango mu Karere ka Ruhango witwa Naomie Mukambabazi ashima abagira neza bo muri Peace Plan babegereje amazi ku rusengero ariko agasaba ko uko ubushobozi buzaboneka bazanayageza mu ngo z’abaturage. Avuga ko abakirisitu bagira ikibazo cyo kujya kuvoma kure kugira ngo babone amazi yo kwita ku rusengero n’ayo […]Irambuye

Irushanwa ryo gushaka abanyempano bazajya kwiga umuziki

Ishuri rya muzika ryahoze ku Nyundo rikaza kwimukira i Muhanga ubuyobozi bwaryo bwasohoye itangazo risaba abandi bifuza kuhiga ko hari amarushanwa yabagenewe azatangira ejo hagafatwa abagera kuri 50. Murigande Jacques uzwi ku mazina ya Might Popo uyobora iki kigo niwe wasohoye iryo tangazo rikubiyemo ibisabwa ku bana bifuza kurushanwa. Muri iryo tangazo harimo ingengabihe y’ […]Irambuye

en_USEnglish