Mu Murenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, umuyaya witwa Victoria w’imyaka 27 wakoraga mu rugo rwa Harerimana, kuri uyu Gatanu yafatanywe uburozi yemera ko yabuhaga sebuja na nyirabuja witwa Mukeshimana. Uyu mukobwa yemereye polisi ko ubwo burozi yari yarabuhawe na nyina ubu utuye mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Mwendo. Ukekwaho gutunga uburozi ngo […]Irambuye
Inzuki ni inigwahabiri ziri mu zizwi cyane kandi zifitiye urusobe rw’ibinyabuzima akamaro kurusha izindi. Abantu bazwiho kuba baratangiye kuzorora mbere y’abandi ku isi ni abaturage bo mu burasirazuba bwo Hagati bahoze batuye muri Misiri. Ubugereki na Israel bya kera cyane. Mu mva za ba Farawo abahanga mu byataburuwe mu matongo bagiye basangamo amacupa arimo ubuki […]Irambuye
Sinkisinzira kubera iryinyo rirara rindya, sinkirya ibishyushye, iyo nyoye ibikonje amenyo arandya, bamaze kunkura amenyo abiri,…Ni bimwe mu bibazo abarwaye amenyo bakunze gutaka. Akenshi bituruka ku gucukuka kw’iryinyo. Ushobora kuba uri umwe muri abo bantu bafite amenyo yacukutse, ugahora wibaza impamvu yaba yarateye iryo ryinyo gucukuka ariko ukayibura. Uko gucukuka ahanini guturuka ku kwangirika kw’iryinyo […]Irambuye
Iyi pariki yashinzwe muri 1934 ikaba ifite ubuso bwa 1,122 km². Ni imwe muri pariki Ikora ku mupaka w’u Rwanda na Tanzania. Kubera ibibazo by’ubwiyongere bw’abaturage ndetse no gutahuka kw’impunzi, ubuso runaka bw’iyi pariki bwigeze kwangizwa n’ibikorwa bya muntu. Muri iki gihe yasubijwe ubuzima, inyamaswa ziyituyemo zirakenye. Ikora ku turere twa Kayonza, Gatsibo na Nyagatare. […]Irambuye
Abaturage ba Roma nibo ba mbere bubatse ibyumba binini bishushe nk’uruziga, bifite aho abantu bicaraga umwe iruhande rwa mugenzi we bakareba imikino itandukanye harimo uwahuzaga abagabo babiri bafite ingufu bakarwana bikarangira umwe yishe undi. Iyi mirwano y’injyanamuntu yaberaga mu cyumba bise ‘arena.’ Ijambo Arena ryo mu Cyongereza rikomoka ku rurimi rw’Ikilatini ‘Harena’ bivuga ahantu h’imirwano. […]Irambuye
Amakuru yahaye FBI na MI5 yafashije mu kuburizamo bimwe mu bitero bikomeye harimo n’icyari cyateguriwe kwica Antony Charles Lynton Blair uzwi cyane ku izina Tony Blair wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza guhera muri 1997 kugeza 2007. Uwo maneko kandi ngo amakuru yahaye FBI, MI5 n’ibiro by’ubutasi bya Irland yatumye umukuru w’abarwanyi bari bibumbiye mu kitwaga […]Irambuye
*Ababyeyi banenga imyambarire y’ab’ubu, Mayor ati “ni bo batabakebura” Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco igaragaza ko umuco ugaburirwa n’inkingi eshatu ari zo; umurage, ibihangano n’ibihahano. Imyambarire y’ubu iri mu mico mihahano ntivugwaho rumwe kubera isa nk’iyototera gutokoza indangagaciro yo kwiyubaha, kwanga umugayo no kurangwa n’ubumanzi. Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyagatare bavuga ko imyambarire […]Irambuye
Ifunguro ryo ku Nyanja ya Mediterane niryo ryatoranyijwe nk’ifunguro ryiza ry’uyu mwaka wa 2019 mu ndyo zigera kuri 41 zatorayijwe ku isi nk’uko byatangajwe mu cyumweru gishize. Nibwo bwa mbere ibiryo byo kuri iyi Nyanja bibaye ibya mbere mu byiciro byinshi; ifunguro ryiza mu ndyo zikwiriye, ifunguro riruta andi arimo imboga, ifunguro ryiza kuri diyabete, […]Irambuye
Icyogajuru cyayo cyabashije kugera ku gice cy’ukwezi kitari cyakagezweho na muntu, iki cyogajuru kiswe Chang’e 4 cyageze kuri iki gice cy’ukwezi kuri uyu wa kane mu gitondo ku isaa kumi n’igice ku masaha yo mu Rwanda. Televiziyo y’igihugu mu Bushinwa yavuze ko iki cyogajuru cyahise gitanga amashusho ya hafi cyane yerekana iki gice gihera cy’ukwezi […]Irambuye
Abahanga bo mu kigo gikora iby’ikoranabuhanga kitwa TechCrunch bavuga ko muri iki gihe hari amakuru babona yerekana ko hari itsinda ry’abahanga mu ikoranabuhanga(hackers) ba Islamic State bakoresha inkuta za twitter z’abantu zidaheruka gukora. Ngo bazikoresha mu kwamamaza urwango bafite Abanyaburayi na USA. Kimwe mu bituma bariya bakozi ba ISIS bashobora gukoresha ziriya nkuta za Twitter […]Irambuye