Month: <span>December 2015</span>

Ghana: Minisitiri wakoresheje Miliyoni y’Amadolari ataaka imodoka, yeguye

Igihugu cya Ghana cyasabye ko amafaranga agera ku $500,000 (£350,000) asubizwa mu kigega cya Leta nyuma y’aho Minisiteri y’Ubwikorezi ikoresheje amafaranga agera kuri miliyoni y’Amadolari (Frw 765 000 000) mu gusiga amarangi imodoka za bus zitwara abagenzi, zari zashushanyijweho amasura y’Abaperezida bayoboye Ghana. Ikigo Smartty’s Management Limited, cyari cyahawe iryo soko cyasabwe gusubiza uburenganzira bwo […]Irambuye

Min.Mushikiwabo na Perezida Magufuli basabye Abarundi kujya mu biganiro

Mu ruzinduko yarimo mu gihugu cya Tanzania, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda n’ubutwererane Louis Mushikiwabo yaganiriye na Perezida wa Tanzania Dr John Magufuli ku kibazo cy’u Burundi, abayobozi bombi basabye Abarundi gushakira umuti w’ibibazo byabo mu bibiganiro bya Politiki. Itangazo ryasohowe n’ibiro by’itumanaho bya Perezida wa Tanzania riravuga ko abayobozi bombi baganiriye ku ngingo zinyuranye […]Irambuye

Police yafashe imodoka ebyiri, 2,700 $ na miliyoni 3Ugsh byibwe

Kuri uyu wa kane nibwo Police y’u Rwanda yashyikirije iya Uganda 2 700US$, imodoka ebyiri zirimo imwe itwara ibimodoka binini, hamwe n’amashilingi miliyoni 3,1 byafatanywe abajura babyibye muri Uganda bakabizana mu Rwanda. Eng. January Bamanzi ukorera kompanyi yitwa Climat works Ltd i Kampala yavuze ko uwabibye yabibye yose hamwe angana na miliyoni 36 z’amashilingi ya […]Irambuye

Bagiye kubaka ikibuga cya mbere ku isi cya Tennis munsi

Amakuru atangwa na Forbes Magazine aravuga ko abaherwe bo mu mujyi wa Dubai mu bihugu byunze ubumwe by’Abarabu bafite umushinga wa miliyari 2.5$ wo kubaka stade y’umukino wa Tennis munsi y’amazi. Umuhanga mu kubaka mu mazi ukomoka muri Pologne witwa Krystztof Kotala washinze Ikigo 8+8 Concept Studio niwe watanze kiriya gitekerezo. Uyu mugabo yifuje ko […]Irambuye

Abanyarwanda babiri gusa muri 34 bazasifura CHAN 2016 mu Rwanda

Guhera tariki ya 16 Mutarama kugeza 7 Gashyantare 2016, u Rwanda rugiye kwakira ibihugu 16 mu gikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo, CHAN 2016. Iki gikombe kigiye kuba ku nshuro yacyo ya 4, nicyo gikombe cya Afurika cy’abakuru cya mbere kigiye kubera mu karere k’ibiyaga bigari. Kikazasifurwa n’abasifuzi 34 harimo babiri b’abanyaRwanda. […]Irambuye

Magufuli yategetse ko umuganda uzajya uba kuwa gatandatu wa mbere

Luhaga Mpina, umuyobozi wungirije mu biro by’Umukuru w’igihugu yabwiye abanyamakuru ko Leta ya Tanzania yategetse ko guhera muri Mutarama 2016, abaturage bose ba Tanzania bazajya bakora umuganda kuwa gatandatu wa mbere w’ukwezi. Ni nyuma y’igikorwa nk’iki cyakozwe ku munsi wizihizwaho Ubwingenge kikishimirwa cyane n’Abatanzania benshi. Ikinyamakuru The citizen kivuga abatuye kiriya gihugu bagomba gukora umuganda […]Irambuye

Byemejwe; Hitler koko ngo yari afite ibya rimwe

Umunyamateka wo mu Budage yabashije kubona ‘raport medical’ yo mu 1923 yakorewe Hitler mu gihe yari afunze azira gushaka gukora coup d’etat, iyi raporo ivuga ko uyu mugabo wabaye icyamamare ku isi yari afite agasabo k’intanga kamwe gusa. Iyi nkuru yahise itangazwa n’ikinyamakuru Bild muri iki cyumweru ndetse n’ibindi bitangazamakuru byinshi byo mu Budage yavanyeho […]Irambuye

“Umuhanzi muto biragoye kubona aho amenyekanira”- Yvan Buravani

Yvan Buravani ni umuhanzi urimo kuzamuka cyane ugereranyije n’indirimbo afite zimaze kumenyekana. Kuri we abona u Rwanda rufite abahanzi benshi b’abahanga ahubwo bamwe batabona aho bigaragariza. Mu ndirimbo zigera kuri eshatu zirimo, Majunda, Bindimo, Urwo nkukunda, afatanyije na Uncle Austin bamwe mu bamaze kuzumva bemeza ko uyu muhanzi yitaweho yagira icyo ahindura ku iterambere rya […]Irambuye

Abaturage 70 bishwe mu mirwano y’ingabo za Cameroun na Boko

Kuri uyu wa gatatu ubwo ingabo za Cameroun zahanganaga n’Umutwe wa Boko Haram mu gace ka Borno uyu mutwe washinzemo ibirindiro,  abaturage bagera kuri 70 baguye muri iyo mirwano. Ababonye ibyabaye bavuga ko abapfuye bishwe n’ingabo za Cameroun zibitiranije n’abarwanyi ba Boko Haram. Iki cyari igitero cyateguwe n’ingabo za Cameroun zashakaga kwirukana Boko Haram mu […]Irambuye

en_USEnglish