Month: <span>August 2016</span>

Rwanda U18, barashimwa nubwo batageze ku ntego

U Rwanda rwakiriye ‘FIBA Africa Under-18 Championship’ rurangiriza ku mwanya wa gatanu (5).  Umutoza Moïse Mutokambali abona uwo musaruro uhagije, kandi ashima cyane abakinnyi kuko bitanze uko bashoboye. Kuva tariki ya 22 kugeza 31 Nyakanga 2016, mu Rwnada haberaga igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 18 muri Basketball. Igikombe cyegukanywe na Angola itsinze Misiri ku mukino […]Irambuye

Nyabugogo: Umugabo yafatanywe 2 000€ y’amahimbano agiye kuvunjisha

Umwe mu bakora ibyo kuvunja amafaranga muri gare ya Nyabugogo utifuje gutangazwa amazina yabwiye Umuseke ko bakiriye umukiliya witwa Dieu Merci Ndikumana aje kuvunjisha inoti zingana na 2 000€, ngo bazigenzuye basanga ari inyiganano bahita bahamagara Police imuta muri yombi. Superintendent of Police  Hitayezu Emmanuel, Umuvugizi wa Police mu mujyi wa Kigali yabwiye Umuseke ko […]Irambuye

Nyaruguru: Mu rugo rw’umuntu bahasanze agahanga k’umwana wapfuye

Nyuma yo guhanahana amakuru hagati y’inzego z’umutekano n’abaturage, mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu rishyira kuwa kane inzego z’umutekano zatahuye agahanga k’umwana w’ikigero cy’imyaka itandatu mu rugo rw’umuturage. Byabaye ahagana saa saba z’igicuku ubwo inzego z’umutekano zasatse muri uru rugo zikabona agahanga k’umwana muri uru rugo ruri mu murenge wa Nyabimata, mu kagali ka […]Irambuye

Nta baruwa nanditse nirukana Bulldog aracyari umuhanzi wa Touch- Mutesa

Umuraperi NDAYISHIMIYE MALIK Bertrand uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Bulldog, amakuru yavugaga ko yirukanywe muri Touch Records Mutesa nyiri iyo nzu avuga ko atariyo. Gusa ngo hari amakimbirane bafitanye ariko asanzwe abaho mu buzima. Ayo makimbirane avugwa, ngo ni ukuba mu minsi ishize hari ahantu yagombaga kujya kuririmba ariko ntajyeyo atarahabwa amafaranga kandi icyo gitaramo […]Irambuye

URUTONDE rwa Kaminuza za mbere ku Isi, iy’u Rwanda ni

Ku rutonde rukorwa na Webometrics cyangwa Cybermetrics ikora ubushakashatsi igatangaza uko kaminuza zikurikirana ishingiye ku mibare ya Internet, yatangaje urutonde rw’ukwezi gushize rw’uko kaminuza zikurikirana ku rwego rw’isi. Kaminuza ya mbere ku isi ni Harvard yo muri Amerika ikurikirwa n’izindi umunani zo muri USA nazo. Kaminuza y’u Rwanda kuri uru rutonde ni iya 123 muzo […]Irambuye

Karongi: umunyemari Mugambira nyiri Golf Hotel yatawe muri yombi

Police y’u Rwanda mu karere ka Karongi yaraye itaye muri yombi umunyemari Aphrodis Mugambira nyiri Hotel Golf Eden Rock akurikiranyweho ibyaha binyuranye birimo n’icyo abakobwa yakoreshaga bamushinja. Mu ijoro ryakeye, bamwe mu bantu be ba hafi babwiye Umuseke ko uyu mugabo yari amaze gutabwa muri yombi. Muri iki gitondo, CIP Theobald Kanamugire umuvugizi wa Police […]Irambuye

ITERABWOBA i Londres: Umusore yishe umugore amuteye icyuma ku muhanda

Umugore w’ikigero cy’imyaka 60 yapfuye abandi bantu batanu barakomereka mu bugizi bwa nabi bivugwa ko bwakozwe n’umusore ufite uburwayi bwo mu mutwe, uyu yateraga aba bose icyuma. Hari gusuzumwa niba iki gikorwa kitaba cyakozwe mu rwego rw’iterabwoba. Hari ahagana saa yine z’ijoro ahitwa Russell Square mu mujyi wa Londres ubwo uyu musore w’imyaka 19 yiraraga […]Irambuye

I Kayonza nubwo havugwaga inzara ntibyabujije Umuganura na FESPAD kuhabera

Ku munsi wa gatatu iserukiramuco nyafurika mu mbyino z’umuco wa Kinyafurika yabereye mu karere ka Kayonza, binajyanirana n’umuganura, aho Minisitiri w’Umuco Nasiporo, Uwacu Julienne yavuze ko kuba bamwe baravugaga ko umuganura utazashoboka i Kayonza ariko ukaba wabaye ari ikimenyetso koIntara y’Uburasirazuba ifite ubuzima. Akarere ka Kayonza ni kamwe mu turere twugarijwe n’amapfa mu minsi ishize […]Irambuye

Ibibuga 806 by’umupira w’amaguru bigiye kubakwa mu tugari

Komisiyo y’Imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage muri Sena yatanze raporo y’ibyo yabonye mu igenzura n’isesengura ry’iterambere mu mikino y’u Rwanda, muri iyi raporo, harimo ibibuga 752 bigiye kuvugururwa, na 54 bigiye kubakwa mu tugari. Tariki 26 Kamena 2016 nibwo komisiyo yo muri Sena y’u Rwanda yatumije abayobozi b’amashyirahamwe y’imikino atandukanye, baganira ku mbogamizi […]Irambuye

Imisambi 21 yari iri muri “Musée yo kwa Habyarimana” yajyanywe

Ku nshuro ya gatatu, mu gitondo kare cyane kuri uyu wa kane imisambi 21 yatoranyijwe igasuzumwa yajyanywe kuba mu buzima bw’umwimerere ikwiye kubamo muri Pariki y’Akagera. Kuri uyu mugoroba wo kuwa gatatu Umuseke wabashije kugera aho yakorewe isuzuma rya nyuma mbere yo kujyanwa…. Iyi misambi ni iyagiye ivanwa mu ngo z’abantu (kenshi bakize) babaga bayitunze […]Irambuye

en_USEnglish