Tags : REB

Abarimu bashinja ababyeyi kubatererana mu gukurikirana uburezi bw’abana

Mu muhango wo kumurika udushya twakwifashishwa mu kuzamura ireme ry’uburezi ku rwego rw’umujyi wa Kigali, kuri uyu wa kane tariki ya 9 Nyakanga 2015 muri Kaminuza y’u Rwanda ishami ry’Ubumunyi n’ikoranabuhanga (CST) abarimu bagaragaje ko ababyeyi badohotse mu gukurikirana uburere bw’abana bakabona ko bituma ireme ry’uburezi  rikomeza kuhangirikira. Iyi gahunda yateguwe na Minisiteri y’Uburezi kugira […]Irambuye

Abanyeshuri batsinze icya Leta mu mashuri yisumbuye ni 89,1 %

19 Gashyantare 2015 – Minisiteri y’uburezi yatangaje kuri uyu wa kane ibyavuye mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu bize ubumenyi rusange, imyuga, n’inderabarezi ndetse n’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 12. 89,1% by’abanyeshuri 40 957 bakoze ikizamini baratsinze. Abanyeshuri biyandikishije gukora ibi bizamini cya 2014 bose hamwe ni 46 411 mu gihe abakoze umwaka wa 2013 […]Irambuye

Abakobwa batsinze ‘Tronc Commun’ ni bake n’ubwo bafatiwe ku inota

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Mutarama, Miniteri y’Uburezi n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (REB) batangaje inota fatizo ryagendeweho mu gutuma abana bajya mu mashuri yisumbuye no gukomeza mu mwaka wa kane. Nubwo abana b’abakobwa bafatiwe ku inota ryo hasi ugereranyije na basaza babo umubare w’abakobwa batsinze uri hasi ugereranyije n’uw’abahungu batsinze […]Irambuye

84% muri ‘primaire’ baratsinze, 86% muri ‘tronc commun’ nabo baratsinda

Kacyiru, 12 Mutarama 2015 – Minisiteri y’uburezi yatangaje ko muri rusange abitabiriye ibizamini bya Leta mu mashuri abanza ari 95.05% by’abari biyandikishije kubikora, mu mwaka ushize hakoze 94,04% by’abari biyandikishije. Naho mu mashuri yisumbuye ikiciro cya mbere uyu mwaka hitabiriye 97,77% by’abiyandikishije mu gihe mu mwaka ushize hari hitabiriye 97,32%. Minisiteri y’ubuzima ikaba ivuga ko […]Irambuye

Guverinoma igiye gukora ibishoboka ngo abarimu bishimire akazi bakora

Uburezi cyane cyane ireme ryabwo mu mashuri abanza n’ayisumbuye na gahunda z’ubuzrezi bw’i bw’imyaka icyenda (9) na 12 ni imwe mu ngingo esheshatu (6) zafashe umwanya munini mu mwiherero w’abayobozi bakuru wasojwe ejo kuwa mbere, ndetse n’imyanzuro umunani (8) muri 42 yafatiwe muri uyu mwiherero ijyanye no kunoza uburezi n’ireme ryabwo, kimwe mu bigomba gukemuka […]Irambuye

en_USEnglish