Tags : TPIR

Mu rw’Ikirenga, Munyagishari yashinje Ubushinjacyaha gutinza urubanza

Munyagishari Bernard ukekwaho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu birimo Gusambanya ku gahato abagore bo mu bwoko bw’Abatutsi mu 1994, kuri uyu wa 05 Ukuboza mu rukiko rw’Ikirenga yavuze ko Ubushinjacyaha bukomeje gutinza urubanza yarujuririye. Munyagishari wabaye ahagaritse (mu gihe kitazwi) kwitaba urugereko rwihariye ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rumuburanisha ku byaha akekwaho, muri iyi minsi […]Irambuye

Abunganira Mbarushimana babwiye urukiko ko “Nta byaha bya Jenoside bibaho”

*Bavuga ko Mbarushimana ashobora gukurikiranwaho gucura umugambi wa Jenoside mu gihe yaba itaragezweho, *Ngo uwo bunganira yakurikiranwaho kwica no kurimbura mu gihe yaba yaragabye ibitero ku bantu batari Abatutsi, *Basabye ko umukiliya wabo akwiye gukurikiranwaho icyaha kimwe … Urukiko rwabiteye utwatsi, *Kera kabaye umwunganizi wari umaze amezi asaga ane yarambuwe ijambo muri uru rubazna, yongeye […]Irambuye

Ubujurire bwa Mbarushimana ku guhabwa abapererezi bigenga bwateshejwe agaciro

*Mbarushimana avuga ko ikirego aregwa kidasobanutse, ubushinjacyaha bukavuga ko ibyo byaburanywe, *Uruki rwatesheje agaciro ubujurire bwa Mabarushimana wifuzaga abazamufasha gukora iperereza bigenga, *Ku wa kane tariki 11 Urukiko Rukuru ruzasoma umwanzuro rwafashe ku gihe cy’iperereza ku byaha Mbarushimana aregwa cyasabwe n’abamwunganira. Urugereko rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka, kuri uyu wa gatatu tariki 3 Gashyantare […]Irambuye

Sweden: Birinkindi Claver uregwa Jenoside yitabye Urukiko

Umunyarwanda witwa Birinkindi Claver kuri uyu wa gatanu tariki 4 Nzeri yitabye urukiko rw’i Stockholm muri Suede/Sweden ashinjwa kuba yaragize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994. Birinkindi amaze igihe afunze mu gihe hari gukorwa iperereza ku byaha ashinjwa. Mu kiganiro BBC yagiranye n’umushinjacyaha Tara Host kuri telephone, yasobanuye ko mu mwaka […]Irambuye

Abagenwe kuzunganira Mbarushimana bifuje kubanza kumenya ayo bazahembwa

Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho ibyaha birimo ibya Jenoside; kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Kamena yongeye gutaha ataburanishijwe kuko abavoka bagenwe ko bazamwunganira bataragira icyo babitangazaho gusa ngo baherutse kwandikira Urugaga rw’Abavoka basobanuza ibirebana n’uburyo bazahembwa ndetse n’umushara bazajya bahembwa uko ungana. Ni ku nshuro ya gatatu uyu mugabo agezwa mu rukiko agataha ataburanye biturutse […]Irambuye

Uwunganira Mugesera yongeye kubura mu rubanza kubera UBURWAYI

Nyuma y’igihe hatumvikana isubikwa ry’urubanza rwaDr Leon Mugesera, kuri uyu wa kabiri, umwunganira Me Rudakemwa yongeye kwandikira Urukiko avuga ko ari mu kiruhuko cya muganga, bituma urukiko rwanzura ko iburanisha risubitswe, umucamanza asaba Mugesera kujya gusoma akanategura ibyo anenga ku batangabuhamya batandatu asigaje kuvugaho, gusa Mugesera yavuze ko atabikora atarikumwe n’umwunganira. Mu minsi ishize Me […]Irambuye

Unteye mfite imbunda mu rwego rwo kwitabara nakurasa – Mugesera

*Mugesera yavuze ko atahamagariye abantu kwica abandi ku busa Mu rubanza rwa Leon Mugesera ukurikiranyweho kugira uruhare kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, rwakomeje kuri uyu wa kabiri avuga ku mutangabuhamya Hategekimana Idi. Mugesera yamugaragaje nk’uwaranzwe no kuvuga amabwire. Mugesera  yavuze ko kuba Hategekimana yaravuze ko atewe yatabaza, ngo ni ko we abyumva, naho Mugesera we ngo yumva umuntu […]Irambuye

Arusha: Ubujurire nabwo bwemeje ko Bizimungu afungwa imyaka 30

Mu bujurire, Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho guca imanza z’abakoze Jenoside mu Rwanda ruri Arusha kuri uyu wa mbere rwakatiye General Augustin Bizimungu gufungwa imyaka 30 kubera uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ubujurire bwashimangiye igihano cy’igifungu cy’imyaka 30 kuri Bizimungu wari wahamijwe ibyaha bya Jenoside muri Gicurasi 2011 agakatirwa gufungwa imyaka […]Irambuye

en_USEnglish