Tags : Kwita Izina

Ibibwana by’Intare zo mu Akagera ntabwo byo bizitwa amazina

Kwita izina abana b’ingagi ngo ni umwihariko wo mu ngazi zo muri Pasiki y’ibirunga hagamijwe kuzibungabunga, ntabwo hazabaho igikorwa cyo kwita izina ibibwana by’Intare zagaruwe muri Pariki y’Akagera nyuma y’imyaka 20 zihacitse. Igikorwa cyo kwita izina abana b’ingagi uyu mwaka ubu cyatangiye kwitegurwa. Belise Kariza Umuyobozi w’ishami ry’Ubukerarugendo muri RDB mu gutangiza ibi bikorwa byo […]Irambuye

KwitaIzina 2017: Abavutse kuwa 04/07 mufite amahirwe yo gusura ingagi

*Ubu ntihazitwa abana b’ingagi gusa…Harimo 4 nkuru zifuje kuba mu Rwanda nazo zizitwa, *U Rwanda rwashimiwe kuzamura ibiciro…Ngo Abanyarwanda bahange amaso Poromosiyo, *Mu myaka 12 ishize, miliyari 2.8 Frw zashyizwe mu kuzamura abaturiye pariki. Ni igikorwa kiba rimwe mu mwaka kikitabirwa n’amahanga, kigaragaza isura y’ubukerarugendo bw’u Rwanda, ni Ukwita Izina ingagi bigiye kuba ku nshuro […]Irambuye

Abana b’ingagi 19 bavutse nyuma yo Kwita izina, uyu mwaka

Kwita izina ku nshuro ya 12, biza bifite inzanganya matsiko igira iti “dufatanye kwita ku bidukikije tugamije iterambere”.   Uyu muhango wo kwita izina ingagi uzaba tariki 2 Nzeri 2016 ukazabera muri Pariki y’Ibiringa (Kinigi). Abana b’ingagi 19 bavutse nyuma y’umuhango wo kwita izina mu mwaka ushize ni bo bazitwa. Iki gikorwa kizaberamo imurikagurisha ry’ibidukikije  no […]Irambuye

Inyungu z’umutungo kamere zizakomeza gusaranganywa haherewe ku bawuturiye – Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame witabiriye igikorwa cyo kwita izina abana b’ingagi, mu Kinigi mu karere ka Musanze, yongeye gushimangira ko u Rwanda rufite umutongo kamere n’amabuye y’agaciro, ashimangira ihame ry’uko ibiva mu mutungo kamere bizajya bisaranganywa haherewe ku bawuturiye. Muri uyu muhango hiswe amazina abana b’ingagi 24, bavutse mu miryango itandukanye y’ingagi […]Irambuye

Kinigi: Isomero rigezweho hafi y’Ingagi, abazituriye ku ikoranabuhanga…

Musanze – Centre ya Bisate nirwo rusisiro rwa nyuma rutuwe rwegereye ibirunga, ni mu murenge wa Kinigi mu kagali ka Kaguhu ni munsi neza y’ikirunga cya Bisoke. Kuri uyu wa 02 Nzeri 2015 kuri iyi centre hafunguwe isomero rigezweho ririmo za mudasobwa n’ibitabo. Barihawe n’ikigo cya RDB ku bufatanye na Dian Fossey Foundation nk’umwe mu musaruro w’amafaranga […]Irambuye

KWITA IZINA ku nshuro ya 10. AMAFOTO

Umuhango wo Kwita Izina ubera mu kigo cy’umuco kiri munsi y’umusozi wa Sabyinyo, Abanyakinigi nk’uko bisanzwe ababa babukereye kuva mu gitondo cya kare baba bari ku mihanda bareba abashyitsi baza muri uyu muhango, ariko no kuwitabira bawitabira ku bwinshi. Abatuye mu Kinigi bavuga ko amashuri, amavuriro n’imihanda myiza babonye byinshi babikesha iterambere ry’ubukerarugendo mu Rwanda, […]Irambuye

Nkurunziza, Masunzu, Birashoboka, Nakure…amazina yahawe abana b’Ingagi

Kuva mu masaha ya saa tatu z’igitondo, Abanyarwanda by’umwihariko Abanyakinigi n’abanyamahanga batandukanye bari ku kibuga cy’Ikigo cy’umuco mu Murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze, mu Ntara y’Amajyaruguru, munsi y’Ikirunga cya Sabyinyo mu muhanga wo kwita izina ku ncuro ya cumi (10). abantu barenga 1000 bateraniye i Kinigi muri uyu muhango. Ingagi zahawe amazina ni izavutse hagati […]Irambuye

Umwana w’Ingagi yiswe bwa mbere na Jeannette Kagame nawe agiye

Mu bana b’ingagi 18 bazitwa amazina kuri uyu wa kabiri tariki 01 Nyakanga, harimo n’umwana w’ingagi yitwa Byishimo yiswe mu myaka 10 ishize ubwo hatangiraga umuhango wo kwita izina, by’umwihariko ikaba ngo yariswe n’umufasha w’umukuru w’Igihugu Jeannette KAGAME. Iyi ngagi Byishimo ivuka ari impanga hamwe n’indi ngagi yitwa Impano, uretse kuba ifite ako gashya kuko […]Irambuye

Imurika gurisha ry’ubukerarugendo i Musanze. AMAFOTO

Kuva ku cyumweru tariki 29 Kamena, muri Stade Ubworoherane y’Akarere ka Musanze harabera imurikagurisha ry’ibigo bifite aho bihurira n’ubukerarugendo bw’u Rwanda bitandukanye. Iri murikagurisha ryateguwe mu rwego rwo kwishimira ibyagezweho mu myaka 20 ishize no kwitegura umunsi wo kwita izina abana b’ingagi bavutse muri uyu mwaka.Kwita ingagi ku nshuro ya 10 biteganyijwe kuri uyu wa […]Irambuye

en_USEnglish