Month: <span>December 2015</span>

Kuba mu kubaho kw’Imana bituma utita ku bwinshi bw’ibikugose

Imana isezeranya Mwuka Wera, yavuze ko mu bihe bya nyuma izawusuka ku bantu bose hadasigaye n’umwe! [Yoweli 3:1-2]. Ariko se kuki abantu bamwe babaho nk’aho iri sezerano ritareba buri wese, yemwe n’abajya gusenga ugasanga nta bimenyetso bya Mwuka Wera bibagaragaraho! Ubundi kugira ngo Mwuka Wera akore, bisaba kuba mu bwiza bw’Imana. Niyo Mpamvu abadasenga birangira […]Irambuye

Yibye Lodge i Kampala miliyoni 11Ugsh afatirwa mu nzira ageze

Umusore w’imyaka 22 witwa Mateso yemera ko ku cyumweru gishize yibye miliyoni 11 z’amashiringi ya Uganda muri Kilimadjaro Lodge yakoreraga kuri reception i Kampala, uyu yaje gufatwa na Police y’u Rwanda ageze Kabarore muri Gatsibo agarutse mu Rwanda agifite aya mafaranga yose nta na rimwe rivuyeho. Kuri uyu wa kane Police y’u Rwanda yashyikirije nyiri […]Irambuye

Rwanda: Ruswa y’igitsina mu kazi n’ “akantu” mu itangwa ry’amasoko

Kuri uyu wa kane tariki 3 Ukuboza 2015 muri gahunda y’icyumweru cyahariwe ku rwanya ruswa, mu nama yahuje u rwego rw’abikorera n’ubuyobozi bw’Umuvunyi, abikorera basabwe kugira uruhare runini mu rugamba rwo gukumira no kurwanya ruswa dore ko aribo batungwa agatoki mu gusaba ruswa mu itangwa ry’akazi ahanini ishingiye ku gitsina. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, Umuvunyi […]Irambuye

CECAFA: U Rwanda kuri FINAL nyuma yo gutsinda Sudan kuri

U Rwanda rwari rwatangiye igice cya mbere nabi, nyuma y’iminota 20 y’igice cya mbere Sudan yabonye ikarita itukura. Amavubi ntiyabashije kubya umusaruro ayo mahirwe ngo atsinde mu minota ya mbere kugeza ku munota wa 90, ahubwo mu minota y’inyongera Amvubi yatsinzwe igitego mu minota y’inyongera, igitego cyishyuwe na Mugiraneza JB, Amavubi yaje kubasha gutsinda kuri […]Irambuye

Abahinde babiri bararegwa kunyereza imisoro igera kuri miliyoni 70

Abahinde babiri b’abayobozi ba kompanyi z’ubucuruzi bari mu maboko ya Police bakurikiranyweho n’ishami rya Rwanda Revenue Authority ryo gukurikirana za magendu ku cyaha cyo gushaka kunyereza imisoro bakoresheje fagitire zitari zo z’imashini za EBM (Electronic Billing Machine). Aba bahinde bemera ko ari ikosa bakoreshejwe n’uwazibagurishije avuga ko ahagarariye kompanyi y’ubucuruzi. Robert Mugabe ukuriye ishami ryo […]Irambuye

Rayon Sports ngo irinjira 2016 ifite ikipe y’amagare

Umuryango wa Rayon Sports, usanganywe ikipe y’umupira w’amaguru n’iya Volleyball, Vedaste Kimenyi umuyobozi wungirije wa Rayon Sports umuryango, yabwiye Umuseke ko umwaka wa 2016 Rayon Sports izawinjiranamo ikipe kandi yo gusiganwa ku magare. Ubwo etape ya 4 ya Tour du Rwanda iherutse yasorezwaga i Nyanza, umuyobozi w’aka karere Abdallah Murenzi ko ubu nabo bafite ikipe […]Irambuye

Ingurube n’andi matungo magufi bizunganira GIRINKA Munyarwanda – Murekezi

Mu kiganiro Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yagejeje ku Nteko Nshingamategeko imitwe yombi, yavuze ko nubwo gahunda ya Girinka Munyarwanda yagize uruhare mu guteza imbere Abanyarwanda no kuzamura imibereho ya benshi, ngo Leta yasanze amatungo magufi by’umwihariko ingurube n’inkoko byakunganira iyi gahunda mu gukomeza iterambere. Murekezi yabwiye Abadepite n’Abasenateri, nk’uko abisabwa n’ingingo ya 134 y’Itegeko nshinga, […]Irambuye

Menya imbaraga zikiza zihishe muri tunguru-sumu

Mu gihugu cya Misiri tungurusumu yemerwaga, ikanakoreshwa nk’ikiribwa gitera imbaraga. Abakozi bubakaga za Pyramides zaho zizwi cyane bayiryaga buri munsi mbere yo gutangira akazi. Kandi n’ubu mbere y’uko abanyamisiri bajya mu marushanwa y’imikino itandukanye benshi babanza kuyirya. Abagiriki kuva mu mwaka wa 460 BC (mbere y’ivuka rya Yezu/Yesu) tungurusumu yaribwaga cyane n’ abakoraga amarushanwa yo […]Irambuye

Mwulire: Hashize imyaka hafi 3 batemerewe kugira icyo bakora mu

*Kwimurwa babimenyeshejwe muri Werurwe 2013; muri Mata batangira kubarirwa *Aho babariwe ngo bimurwe hazubakwa ikigo cya gisirikare *Metero Kare imwe bayibariwe kuri 250Fwr; *Abatarishyurwa ngo basaga 150, amarira ni yose… *Barataka inzara n’ubukene; bamwe inzu zishobora kubagwira kuko batemerewe gusana Rwamgana – Abaturage bo mu midugudu itatu yo mu murenge wa Mwurire batarishyurwa ingurane y’imitungo […]Irambuye

en_USEnglish