Tags : MTN Rwanda

Thacien Titus  ni we watsindiye 400 000 Frw muri MTN

Mu marushanwa ya kompanyi y’Itumanaho, MTN Rwanda yo guhemba indirimbo yakunzwe kurusha izindi muri mu ndirimbo zitabirwaho (Caller tunes), indirimbo ‘Aho ugejeje ukora’ ya Thacien Titus yatsinze izindi zahatanaga muri iri rushanwa ryari ririmo abandi bahanzi barimo Gabi Kamanzi, Theo Bosebabirera na Tonzi. Iri rushanwa ryari ririmo indirimbo zihimbaza Imana (Gospel) rimaze amezi atatu abakunzi […]Irambuye

MTN yatanze Miliyoni 50 Frw azakoreshwa mu kongera amashanyarazi no

Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda yatanze inkunga ya miliyoni 50 z’amafaranga y’u Rwanda arimo miliyoni 25 azifashishwa mu kugeza amashanyarazi ku baturage bagera kuri 350 bo mu karere Gisagara na Nyaruguru andi akazakoreshwa mu kugura mudasobwa zizagenerwa Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari kugira ngo banoze serivisi basanzwe batanga. MTN Rwanda ibinyujije mu mushinga wayo wa MTN Foundation […]Irambuye

2018: MINIRENA ivuga ko 30% by’ubuso bw’ubutaka buzaba buteyeho amashyamba

Kuri uyu wa Gatandatu ubwo hizihizwaga isabukuru y’ibiti ku nshuro ya 41 mu Rwanda hanatangizwa igihembwe cyo gutera ibiti, Minisitiri w’ibidukikije n’umutungo kamere, Dr.Vincent Biruta yavuze ko bikwiye ko Abanyarwanda bazirikana akamaro k’amashyamba, avuga ko mu mwaka wa 2018, amashyamba azaba ateye kuri 30% by’ubuso bw’ubutaka bw’u Rwanda. Minisitiri w’Umutungo Kamere, Dr Vincent Biruta wagarutse […]Irambuye

Abantu bantegerejemo byinshi…Nanjye sinzabatenguha-CEO mushya wa MTN

*Abokoresha MTN Mobile Money mu buryo buhoraho buri kwezi bagera muri miliyoni imwe, *Ibyiza biracyaza…Ubu hariho kwishyura na ‘Tap and pay’… Mu ijambo ryumvikanamo indahiro asezeranyije abafatabuguzi ba Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda, Umuyobozi mushya w’iyi sosiyete, Bart Hofker yavuze ko abakoresha umurongo wa MTN n’Abanyarwanda muri rusange bamwitezeho ibyiza byinshi, akavuga ko na we […]Irambuye

MTN-Rwanda yatangije ukwezi kwahariwe Serivise ya Mobile Money

Kuva kuri uyu wa 01 Ugushyingo, MTN-Rwanda yatangije ubukangurambaga bw’ukwezi kumwe kwahariwe Serivise ya Mobile Money, bugamije gukangurira abantu kuyikoresha no kwimakaza ubukungu butarangwamo amafaranga agendanwa mu ntoki (cashless economy) cyane. Insanganyamatsiko y’ukwezi kwa Mobile Money muri uyu mwaka ifite insanganyamatsiko igira iti “Let’s Go Cashless” bishatse kuvuga ngo “tugende nta mafaranga ‘cash’ dufite”. Muri […]Irambuye

MTN na ‘Business Call Assist’ izoroshya itumanaho hagati y’ibigo n’abakiliya

*Iyi serivisi ngo ikora nka ‘Call Center’ ariko yo ntisaba ibikoresho bidasanzwe, *Ngo birashoboka ko nyiri ikigo yazajya yishyurira abakiliya bahamagara. Kuri uyu wa 24 Kanama, MTN Rwanda yatangije serivisi nshya mu itumanaho ryo mu Rwanda izwi nka ‘Business Call Assist’, izifashishwa n’ibigo by’imari iciriritse (SME) mu kubihuza n’abakiliya babyo. Abayobozi mu bigo biteganya kuzayikoresha […]Irambuye

Na “MTN Damarara” buri wese afite amahirwe yo kuzatsindira imodoka

*Abakiliya bazatsindira ibihembo birimo amafaranga, televiziyo, telefoni, moto, imodoka n’ibindi. Kuri uyu wa gatatu MTN Rwanda yatangije Promosiyo yo gushimira abakiliya bayo yise “MTN Damarara” izamara amezi atatu. Guhamagara, kohereza ubutumwa bugufi (SMS) no gukoresha Internet ya MTN bizajya biha umukiliya amahirwe yo gutsindira amafaranga, telefone, televiziyo, amafaranga yo guhamagaza (airtime) cyangwa igikoresho kifashishwa mu […]Irambuye

Ubu ushobora kwishyura Serivisi za Leta ukoresheje MTN Mobile Money

Mu rwego rwo kugabanya ingendo zakorwaga mu kwishyura ibijyanye na Serivisi za Leta, MTN-Rwanda ifatanyije n’ikigo Rwanda online (Irembo) bashyizeho uburyo bwo kwishyura hakoreshejwe MTN Mobile Money. Sosiyete y’itumanaho ya MTN-Rwanda ivuga ko basanzwe biyegereza abakiriya bayo mu kuborohereza mu kwishyura Serivisi zitandukanye hakoresheje Mobile Money, ariko ubu bongeyeho umwihariko ko ushobora no kwishyura Serivisi […]Irambuye

Polisi yagaragaje abahamagaraga abantu bababeshya ngo batsindiye ibihembo

*Aberekanywe ni abasore batanu bakiri bato, *Barakekwaho kuba bamwe mu bajya bahamagara umuntu bamubwira ko yatsindiye ibihembo, bakamurya amafaranga, *Bafashwe bamaze gutekera umutwe umukecuru ko, Jeanette Kagame yemeye kurihira umwana we amashuri bamwaka amafaranga 53 000, *Aberekanywe bose bakomoka mu karere ka Nyanza. Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu yerekanye abasore batanu bakurikiranwyeho guteka […]Irambuye

TETA Diana: Ubuhanga bwe bwamutanze kumenyekana

Nibyo atangiye umuziki vuba, ariko abamaze kumwumva aririmba bemeza ko ari impano nshya mu muziki w’abari n’abategarugori mu Rwanda. Diane Teta nyuma y’igihe gito yinjiye muri muzika mu Rwanda, yabonye amahirwe yo kwamamara nawe ubwo yinjiraga mu irushanwa rya PGGSS IV. Yinjiye bwa mbere muri studio ifata amajwi mu 2010, nyuma y’iminsi yiririmbira byo kubikunda […]Irambuye

en_USEnglish