Month: <span>April 2011</span>

Ibaruwa isaba gufunga facebook na twitter

Uganda – urwandiko rusaba gufunga facebook na twitter ku mugaragaro Amakuru dukesha thenextweb.com aragaragaza ko leta ya Uganda yagerageje gufunga facebook na twitter mu rwego rwo kugabanya igitutu cy’abatavuga rumwe na leta bamaze iminsi mu myigaragambyo yiswe “Walk to Work” Umugande umwe kuri twitter niwe washyize kuri twitter iyi baruwa yanditswe na diregiteri w’ishami ry’ibijyanye […]Irambuye

Film kuri genocide yakozwe na Norwegians

Film nshya kuri genocide yakozwe n’abanyanorvege Duhozanye “a Rwanda village of widows” firime nshya Abanyanorvege bari gukora ama firime kuri genocide yakorewe abatutsi mu Rwanda baravuga ko aya mafirime azatanga ubutumwa buzatuma bamwe mu bakekwaho Genocide bakidegembya mu gihugu cyabo bakurikiranwa n’ inkiko. Aba banyanolvege bakoze filime kw’ishirahamwe ry’abapfakazi ba genocide DUHOZANYE ry’ I save […]Irambuye

Inguzanyo ya Moto izabakura mu bukene

Abanyamuryango ba koperative COTTAMOHU (Copérative des transports de taxis et de moto de Huye), batangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 21 Mata 2011 ko banejejwe cyane n’inguzanyo y’amamoto ku nguzanyo bahawe na Vision Finance. Baganira n’umuseke.com  bamwe mu banyamuryango ba koperative bahawe aya mato batangaje ko bashimishijwe n’iki gikorwa  bakaba bavuga […]Irambuye

Ingabo za Ouattara zarasanye ubwazo

Ingabo zishyigikiye Alassane Ouattara zarasaniye mu mujyi wa Abidjan hagati yazo ubwazo kuri uyu munsi. Ngo byabaye hagati y’ingabo zidasanzwe zitigaragaza (Invisible Commandos) zishyigikiye Ouattara ziri mu mujyi wa Abidjan ndetse n’izindi ngabo zisanzwe zimurwanira kubera ko bataziranye. Uku kurasana ngo kwamaze iminota igera kuri 30 kwatewe n’uko ngo izi ngabo za Ouattara zari zifite […]Irambuye

PUFF G impamvu atari muri Salax Award

Umuhanzi wa RNB hano mu Rwanda Puff G avugako atashyizwe mu bahanzi bazahabwa igihembo cya Salax Music Award kubera ko nta bikorwa yakoze wenyine mu mwaka ushize ndetse n’uyu turimo. PUFF G ati: “si uko abatoranyijwe bandusha kuririrmba ahubwo ni uko ibikorwa byanjye byabaye bike nakoze featuring nyinshi kurusha izo nakoze njyenyine  kandi  no kutagira […]Irambuye

SFAR igiye gushakisha ukuri mu midugudu

Mu mpera z’umwaka w’amashuri wa 2010, nibwo Leta y’u Rwanda yatangaje ko itazongera gutanga inguzanyo y’amafaranga ibihumbi makumyabiri na bitanu (25.000) yajyaga iha abanyeshuri yo kubatunga, iyanyujije mu kigo cy’igihugu gishinzwe gutera inkunga abanyeshuri biga mu mashuri makuru na za kaminuza mu Rwanda (SFAR). Gusa yongeyeho ko abanyeshuri bizagaragara ko badashobora kwitunga izakomeza kubaguriza. Abanyeshuri […]Irambuye

Ramos yavunnye igikombe batwaye

Shakira ati: “Ihorere Piqué igikombe kireke ufite njyewe” Nyuma yo kwegukana igikombe itsinze Barcelona ku gitego kimwe ku busa mu minota y’inyongera, Sergio Ramos mu kwishimira iki gikombe ubwo bari hejuru ku modoka bareka igikombe abafana babo, ngo yagihonze hasi kivunikaho agace kacyo. Nyuma yo gutwara igikombe ikipe yahise iva mu mujyi wa Valence aho […]Irambuye

Inama y’abaminisitiri kuwa 20 Mata

Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yateraniye muri village urugwiro ku wa 20/04/2011 Ejo kuwa gatatu tariki ya 20 Mata 2011, Inama y‟Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y‟Abaminisitiri yatangiye yifuriza imirimo myiza Umunyamabanga Mukuru mushya w‟Umuryango w‟Ibihugu bya Afurika y„Iburasirazuba Dr SEZIBERA Richard wari Minisitiri w‟Ubuzima, imwizeza ko Guverinoma […]Irambuye

Imibonano mpuzabitsina idasanzwe irica

Imibonano mpuzabitsina idasazwe ishobora kwica! Itsinda ry’abashakashatsi b’abanyamerika ba Tufts Medical Center y’i Boston na   Harvard berekana ko imibonano mpuzabitsina ishobora kwica uyikoze mu gihe ayikoze atameze neza. Babyerekana bakurikije isano iri hagati y’ibikorwa by’ingufu cyangwa mpuzabitsina bya buri gihe n’indwara z’umutima. Bahereye ku bushakashatsi bwari busanzwe buriho, kubijyanye n’ibikorwa bya buri munsi bisaba ingufu […]Irambuye

Bonfils na Mugabo bageze muri U 17

Kuri uyu wa gatatu ni mugoroba nibwo abasore MUGABO na BONFILS bageze ku bandi basore b’intarumikwa bagize ikipe y’u Rwanda. Aba basore bakaba bazanywe n’umutoza Tardy  wagiye kubifatira i Paris muri centre. Nyuma yo kuhagera, igishimishije cyane ni ukuntu abandi bakinnyi babakiranye urugwiro n’ubwuzu bwinshi cyane. Photo: Mugabo na Bonfils bakiriwe n’urugwiro rwinshi n’abagenzi babo […]Irambuye

en_USEnglish