Tags : Yahya Jammeh

Gambia: Leta nshya yakuyeho icyemezo cya Perezida Jammeh cyo kuva

Guverinoma ya Gambia iriho muri iki gihe iyobowe na Perezida Adam Barrow yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres imumenyesha ko yo idakomeje umugambi wo kwikura mu Rukukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) umugambi watangijwe na Perezida wavuyeho Yahya Jammeh. Ubutegetsi muri Gambia bwandikiye Antonio Guterres bumubwira ko Leta nshya ishyigikiye iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’ikiremwa muntu, demokarasi, imiyoborere […]Irambuye

Gambia: Adama Barrow yashyizeho umugore uzamwungiriza

Perezida mushya muri Gambia, Adama Barrow yagize Visi Perezida we umugore uzwi cyane ndetse wigeze kuba mu butegetsi bwa Yahya Jammeh nyuma akiyunga n’abatavuga rumwe na we, akaba ari na we watangaje ko azageza mu butabera Yahya Jammeh. Hari bamwe batangiye kunenga icyemezo cya Perezida Barrow bavuga ko Fatoumata Jallow-Tambajang w’imyaka 68, atari akwiye kujya […]Irambuye

Ubwato bw’intambara bwa Nigeria bwerekeje muri Gambia

Ubwato bushya bw’intambara bwa Nigeria (NNS Unity), bwerekeje mu Gambia bwitegura ko igihe cyose bwakoreshwa mu ntambara yo gukuraho Perezida Yahya Jammeh wanze kwemera ibyavuye mu matora mu gihe yakabaye ava ku butegetsi ku wa kane w’iki cyumweru. Amakuru ava mu ngabo za Nigeria yamenywe na BBC ni uko ubwo bwato bw’intambara buri mu nyanja […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh yagejeje ijambo ku baturage, nta byo kurekura

Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh yaraye agejeje ijambo ku batuye igihugu abasaba ko bategereza umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga kuko ngo nirwo ruzemeza uwatowe nka Perezida. Ijambo rye ryakurikiye umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga uvuga ko ruzaterana muri Gicurasi 2017 kugira ngo abacamanza basuzume ikirego cyatanzwe n’ishyaka rya Perezida Jammeh risaba ko amatora yasubirwamo. Urukiko rw’Ikirenga rwimuriye urubanza muri […]Irambuye

Gambia: Ingabo za Senegal ziteguye gukuraho Yahya  Jammeh

Igihugu cya Senegal cyiteguye gukuraho Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh igihe cyose yaba yanze kurekura ubutegetsi ku munsi wa nyuma wa manda ye tariki 19 Mutarama 2017, nk’uko byemejwe n’umwe mu bayobozi b’Umuryango w’Ubukungu muri Africa y’Iburengerazuba Ecowas. Ingabo ziteguye “Stand-by forces” ziryamiye amajanja ku kuba isa n’isaha zakoherezwa kujya gushyira mu bikorwa ugushaka kw’abaturage […]Irambuye

Gambia: Perezida Jammeh yisubiyeho ahakana ibyavuye mu matora

Yahya Jammeh, Perezida wa Gambia yisubiyeho ahakana ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka gutangaza ko yememeye gutsindwa mu ntangiriro z’uku kwezi, nyuma y’icyumweru kimwe yatangaje ko hagomba kuba andi matora. Kuri televiziyo y’igihugu, Perezida Jammeh yavuze ko hari ibidasanzwe byabaye mu matora “abnormalities” asaba ko amatora asubirwamo. Perezida Jammeh, wageze ku butegetsi ku ngufu za […]Irambuye

Gambia: Adama Barrow yatsinze Yahya Jemmeh mu matora ya Perezida

Muri Africa byari bikunze kuvugwa ko amatora aba hazi uzayatsinda, muri Gambia ibintu bisa n’ibihinduye isura, nyuma y’aho Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje imibare y’ibyavuye mu matora, Adama Barrow utari umenyerewe muri Politiki, ni we watsinze amatora. Adama Barrow yagize amajwi 263, 515, (45,54%) naho Perezida wari ku butegetsi Yahya Jammeh mu gihe cy’imyaka 22 agira  […]Irambuye

Gambia: Abaturage batangiye amatora ya Perezida, Yahya Jemmeh arashaka manda

Abaturage ba Gambia batangiye amatora benshi babona ko akomeye cyane, Umunyemari Adama Barrow ahanganye na Perezida Yahya Jammeh umaze imyaka 22 ku butegetsi. Leta yafashe icyemezo cyo kuba ikuyeho umuyoboro wa Internet ndetse n’imirongo ya telefoni ihamagara hanze y’igihugu, kandi ibuza imyigaragambyo mbere y’amatora cyangwa nyuma yayo. Amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi yose yiyunze n’umukandida Adama […]Irambuye

en_USEnglish