Month: <span>April 2016</span>

Ngoma: Umuyobozi mushya wa FPR-Inkotanyi ngo agiye kuzamura ubuhinzi bw’urutoki

Mu karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda hatowe ubuyobozi bushya bw’umuryango FPR-INKOTANYI ku rwego rw’akarere, umuyobozi mushya Rwiririza J.M Vianny yijeje abatuye Ngoma ko muri manda ye agiye kuzamura ubukungu by’umwihariko ashingiye ku gihingwa cy’urutoki cyera cyane muri aka karere. Abenshi mu batuye akarere ka Ngoma muri rusange batuzwe n’ubuhinzi n’ubworozi by’umwihariko n’abanyamuryango ba […]Irambuye

Ntaganzwa ukekwaho Jenoside yavuze ko “yifashe” ku kuba yaburana yemera

*Ngo abajijwe niba aho yayoboraga harabaye Jenoside; yavuze ko bisaba igihe kinini n’ubwitonzi *Ibibazo byose yabajijwe mu rukiko; bimwe yavuze ko yifashe, ibindi ko ntacyo yabivugaho, … *Ubushinjacyaha bwavuze ko Ntaganzwa yayoboye ibitero atanga n’amabwiriza yo kwica Abatutsi barenga ibihumbi 20 *Ngo yanategekaga Interahamwe gufata ku ngufu abagore b’Abatutsi, umwe muri bo (abagore) ngo ‘yishwe […]Irambuye

Muzika ikenewemo undi mushoramari nka Bralirwa- Mighty Popo

Murigande Mighty Popo uhagarariye ishuri ry’ubugeni ryitwa ‘Ecole d’Arts de Nyundo’ riherereye mu Karere ka Rubavu, avuga ko abuzwa amahwemo no kuba umuziki w’u Rwanda udafata indi ntera ngo wamamare ku isi hose. Mu biwudindiza harimo no kuba nta bashoramari bakomeye nka Bralirwa baramenya agaciro k’abahanzi. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, yavuze ko kuba adaherutse kugaragara […]Irambuye

Lesotho: Byukusenge yabaye uwa gatandatu (6) muri shampiyona ya Afurika

Byukusenge Nathan yabaye uwa gatandatu (6) mu irushanwa ry’amagare African Mountain Mike championships 2016. Guhera tariki 30 Werurwe kugeza kuri iki cyumweru tariki 3 Mata 2016, muri Lesotho haberaga Shampiyona ya Afurika yo gusiganwa mu misozi (muri African Mountain Mike championships 2016). Imyanya itanu ya mbere muri aya masiganwa, yegukanywe n’abanya Afurika y’epfo. Uwa mbere […]Irambuye

Chameleon na Goodlyf nti baje mu Rwanda mu bitaramo- A.

Mu ijoro ryo ku wa gatanu tariki ya 01 Mata 2016 nibwo abahanzi bakomeye bo muri Uganda barimo Dr Jose Chameleon n’itsinda rya Goodlyf ribarizwamo Radio & Weasel bageze i Kigali. Gusa ngo ntibaje mu bitaramo ahubwo ni uburyo bwo kwagura umubano hagati y’abahanzi bo mu bihugu byombi. Benshi mu basanzwe bakurikirana ibitaramo by’abo bahanzi, […]Irambuye

APR FC yananiwe gutsinda Marines ngo ifate Rayon, Police yo

APR FC yanganyije na Marines FC 0-0, Police FC itsinda AS Kigali, mu mikino y’ibirarane by’umunsi wa 14 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda itarabereye ku gihe. Umutoza mukuru wa APR FC Nizar Khanfir umaze kuyitoza imikino itatu nta ntsinzi, dore ko yatsinzwe umwe akanganya ibiri,  yaje mu mukino wa Marines ahabwa amahirwe, cyane […]Irambuye

Social Mula arashinja T-Brown na Davydenko kumutsikamira

Mugwaneza Lambert uzwi muri muzika nka Social Mula, arashinja producer T-Brown na Davydenko kugira uruhare mu kudindiza ibikorwa bye bitewe n’uko hari indirimbo yitwa ‘Akamodoka’ yari ahuriyemo n’abandi bahanzi ntaboneke igihe cyo kuyifatira amashusho. Kuba Social Mula ataragereye ku gihe aho bagombaga gufatira ayo mashusho y’iyo ndirimbo bigatuma bisubikwa, byavuyemo kwakwa indirimbo yari yararangije gukorerwa […]Irambuye

Nyagatare: Hasojwe ibikorwa bya AERG/GAERG WEEK 2016

Mu murenge wa Karangazi, Akarere ka Nyagatare mu Ntara y’Uburasirazuba, kuri iki cyumweru tariki 03 Mata 2016 ubwo urubyiruko rugize AERG na GAERG rwasozaga bya AERG/GAERG 2016,  Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi yabashimiye ubutwari bwo kutemera gupfa. Geraldine Mukeshimana ati “Mbashimiye ubutwari bwo kutemera gupfa, aho mugeze ntimugipfuye, mukomeze mwishyire hamwe.” Hari mu ijombo rye ubwo yashimaga […]Irambuye

Mwalimu muri Kaminuza ya Makerere afungiye gufata ku ngufu umunyeshuri

Umwalimu w’imyaka 58  wigisha mu ishami rya Siyansi muri Kaminuza ya Makerere afunzwe na Police yaho ashinjwa gufata ku ngufu umukobwa wiga mu mwaka wa mbere wa Kaminuza, uyu mukobwa akaba yari acumbitse mu igaraji (aho baparika imodoka) y’inzu y’uwo mwalimu. Uyu ariko akaba ahakana ibyo aregwa. Patrick Onyango Umuvugizi wa Police ya Kampala avuga […]Irambuye

Ingengabitekerezo iri mu ngo iragoye kuyishyira mu mibare – IBUKA

Asobanura uko Umuryango IBUKA witeguye Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi Dr Jean Pierre Dusingizemungu yavuze ko mu miryango imwe n’imwe y’Abanyarwanda hakigaragara ingengabitekerezo ya Jenoside ku rwego rugoye gushyira mu mibare, abana bakaba aribo bayigishwa n’abakuru. Umunyamakuru ashingiye ku mibare iherutse gutangazwa na Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside yakorewe Abatutsi, imibare yemeza […]Irambuye

en_USEnglish