Tags : Somalia

Somalia: Al-Shabab yishe abaturage babiri bo mu mujyi ingabo za

Abarwanyi ba Al-Shabab bishe abaturage b’abasivili  mu majyepfo y’Uburengerazuba bwa Somalia, mu mujyi wa Tiyeglow nyuma y’aho inyeshyamba ziwufashe zihasimbura abasirikare ba Ethiopia bacyuwe ku wa gatatu. Al-Shabab yashinjaga abo bagabo babiri gukorana n’ingabo za Ethiopia n’ingabo za Leta ya Somalia. Amakuru aravuga ko imiryango myinshi yahisemo guhunga umujyi wa Tiyeglow nyuma yo gufatwa na […]Irambuye

Somalia: Uwari Umudepite ni umwe mu bateye ibirindiro bya AMISOM

Kuwa kabiri ibirindiro by’ingabo z’umuryango w’Afurika yunze Ubumwe zigarura amahoro muri Somalia (AMISOM) hagabwe ibitero bibiri by’ubwiyahuzi bihitana abantu 13, ngo umwe mu biyahuzi yahoze ari Umudepite mu Nteko Nshingamategeko ya Somalia. Abarwanyi bo mu mutwe wa Al Shabab ari na bo bakoze iki gitero batangaje ko Salah Nuh Ismail w’imyaka 57  wahoze ari Umudepite […]Irambuye

Uko Abakuru b’ibihugu banzuye ku Iterabwoba, u Burundi, Sudani y’Epfo,Libya,…

AUSummit2016 – Mu nama y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma biyemeje kurushaho kwinjira mu bibazo by’umutekano, iterabwoba, ubutabera, n’ibindi binyuranye byugarije Afurika by’umwihariko ibihugu nk’u Burundi, Sudani y’Epfo, Nigeria, Mali, Libya, Somalia n’ibindi. Komiseri mukuru wa Komisiyo y’amahoro n’umutekano mu Muryango wa Afurika yunze Ubumwe Amb. Smail CHERGUI yavuze ko muri […]Irambuye

Somalia: Igitero cya al-Shabab cyaguyemo Minisitiri

Abantu batandukanye batanze ubutumwa bw’akababaro ku muryngo wa Minisitiri wiciwe mu gitero cya al-Shabab cyagabwe kuri hoteli izwi mu mujyi wa Mogadishu. Abarwanyi ba al-Shabab baturikije imodoka itezemo ibisasu hanze ya hoteli yitwa Naso-Hablod, nyuma yo kwinjira barasa urufaya ndetse bakanafata abantu bugwate kuwa gatandatu w’iki cyumweru. Intumwa ya UN muri Somalia, yavuze ko Minisitiri […]Irambuye

Somalia: Umunyamakuru wicishije bagenzi be yarashwe

Itsinda ry’abarashi bishe umunyamakuru wo muri Somalia witwa Hassan Hanafi mu murwa mukuru Mogadishu nk’uko bitangazwa na BBC. Uyu musore w’imyaka 30 akaba yari aherutse gukatirwa urwo gupfa mu kwezi gishize kubera gufatanya na Al Shabab kwica abanyamakuru batanu. Abanyamakuru benshi ngo batumiwe ngo baze kureba uko uyu yicwa, bavuga ko Hanafi yashatse kurwana ubwo […]Irambuye

EU ishobora guhagarika amafaranga yahaga ingabo z’u Burundi ziri muri

*Leta ya Nkurunziza yasaruraga miliyoni 13 z’Amadolari buri mwaka aturutse kuri iyi gahunda, *Ibi bihano bishobora kugira ingaruka zikomeye ku Burundi n’ubundi bwari buri mubihano, *Kudatanga aya mafaranga ngo biratuma Pierre Nkurunziza ajya mu mishyikirano n’abatavuga rumwe na we. Umuryango w’Uburayi urateganya gukuraho amafaranga wageneraga ingabo z’U Burundi zijya mu butumwa bw’amahoro muri Somalia, Leta […]Irambuye

Somalia: Inyeshyamba 115 za al-Shabab ziciwe mu mirwano

Umuyobozi w’intara ya Galmudug iri rwagati mu gihugu cya Somalia yavuze ko ingabo zo muri iyi ntara zivuganye abarwanyi ba al-Shabab basanga 100 mu mirwano yamaze iminsi ine. Aba barwanyi biyitirira idini ya Islam ngo binjiye muri iyi ntara bahunze indi mirwano yarimo iba mu ntara y’Uburasirazuba ya Puntland. Avugana na BBC, Perezida w’intara ya […]Irambuye

Somalia: Aba ‘commandos’ b’igihugu kitazwi bishe abantu 15

Abategetsi muri Leta ya Somalia batangaje ko abarwanyi 15 ba al-Shabab bishwe mu gitero bagabweho n’umutwe w’aba ‘commandos’ mu birindiro by’ahitwa Awdhegle, muri km 50 z’umurwa mukuru Mogadishu. Abaturage bari babwiye BBC ko bakanguwe n’urusaku rw’amasasu y’imbunda ziremereye, ndetse ngo bumvuse n’urusaku rw’indege za kajugujugu. Mohamed Aweis, umuyobozi w’ako gace, yabwiye BBC yo mu rurimi […]Irambuye

Somalia: Igitero cya ‘drone’ ya USA cyahitanye abarwanyi 150

Igitero cyagabwe n’indege itagira umupilote ya America cyahitanye abarwanyi 150 ba al-Shebab, umutwe w’inyeshyamba za kisilamu zirwanira muri Somalia zikanagaba ibitero muri Kenya. Umuvugizi mu biro by’ingabo za America, Capt. Jeff Davis yatangaje ko icyo gitero cyari kigambiriye ahantu hitoreza Al Shabab nk’uko bitangazwa na BBC. Yagize ati “Twamenye ko bari bagiye kurangiza bakava aho […]Irambuye

Mme Fadumo ngo naba Perezida wa Somalia azaganira na Al

Umugore witwa Fadumo Dayib yamenyekanye cyane mu mpera z’umwaka ushize ubwo yatangazaga ako ashaka guhatanira kuba Perezida wa mbere w’umugore wa Somalia, igihugu cyazahajwe n’intambara kuva mu myaka irenga 25 ishize. Ubu yatangarije Deutsche Welle ko naramuka atowe azahita aganira n’umutwe wa Al Shabab kuko ngo ibyo kuwurandura ku ngufu byananiranye. Uyu mugore ubusanzwe aba […]Irambuye

en_USEnglish