Month: <span>June 2015</span>

Kuki Alpha yasohoye indirimbo yise ‘Katarina’?

Alpha Rwirangira umwe mu bahanzi nyarwanda bazwiho ubuhanga mu miririmbire yabo ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho arimo gukurikiranira amasomo y’ibijyanye na Muzika ndetse n’icungamutungo (Music Business and Management) yashyize hanze indirimbo benshi barimo kuvugaho byinshi yise ‘Katarina’. Mu gihe cyari hafi kugera ku mwaka uyu muhanzi adashyira hanze indirimbo, ubu noneho yashyize hanze […]Irambuye

Kenya: Al-Shabaab yigaruriye umudugudu wa Mandera

Amakuru atangwa na DailyNation aravuga ko ejo abarwanyi 30 ba Al Shabab bigaruriye umudugudu witwa Mandera uherereye mu majyaruguru ya Kenya, bituma abaturage bahunga bakava mu byabo. Ibigo by’amashuri bine byarafunze harimo ikitwa Gari Boys Secondary School. Kuwa kane w’icyumweru gishize bamwe mu bana biga muri kiriya kigo batangiye kwikuriramo akabo karenge nyuma yo kumva […]Irambuye

Umujyi wa Goma waraye utewe n’abantu bataramenyekana

DRC, Kivu ya Ruguru – Urusaku rw’amasasu rurimo n’imbunda ziremeye rwumvikanye kuva saa saba z’ijoro ryakeye kugeza saa kumi z’igicuku mu mujyi wa Goma. Bamwe mu batuye uyu mujyi babwiye umunyamakuru w’Umuseke ko baraye bahagaze. Kugeza ubu abateye uyu mujyi ntibaramenyekana nubwo hari gucyekwa abarwanyi ba FDLR. Mu gitondo saa kumi n’imwe amasasu macye macye yari acyumvikana […]Irambuye

Volleyball: Rayon sport imaze amezi 11 idahemba abakinnyi

Bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya Rayon sport Volleyball Club baganiriye n’Umuseke batubwiye ko ubu nta moral bafite kuko bamaze amezi 11 badahembwa, uku kubura akanyabugabo bikaba ngo ari imwe mu mpamvu yatumye batsindwa na UNATEK iseti imwe ya mbere nubwo umukino wabaga muri week end ishize waje guhita usubikwa kubera imvura nyinshi. Abenshi mu bakinnyi […]Irambuye

Tujyane ku kirunga cya BISOKE, urugendo rushobora umugabo rugasiba undi.

Pariki y’Ibirunga ni agace karimo ibyiza nyaburanga byinshi, by’umwihariko kureba ibirunga, amashyamba abikikije, ndetse no gusura ingagi, ariko hari no kurira ibirunga ushaka kumara amatsiko yawe ku bintu bitandukanye. Kuzamuka ibi bisozi binini ni n’ikizami cy’umubiri kuko bisaba agatege. Ni urugendo rw’amasaha ane uzamuka cyane n’atatu yo kumanuka. Bitewe n’imiterere y’aka gace, abahajya agomba kwambara […]Irambuye

Abanyarwanda banywa ikawa ni 1%

Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere umusaruro ukomoka k’ubuhinzi n’ubworozi woherezwa mu mahanga NAEB gitangaza ko umubare w’Abanyarwanda banywa ikawa muri rusange n’ikawa y’u Rwanda bangana na 1% , imwe mu mpamvu zibitera ikaba y’uko ngo Ikawa ibuza abantu gusinzira. Ibi byatangajwe mu nama nyunguranabitekerezo yahuje inzobere mu bijyanye no kongerera agaciro ikawa y’u Rwanda cyabaye […]Irambuye

Burundi: Bamwe mu bagize Komisiyo y’amatora basezeye

Amakuru yatanzwe na Pacifique Nininahazwe umwe mu baharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Burundi ayanyujije kuri Twitter arerekana amabaruwa abiri yanditswe na Spes Caritas Ndironkeye na Illuminata Ndabahagamye basezera muri Komisiyo y’amatora mu Burundi yitwa CENI gusa ukuriye Komisiyo Pierre Claver Ndayicariye we avuga ko ibyanditswe na Nininahazwe ari ibinyoma. Bivugwa ko gusimbura aba babyeyi bizagorana kuko […]Irambuye

Abakozi b’Agaseke Bank bemeza ko Kwibuka ari inshingano ya buri

Ubwo basuraga Urwibutso rwa Ntarama mu Bugesera mu mpera z’iki cyumweru twarangije, abakozi b’Agaseke Bank bibukije abanyarwanda ko kwibuka no kwita ku nzu ari inshingano zabo bose kandi bagomba kuzabikora uko ibihe bizagenda bisimburana iteka. Kuri bo ngo ibi bizatuma abana batazibagirwa ibyabaye kandi n’abakuru bakajya babona ubukana by’ibyayeho. Bakigera ku Rwibutso abakozi ba Agaseke […]Irambuye

Michael Ross yakoze indirimbo iri mu kinyarwanda

Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Uganda uzwi nka Michael Ross Kakooza wamenyekanye cyane mu ndirimbo yitwa ‘Senorita’ ahagana mu mwaka wa 2002, yashyize hanze indirimbo iri mu Kinyarwanda. Mu minsi ishize ubwo Michael Ross aheruka mu Rwanda, yatangaje ko yari aje mu bikorwa bye bijyanye na muzika ndetse aza no gusiga akoranye indirimbo n’umuhanzi Mani […]Irambuye

en_USEnglish