Tags : Parliament of Rwanda

Ubwoko: Ntibuguhesha ishuri, ntibukwimisha akazi, Ntibukiri ‘Harmful’-Ndayisaba

*27.9% barakibonera mu ndorerwamo y’ubwoko, 25.8% bafite ingengabiterezo, *28.9% babona ko habonetse urwaho hari abakongera gukora Jenoside, *Abanyarwanda 96.1% bavuga ko bakwemera guhara amagara yabo barwanya amacakubiri… Agaragariza Abadepite ibyavuye mu bushakashatsi ku gipimo cy’ubwiyunge mu Rwanda muri 2015, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Fidel Ndayisaba, kuri uyu wa 23 Nzeri yavuze ko nta […]Irambuye

Gucunga nabi ibya Leta: Ntituzakomeza kurebera amakosa yisubiramo-Hon Muhongayire

Ubwo basobanurirwaga raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ya 2014-2015, kuri uyu wa 19 Nzeri, Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari bavuze ko ibigo byagiye bigaragaho imicungire mibi mu myaka yatambutse ari byo bikomeje kurangwa no guhombya Leta. Hon Muhongayire Jacqueline uyobora iyi Komisiyo yavuze ko aya makosa asa nk’ayashinze imizi adakwiye gukomeza kureberwa. Umugenzuzi Mukuru w’Imari […]Irambuye

Abadepite b’I Burayi bagiye kuza kwiga UBURINGANIRE mu Rwanda

Uhagarariye Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda, Amb. Micheal Ryan kuri uyu wa kabiri yatangaje ko mu minsi micye Abadepite bagize Komisiyo y’uburinganire ku mugabane w’Uburayi bazaza mu Rwanda kurebera ku nzura y’u Rwanda mu kuba ruyoboye ibindi bihugu by’isi mu kwimakaza uburinganire bw’abagore n’abagabo. Amb. Micheal Ryan avuga ko Abadepite umunani (8) bazaturuka i Bruxelles mu […]Irambuye

Urukiko rushobora kwemeza UBUTINGANYI muri Leta zose za USA

Urukiko rw’Ikirenga muri Leta zunze Ubumwe za America kuri uyu wa kabiri rurasuzuma niba Ubutinganyi bwakwemerwa n’amategeko mu gihugu hose. Nyuma y’aho iki kibazo cyari cyasuzumwe mu 2013, Urukiko rw’Ikirenga muri America rurongera gusuzuma ingingo idasanzwe mu gihe cy’amasaha abiri n’igice. Abaturage bahangayikishijwe n’iki kibazo gikomeye kandi giteje impaka mu muryango w’Abanyamerika, amagana y’abashyigikiye buri […]Irambuye

en_USEnglish