Tags : Nyamagabe

Nyamagabe ntibirarangira… uwari Gitifu w’Akarere yakatiwe gufungwa

Mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye rwa Nyamagabe Urugereko ruburanisha ibyaha bimunga ubukungu bw’igihugu mu masaha ya saa saba rwahamije ibyaha bibiri Twayituriki Emmanuel wahoze ari Umunyabanga Nshingwabikorwa w’aka karere ndetse n’uwari umunyamabanga we ahamwa no kuba ikitso, bahanishwa gufungwa umwe imyaka ine undi umwe. Hashize igihe kinini hari ibibazo mu buyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe byatumye uwari […]Irambuye

Ndasingwa uba mu Bubiligi ari kuburanira i Kaduha aregwa Jenoside

Mu myaka mike ishize Ndasingwa Jovith yaje mu Rwanda mu nama y’Umushyikirano avuye aho atuye mu Bubiligi ageze i Kigali asanga ari ku rutonde rw’abakatiwe n’inkiko Gacaca, maze asaba gusubirishamo urubanza. Ubu ari kuburana adafunze. Yabyemerewe n’ubutabera atanga ikirego mu Ukuboza 2016 mu rukiko rw’ibanze rwa Kaduha, atangira kuburanishwa 2017 ariko ruza gusubikwa kuko yarwaye […]Irambuye

Rwiyemezamirimo yahindutse bihemu Umurenge wamwambuye urigaramiye

*Hashize imyaka ibiri yujuje urwibutso rwaranatashywe ariko ntarishyurwa yose *Imbere y’abakozi atishyuye na banki yagujije yabaye bihemu *Avuga ko kenshi ba rwiyemezamirimo bagwa mu kibazo nk’iki bakitwa ba bihemu *Minisitiri w’Intebe aherutse kuvuga ibisa n’ibi aho ba rwiyemezamirimo bakwa ruswa batayitanga ibintu bikadindira Niyirora Jeseph, rwiyemezamirimo utuye mu karere ka Nyamagabe yatsindiye isoko ryo kubaka […]Irambuye

Nyamagabe: Ambulance y’ibitaro bya Kigeme yahiye irakongoka

Mu masaha y’ikigoroba kuri uyu wa mbere tariki 15 Kanama 2016, imodoka y’imbangukiragutabara (ambulance) y’ibitaro bya Kigeme biherereye mu Majyepfo y’u Rwanda mu Karere ka Nyamagabe yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka. Mugisha Philbert, Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe yatangarije Umuseke ko iyi impanuka y’imodoka y’imbangukiragutabara y’ibitaro bya Kigeme yebereye mu kagari ka Bwama, mu mudugudu wa […]Irambuye

Kitabi: Umugore ubyaye 4, araregwa kubyara akajugunya uruhinja mu Akanyaru

Bijya bivugwa ku bakobwa b’inkumi batewe inda batateganyije aho bamwe bajugunya abo babyaye, mu murenge wa Kitabi Akagali ka Shaba mu karereka Nyamagabe haravugwa umugore ubyaye kane wabyaye uwa gatanu akamujugunya mu mugezi w’Akanyaru. Umurambo w’uruhinja watoraguwe ureremba ku mugezi w’Akanyaru kuri uyu wa 04 Nyakanga 2016, uruhinja ngo bigaragara ko rwavutse uwo munsi, gusa […]Irambuye

“Ugira ineza ukayisanga imbere”, umugani w’Abanyarwanda ukwiye kuturanga!

*Mukamurenzi Louise wari igitambambumbuga muri Jenoside, nta muntu wa hafi, haba kwa se na nyina, wasigaye, yashimiye abamuhishe. Amateka y’u Rwanda rwo hambere atugaragariza ko Ubunyarwanda bwabaye ishingiro ry’ubutwari bwo kubaka igihugu no kukirinda. Isano Abanyarwanda bemeraga ko basangiye yabasangizaga urukundo n’ishema bari bafitiye u Rwanda. Ibi byaheshaga Abanyarwanda igitinyiro imbere y’amahanga kugeza ku mwaduko […]Irambuye

I Nyamagabe yari week end y’ibirori by’imikino yahuje urubyiruko rw’Akarere

Mu birori bikomeye kuri stade ya Nyagisenyi mu mujyi wa Nyamagabe kuri uyu wa gatandatu hasorejwe icyumweru cy’imikino, urubyiruko rwahize abandi mu mirenge rwigaragaje mu mikino itandukanye. Basiganwe ku magare, bakina football, volleyball no gusiganwa ku maguru.   Mu gusiganwa n’igare, abasiganwa 20 bakoreshaga amagare asanzwe aciriritse bahagurutse mu murenge wa Kitabi ku ishyamba rya […]Irambuye

Gatsibo: Rucagu yasabye Urubyiruko kurushaho kunga ubumwe

Mu muhango wo gusoza itorero ry’urubyiruko rwo mu Ntara y’Amajyepfo rugera ku 1114, Umuyobozi w’Itorero ku rwego rw’Igihugu Rucagu Boniface yabasabye kurushaho kunga ubumwe. Uyu muhango wabaye ku wa gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2015, mu kigo cya Gisirikare i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Urubyiruko ruhagarariye urundi mu tugari no mu mirenge igize Uturere […]Irambuye

PGGSS V: Kuri Sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka Nyamagabe

Update: Umuhanzikazi Butera Knowless amaze kubwira abakemurampaka ko ijwi rye ryagiye ataza kuririmba Live ubwo ibyo baza gutangamo amanota, live ntibaza kuyibara. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2015, irushanwa Prumus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatanu (PGGSS V), igitaramo cyaryo cya kabiri kirabera kuri Sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka […]Irambuye

Nyamagabe: Ibigo bya KCCEM na Kitabi Tea company birapfa 479m2

Amajyepfo – Ishuri rya Kitabi College of Conservation and Environomental Management (KCCEM) riri mu karere ka Nyamagabe hamwe n’ikigo cya Kitabi Tea Company hashize umwaka hagati ya byombi hari ikibazo cy’ubutaka buhinzemo icyayi butuma ririya shuri ritubaka inzu zaryo nk’uko byateganyijwe ku gishushanyo mbonera. Intandaro ngo yaba ari ukwibeshya mu ibarura ry’ubutaka bwanditswe kuri Kitabi […]Irambuye

en_USEnglish