Tags : Nyamirambo

Rwatubyaye yagarutse yihishe, ubu yakoze imyitozo muri Rayon…AMAFOTO

Abdul Rwatubyaye wari myugariro wa APR wasinyiye ikipe ya Rayon Sports agahita aburirwa irengero yagarutse yihishe mu cyumweru gishize, kuri uyu mugoroba yakoze imyitozo muri Rayon Sports kuri stade i Nyamirambo. Uyu musore yavugishije byinshi abakunzi b’umupira mu Rwanda ubwo yari yabuze akimara gusinyira Rayon. Bitunguranye cyane, Rwatubyaye yasinyiye Rayon Sports tariki 27 z’ukwezi kwa […]Irambuye

Ubuzima ku muhanda: Abana bari kuhavukira bakabaho biteye ubwoba

*Akarere ka Nyarugenge niko kari gafite abana benshi ku muhanda mu bushakashatsi bwa 2012. *Umuseke wasanze abakobwa 10 i Nyamirambo baba ku muhanda 3 barabyaye, Nyabugogo hari 21 muri bo 9 barabyaye. *Aba babyeyi bakiri bato basaba ko nibura bahabwa mituel zo kuvuza abana mu gihe barwaye. *Komisiyo y’abana ngo ntifasha abana bari ku mihanda […]Irambuye

Nyamirambo: Urubyiruko rubyuka rwicaye ku mihanda ruriyongera….

Mu kumurika imihigo y’Urubyiruko (2014/2015) mu cyumweru gishize Minisitiri warwo Jean Philbert Nsengimana yavuze ko “amafaranga atazabura ahantu hari igitekerezo kiza”. Umuseke wegereye bamwe mu rubyiruko rukunze kubyuka rwicaye ku muhanda mu Biryogo i Nyamirambo ya Kigali, bavuga ko ibitekerezo byiza babifite ariko ayo mafaranga batayabona kandi agashomeri kabamereye nabi. Uru rubyiruko rwiganjemo uruvuga ko […]Irambuye

Nyabugogo: abacuruzi ntibumva impamvu bimuwe huti huti

Isoko rya Nyabugogo ryatangiye gukora mu 1977, abaricururizagamo bemera ko ryari rishaje ndetse irishya rigezweho rikwiye, mu kubaka irishya rizatwara agera kuri miliyari 32 byabaye ngombwa ko abacuruzi baririmo ubu bose bimurwa. Gusa uburyo biri gukorwa n’aho bari kujyanwa aba bacuruzi barabyinubira. Abacuruzi muri iri soko kimwe n’abayobozi babo baganiriye n’Umuseke batangaza ko itariki bari […]Irambuye

Kigali nziza na Kigali yindi !!

Kigali ni nziza! Isuku, amazu mashya maremare kandi meza, quartier zigezweho, imihanda mishya itatse amatara, ubusitani ku mihanda… ni bimwe mu byiza ubona iyo utembere umujyi wa Kigali wigendagendera ‘inyuma’. Uramutse uvuye Kampala, Abidjan cyangwa Kinshasa wakwikundira i Kigali aho uhumeka neza. Ariko iyo winjiye imbere muri za quartier za rubanda rusanzwe uhasanga indi Kigali […]Irambuye

Umukino wa Rayon na APR FC urasubitswe

Wari uteganyijwe ku cyumweru tariki 23 Werurwe i Nyamirambi, ni umukino wari guhuza aya makipe akubana cyane mu kwegukana igikombe. FERWAFA imaze kwemeza ko uyu mukino usubitswe kubera impamvu z’umutekano ku kibuga. Ubuyobozi bwa FERWAFAburavuga ko Police yavuze ko idashobora kwirengera umutekano w’imbaga y’abantu bashobora kuza i Nyamirambo kuri stade yaho igenewe kwakira abantu ibihumbi […]Irambuye

Urujijo ku mukino wa APR na Rayon uteganyijwe ku cyumweru

Ubuyobozi bw’umupira w’amaguru mu Rwanda ( FERWAFA) buratangaza ko abashinzwe umutekano nibatemera kwirengera umutekano wo ku kibuga ijana ku ijana ku kibuga cy’i Nyamirambo ahateganyijwe kubera umukino wa Rayon Sports na APR FC ngo uyu mukino wa kwimurwa. Uyu mukino uteganyijwe ku cyumweru tariki 23 Werurwe kuri stade ya Kigali i Nyamirambo, ubuyobozi bwa Rayon […]Irambuye

en_USEnglish