Tags : Somalia

Somalia: Urukiko rwahanishije uwari umunyamakuru igihano cy’urupfu

Urukiko rwa gisirikare rw’i Mogadishu, rwakatiye uwahoze ari umunyamakuru igihano cyo kwicwa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwicisha abandi banyamakuru bagenzi be. Hassan Hanafi, ni umwe mu banyamuryango b’umutwe w’iterabwoba wa al-Shabab, yafatiwe muri Kenya muri Kanama 2014 ubwo yarimo atembera. Urukiko rwategetse ko azicwa arashwe urufaya rw’amasasu. Umushinjacyaha amushinja kuba yarishe nibura abanyamakuru batanu […]Irambuye

Somalia: Abantu 30 bishwe na al- Shabab bareba umupira wa

Inyeshyamba zo mu mutwe w’iterabwoba wa al-Shabab zatangaje ko arizo zagabye igitero ku cyumweru mu majyaruguru ya Somalia mu mujyi wa Baidoa cyaraye gihitanye abantu 30. Imodoka irimo igisasu yaturikiye hanze ya Restaurant aho abantu benshi barebaga umupira wa Shampiyona yo mu Bwongereza, aho Manchester United yakinaga na Arsenal (3-2). Mu kindi gitero, umwiyahuzi yiturikirijeho […]Irambuye

Somalia: Abana 50 000 bashobora kwicwa n’inzara yatewe n’amapfa

Nibura abana 50 000 muri Somalia bashobora gupfa kubera amapfa y’igihe kirekire acyugarije iki gihugu nk’uko biri muri raporo y’Umuryango w’Abibumbye, UN. Raporo ihuruza ya UN yasohowe n’ibiro bishinzwe ubuzima bw’abantu, Ocha, ivuga ko imirire mibi muri Somalia ari ikibazo gihangayikishije. Nibura Abasomalis miliyoni imwe kuri miliyoni 12 zituye igihugu ‘barwana no kubona ibyo kurya.’ […]Irambuye

CAN U23: U Rwanda ruzahura na Somalia

23 Nzeri 2014 – Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 izakina na Somalia mu cyiciro cya mbere cy’amajonjora yo gushaka tike y’igikombe cy’Africa cy’abatarengeje imyaka 23 kizabera muri mu gihugu cya Congo Kinshasa. Tombora y’uko ibihugu bizahura muri iyi mikino yabereye muri Ethiopia, u Rwanda rwatoye kuzahura na Somalia mu cyiciro cya mbere cya majonjora, u […]Irambuye

Umunyarwanda wakoranaga na Al-Shabaab yishyikirije Police ya Kenya

Pascal Bizimungu alias “Big man Abdirizak” uvuga ko ari Umunyarwanda, aherutse kwishyikiriza Police ya Kenya y’ahitwa Mandela, asaba ko Guverinoma y’icyo gihugu yamurindira umutekano kuko abarwanashyaka b’umutwe w’inyeshyamba wa Al-Shabaab yakoranaga nawo bashaka kumwica. Mu kiganiro yagiranye n’Abanyamakuru kuwa mbere w’iki cyumweru, Bizimungu abajijwe impamvu ahisemo kuva muri Al Shabaab yagize ati “Ndambiwe ibikorwa bya Al-Shabaab. […]Irambuye

en_USEnglish