Tags : Kinshasa

Kabila ngo aziyamamariza Manda ya 3 abanje guhindura Itegeko nshinga

Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cyo mu Budage kitwa Der Spiegel  ku wa Gatandatu w’Icyumweru gishize Perezida Joseph Kabila yavuze ko kugira ngo abashe kwiyamamariza gutorerwa Manda ya Gatatu bizaba ngombwa ko bahindura Itegeko nshinga. Abajijwe niba hari ikintu yasezeranyije abagize amashyaka yifatanyije n’iriri ku butegetsi mu matora aheruka yasubije ko nta na kimwe. Kabila ati “Nta […]Irambuye

DRC: Abanyepolitiki bananiwe kumvikana, Perezida Kabila arakira Abasenyeri bari abahuza

Mu kiganiro Umuvigizi wa Leta ya Congo Kinshasa, Lambert Mende yagiranye na Radio Okapi yavuze ko gutinda kumvinaka kw’abanyepolitiki bidakwiye kubuza abana kujya ku ishuri, avuga ko abanyepolitiki bagomba kumvikana byanga bikunda. Lambert Mende ati “Nta mpamvu n’imwe yo gushaka kubuza abana kujya kwiga kubera ko abanyepolitiki bananiwe kumvikana mu gihe cyari kigenwe. Dutegetswe kugera […]Irambuye

I Kinshasa, Abamotari babujijwe gukora nyuma ya 18h00 z’umugoroba

yUmugenzuzi w’ibikorwa bya police i Kinshasa, Célestin Kanyama yatangaje ko moto zikora umwuga wo gutwara abantu zitemerewe kugenda mu mujyi wa Kinshasa nyuma ya Saa kumi n’ebyiri (18h00) z’umugoroba. Iki cyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bw’iyi ntara ya Kinshasa kikaba kigiye gukurikiranwa n’Igipolisi, kije nyuma y’aho hakomeje kumvikana ubushyamirane hagati y’abamotari (Motards) n’abakiliya babo. Celestin Kayumba yagize […]Irambuye

Sugira Ernest yasabye asaga Miliyoni 75 AS Vita Club imushaka

Ibinyamakuru binyuranye byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) biravuga ko rutahizamu w’Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi, ndetse n’ikipe ya AS Kigali Sugira Ernest yaba ashkishwa cyane n’ikipe ya AS Vita Club. AS Vita Club yo muri DRC ni imwe mu makipe akomeye mu mupira wo muri icyo gihugu, ndetse no ku mugabane wa […]Irambuye

RDC: Hari gushyirwaho itsinda ryo gutegura ibiganiro mpuzamashyaka

Itangazo Ibiro by’Umukuru w’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) byasohoye rigasomerwa kuri Televiziyo y’igihugu, ryatangaje ko muri iki gihe hari gushyirwaho abantu bazaba bagize itsinda rizategura uko ibiganiro mpuzamashyaka bizakorwa n’ibizakenerwa byose. Itangazo rivuga ko gushyiraho ririya tsinda bishingiye ku ngingo ya kabiri ( article 2) y’iteka rishyiraho biriya biganiro. Iri tangazo kandi […]Irambuye

Congo: Bazanye amarobo abafasha mu gucunga umutekano wo mu muhanda

I Kinshasa mu Murwa mukuru wa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo bahazanye amarobo ‘Robots’ azajya bafasha Polisi  kubungabunga umutekano wo mu muhanda ayobora imodoka. I Kinshasa hagaragaraga ikibazo cy’umutekano mucye  mu muhanda bitewe n’ubwinshi bw’imodoka ziba zibisikana muri uyu Murwa none ubu Polisi yabonye ubufasha bw’amarobo mu bijyanye no kuyobora imodoka bazereka ibyerekezo. Amarobo abiri […]Irambuye

en_USEnglish