Tags : Kwibuka 22

Kwibuka-St. Paul: Uwo muri IBUKA mu magambo akarishye ku bapadiri

*Agira icyo asaba Abasaseridoti, ati “Nta kosa mwaba mukoze mwitandukanyije nabo”, *Yibanze kuri Wenceslas ukekwaho ibyo kuri Ste. Famille, ngo nta kindi yamwita uretse ‘Umusenzi’, *Yabwiye abacitse ku icumu ko ‘baturanye n’abanzi benshi’. Mu muhango wo kwibuka Abatutsi baguye kuri Sainte Famile, kuri Saint Paul n’ahahakikije, ku mugoroba wo kuri uyu wa 17 Kamena, Rugero […]Irambuye

Kwibuka 22: Abanyarwanda baba Abidjan bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 09 Mata 2016, Abanyarwanda bagize Diaspora yo muri Côte d’Ivoire bafatanije n’inshuti zabo bahuriye mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Uyu muhango wabereye Abidjan mu cyumba mberabyombi cya Latrille Event, ukaba witabiriwe n’abantu b’ingeri nyinshi, harimo Abanyarwanda bakorera umuryango w’abibumbye, abakorera Banki […]Irambuye

Uwagerageza guhungabanya ibyo twagezeho, ntazamenya ikimukubise – Kagame

Kuri uyu mugoroba, mu ijambo Perezida Paul Kagame yagejeje ku mbaga y’abitabiriye umugoroba wo kwibuka kuri stade Amahoro, yagarutse ku mateka y’u Rwanda avuga ko atagarukira ku kuba abantu barabuze ababo bakundaga, asaba Abanyarwanda kunga ubumwe bakagera ku iterambere, ariko yongeye guha gasopo buri wese ufite ibitekerezo byo gusenya ibyagezweho, Ati “Baratinze ngo baduhe uburyo […]Irambuye

Basketball: Bazibuka abazize Jenoside muri Kamena 2016

Kuva tariki 7 Mata kugeza 4 Nyakanga, Abanyarwanda baba bari mu minsi 100 yo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Basketball nawo uzibuka abakinnyi, abatoza n’abakunzi b’uwo mukino muri Kamena. Umukino wa Basketball mu Rwanda, uri mu nzego n’ibyiciro byatakaje benshi muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ibi nibyo byatumye ikipe ya Espoir BBC […]Irambuye

Kwibuka22: Abanyarwanda ba Arusha bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuwa 07 Mata, Abanyarwanda n’inshuti zabo baba muri Tanzania bahuriye ku biro by’ubunyamabanga bukuru bwa Afurika y’Iburasirazuba bahuriye Arusha bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22. Uyu muhango winitabiriwe n’umunyamabanga mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba Dr. Richard Sezibera, uwahoze ari umushinjacyaha mukuru w’urukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) Hassan Bubakar Jallow, abahagarariye ibihugu byabo […]Irambuye

“Haracyari ibyiringiro”, igitaramo kije guhumuriza Abanyarwanda mu bihe byo kwibuka

Ni ku nshuro ya gatanu igitaramo “Haracyari ibyiringiro” cyateguwe n’itsinda rya The power of the Cross. Iki gitaramo kigamije gutaramira Abanyarwanda mu rwego rwo kubahumuriza mu bihe bikomeye byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22.  “Haracyari ibyiringiro concert live” ni igitaramo  ngarukamwaka gitegurwa mbere y’uko hatangira Icyunamo mu rwego rwo guhumuriza Abanyarwanda. Ndatabaye […]Irambuye

en_USEnglish