Tags : WEF

Ku mwaka, Abagore barusha abagabo iminsi 39 y’akazi

*Gusa ngo igihe kinini bakimara bakora imirimo idahemba yo mu rugo, *Mu Buhindi, Portugal,… ho umugore arusha umugabo iminsi 50,… I London mu Bwongereza hasohowe ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bakora igihe kinini kurusha abagabo kuko mu mwaka babarusha iminsi 39 y’akazi mu gihe mu gihugugu nk’Ubuhindi ho umugore arusha umugabo iminsi 50 y’akazi ku mwaka. […]Irambuye

Kuba urubyiruko ntibivuze ko ushoboye kuyobora – D.Kaberuka

*Kuva kuri uyu wa gatatu kugera kuwa gatanu u Rwanda rwakiriye “WEF on Africa” *Ibiganiro byabanje byibanze ku buryo urubyiruko rwa Afurika rwagira uruhare mu iterambere ryayo, *Urubyiruko rwasabwe kurenga imbogamizi ruhura na zo, rugakomera ku mugambi wo gutera imbere *Donald Kaberuka ati “Kuba urubyiruko ntibivuze ko ushoboye.” Mu biganiro byatangije Inama Mpuzamahanga ku bukungu […]Irambuye

WEF: Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma 10, Abaminisitiri, Abaherwe,…mu Rwanda

Kuva kuwa gatatu kugera kuwa gatanu (11-13 Gicurasi), u Rwanda rurakira abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, ba Minisitiri, abakire ba mbere ku Isi n’abo muri Afurika by’umwuriko, abayobozi ba Banki, ibigo b’imari, iby’ubucuruzi n’iby’Ikoranabuhanga, n’abandi banyacyubahiro bagera ku 1,200 bazaturuka mu bihugu 70 baje kwitabira Inama Mpuzamahanga ku bukungu bwa Afurika “World Economic Forum (WEF)” […]Irambuye

U Rwanda ni urugero rwiza Africa izigiraho kwiteza imbere nta

Kuva kuwa gatatu tariki 11-13 Gicurasi, u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ya 26 ku bukungu bwa Afurika “World Economic Forum on Africa (WEF)”; Abateguye iyi nama batangaje ko impamvu bahisemo u Rwanda ari uko rufite byinshi rwakwigisha ibindi bihugu n’Ibigo bikomeye ku buryo bwo gutera imbere ndetse ukarwanya ubukene nta mitungo kamere ufite. WEF 2016 […]Irambuye

‘African Village’ ahantu Abanyarwanda n’abanyamahanga baje muri WEF bahurira

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwakira inama mpuzamahanga ikomeye ku Isi yitwa ‘World Economic on Africa(WEF)’, kuva tariki ya 11-13 Gicurasi, umwe mu Banyarwanda bikorera afashijwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere ‘RDB’ yashyizeho ahantu Abanyarwanda n’Abanyamahanga bashobora kujya bahurira mbere na nyuma y’uko WEF itangira bakabasha kumenyana no gukorana. The African Village ngo izafasha Abanyarwanda […]Irambuye

Mu 2030 abantu miliyoni 470 bazaba bashaka akazi, inama ya

Inama ya 26 ya World Economic Forum kuri Africa igiye guteranira i Kigali mu kwezi gutaha, intero yayo izaba igira iti “Connecting Africa’s Resources through Digital Transformation” mubyo iyi nama izigaho izareba ku byaganiriweho ubushize byo guhanga imirimo kuri benshi aho bigeze kuko hari impungenge ko mu 2030 ku isi hazaba hari abantu miliyoni 470 […]Irambuye

RDB yasabye Amahoteli azakira inama ya WEF kugira isuku

Mu nama yahuje Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere (RDB) n’amahoteli atandukanye yo mu mujyi wa Kigali azakira inama ya “World Economic Forum (WEF)” kuri uyu wa kabiri, isuku na Serivise nziza ni kimwe mubyibanzweho cyane. Inama ya WEF izabera ku nshuro ya mbere mu Rwanda ku matariki 11-13 Gicurasi 2016, ikazitabirwa n’abantu begera hafafi kuri […]Irambuye

en_USEnglish