Month: <span>April 2011</span>

Chelsea yatsindiwe mu rugo

Barcelona yihanije Shaktar Mu mikino ya 1/4 ibanza, ikipe ya Chelsa yatsindiwe na Manchester United ku kibuga cyayo igitego 1-0 cyatsinzwe na Wayne Rooney ku munota wa 24. Chelsea ikaba yari imaze imikino irenga 21 idatsindirwa ku kibuga cyayo. N’umukino waranzwe n’ingufu nyinshi ku mpande zombi byatumye n’abatoza batagira byinshi batangaza kuko bahuriye kwijambo rimwe […]Irambuye

Enrique Iglesias n’umufana byaracitse

Mu minsi ishize ubwo uyu muhanzi Enrique Iglesias yakoraga igitaramo mu gihugu cy’ububirigi, uyu muhanzi yafashe umufana we amuzamura aho yaririmbiraga (scène) aramusomagura biracika. Uyu muhanzi uzwiho kuba afite ibigango, ndetse uzwiho no kuba azi gukurura abakobwa no kuririmba neza bidasigaye, aho ajya hose gutanga ibitaramo usanga abafana be benshi biganjemo abagore. Ubwo uyu mugabo […]Irambuye

Champions Ligue:Imikino 2 yatunguranye.

Real Madrid 4 Tottenham 0, International 2 Schalk 5 Moulinho na Raul bati haracyari iminota 90 yo gukina Real Madrid na Tottenham ni wo mukino wari uw’umunsi ukurikije ibyavugwaga na benshi. Umukinnyi wa Tettenham Gareth Bale,21, bashakaga kureba uko aza yirukankana bamyugariro ba Real Madrid ya José Moulinho wari ku kibuga cye Santiago Bernabeu. Umukino […]Irambuye

Rayons sport:Ruremesha yanze gutoza

Etincelles FC v La Jeunesse FC 2-2 Mu gihe kuri uyu munsi imikino yo kwishyura muri PNFl iza kuba ikomeza bakina imikino y’umunsi wa 12 wa shampiyona,umutoza w’ikipe ya rayon sport ariwe Ruremesha Emmnanuel akaba amaze gutangariza umuseke.com ko ataza kuba yicaye ku ntebe y’ubutoza ubwo iyi kipe ya Rayon sport iza kuba ihura na […]Irambuye

Chelsea vs Man U: uko biza kugenda

Stamford Bridge, 20.45 mu Rwanda kuri SS3 Uyu munsi i Stamford bridge Chelsea y’umutoza Carlo Ancelotti irakira Manchester United mumikino ya 1/8 kirangiza ya UEFA Champions Ligue. Umuseke.com wagusesenguriye iby’uyu mukino mbere y’uko uba. Aya makipe aheruka guhurira mu mikino yo kumugabane w’u Burayi mu 2008 ubwo bakinaga umukino wa nyuma wa Champions Ligue kuri […]Irambuye

Chelsea v Manchester United: uko biza kugenda

Stamford Bridge, 20.45 mu Rwanda kuri SS3 Uyu munsi i Stamford bridge Chelsea y’umutoza Carlo Ancelotti irakira Manchester United mumikino ya 1/8 kirangiza ya UEFA Champions Ligue. Umuseke.com wagusesenguriye iby’uyu mukino mbere y’uko uba. Aya makipe aheruka guhurira mu mikino yo kumugabane w’u Burayi mu 2008 ubwo bakinaga umukino wa nyuma wa Champions Ligue kuri […]Irambuye

Inzoga zitemewe zikomeje gushakishwa

Nyuma yuko Tariki ya makumyabiri na gatatu z’ukwezi kwa gatatu hari hafashwe abantu bagera kuri cumi n’umwe bakora inzoga zitemewe mu murenge wa Huye, kuri iki cyumweru noneho polisi ikorera mu murenge wa Ngoma yakoze isaka ry’ inzoga zitemewe mu kagari ka Cyarwa ho murenge wa Tumba maze hafatwa Litiro zigera kuri magana ane y’inzoga […]Irambuye

Japan: Abatabazi bahuje imbwa na nyirayo.

Umutingito uheruka mu buyapani wangije byinshi ndetse n’abantu benshi bahasiga ubuzima. Igitangaje ni imbwa abatabazi barokoye ubwo bakuragaho ibikuta byahirimye. Iyi mbwa yari imaze ibyumweru bitatu nyirayo atazi irengero ryayo, mugihe yarebaga Television nyiri yi mbwa yaje kuyibona munkuru ya raporo y’abatabazi arayimenya. Uyu mudamu utashatse ko batangaza izina rye, yagaraye afite ibyishimo ubwo yari […]Irambuye

Hampstead: Cesc Fabregas yakoze impanuka.

Uyu mukinnyi wa Arsenal yaraye agonze imodoka ye yo mu bwoko bwa Mercedes Benz SL500 ifite agaciro k’ibihumbi £100,000. Kubwamahirwe we akaba ntacyo yabaye kuko yaje no guhita akomeza akigira mu myitozo yaganagamo. Fabregas 23, yavaga mu rugo rwe i Hampstead, mu majyaruguru ya London yerekeza ku kibuga kimyitozo cya Arsenal cya London Colney. Munzira […]Irambuye

Haiti: Umuhanzi yatorewe kuba Perezida

Umuhanzi Michel Martely yatsinze amatora ku mwanya wa Perezida w’igihugu muri Hayiti. Umuririmbyi ukunzwe cyane muri Hayiti Michel Martelly yatsinze amatora kumwanya wa perezida namajwi 67,57% nkuko byatangajwe kuruyu wambere na komisiyo y’amatora yagateganyo muri hayiti.   Umuhanzi Michel Martely watsinze amatora ku mwanya wa Perezida w’igihugu muri Hayiti(Photo internet) Ayo matora yabaye tariki 20/03/2011 […]Irambuye

en_USEnglish