Tags : Kibungo

Turi abavandimwe nta na kimwe gikwiye kudutandukanya – Prof Lwakabamba

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 19 Gicurasi 2017, Kaminuza ya Kibungo (UNIK) bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 23, Prof Silas Lwakabamba uyiyobora yavuze ko kwibuka bigarurira agaciro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi akaba ahamya ko iki ari igikorwa cy’ingenzi. Yabwiye abari aho ko Abanyarwanda nta gikwiye kubatandukanya. Ni igikorwa cyatangijwe n’igitambo cya Misa […]Irambuye

Ikipe ya “UNIK VC” yiteguye guhagararira u Rwanda mu mikino

Ikipe y’umukino w’amaboko ya Volleyball ya Kaminuza ya Kibungo “UNIK VC” iratangira imyitozi ikaze ku wa gatatu w’iki cyumweru aho bitegura kwerekeza mu gihigu cya Tunisia mu mikino nyafrika y’amakipe yabaye aya mbere iwayo. UNIK VC ni yo ifite igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda mu mikino ya Volleyball mu cyiciro cya mbere, yagitwaye mu mwaka […]Irambuye

UNIK yashyizeho uburyo bwo korohereza abanyeshuri kwishyura amafaranga y’ishuri

Muri Kaminuza ya Kibungo (UNIK) ubu hari uburyo bushya kandi bwiza bwo korohereza abanyeshuri kwishyura amafaranga y’ishuri mu byiciro. Ibi bikorwa hakurikijwe ubushobozi bwa buri munyeshuri aho bizafasha buri wese kwiga kandi akarangiza amasomo ye ntankomyi. Bamwe mu banyeshuri bishimira ubu  buryo bushya bashyiriweho na Kaminuza aho ngo bizagabanya cyane ikibazo cyo guhagarika ishuri kijya […]Irambuye

Ngoma: Kiliziya na Kaminuza byumvikanye ku ikoreshwa ry’ubutaka

Kuwa kabiri, Diyoseze Gatolika ya Kibungo na Kaminuza ya Kibungo (UNIK) basinye umukono ku masezerano yemerera iyi kaminuza kubyaza umusaruro ubutaka bwa Diyosezi hagamijwe guteza imbere abaturage. Aya masezerano yasinyiwe mu biro bya Diyoseze ya Kibungo hagati y’umuyobozi wayo  Mgr Antoine Kambanda n’umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo Prof Silas Lwakabamba, ni amasezerano ngo agamije gukoresha […]Irambuye

Ngoma: AERG UNIK yasubije inshike za Jenoside inzu imaze iminsi

Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma burashima ibikorwa by’umuryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside biga muri Kaminuza ya Kibungo byo gufasha abarokotse Jenoside batishoboye barimo incike n’impubyi aho buvuga ko ibikorwa nk’ibi bifasha akarere mu kwesa imihigo yo kugabanya umubare w’abatishoboye babayeho nabi. Ibi babigarutseho ubwo AERG yo muri iyi kaminuza ya Kibungo kuri uyu wa 07 Nyakanga 2016, […]Irambuye

Kutishyurwa Miliyoni 172 y’ibirarane bya Mutuelle byadindije iyubakwa ry’ibitaro bya

Ubuyobozi bw’bitaro bya Kibungo buratangaza ko kuba hari amafaranga y’u Rwanda asaga kuri Miliyoni 172, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB) kitarabishyura byadindije gahunda yo kubaka ibi bitaro, n’ibindi bikorwaremezo by’ibitaro, ndetse no kugura ibikoresho nkenerwa. Ubuyobozi bw’ibitaro bya Kibungo buvuga ko mu mafaranga y’ibirarane by’ubwisungane mu kwivuza “Mutuelle de Santé” asaga Miliyoni 200, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB) […]Irambuye

Kaminuza ya Kibungo mu isura nshya, nyuma y’ifungwa rya bamwe

Kuri uyu wa kabiri, Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kibungo bwatangaje ko bwafashe ingamba zikomeye kumukozi wese w’iyi kaminuza uzafatwa abangamira imyigire y’umunyeshuri haba mu kumwaka ruswa n’ibindi byagiye bigaragara muri iyi Kaminuza. Iyi myanzuro ngo yafashwe nyuma y’uko hari abayobozi batatu b’iyi Kaminuza ya Kibungo (UNIK) yahoze yitwa ‘INATEK’ ubu bafunzwe kubera ibyaha binyuranye. Mu […]Irambuye

Padiri Karekezi yashyinguwe, ashimirwa ubuntu n’amahoro byamuranze

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu muri Kiliziya ya Paruwasi ya Rwamagana, abantu benshi cyane bari mu gitambo cya Misa yo gusezeraho bwa nyuma kuri Padiri Dominiko Karekezi. Abafashe ijambo bagarutse ku byamuranze; abantu benshi yagiriye neza, abo yafashije kugera ku buzima bwiza, gufasha impfubyi, ubuntu n’amahoro byamurangaga. Karekezi bamusanze mu nzu ye yapfuye […]Irambuye

Norvege: Urukiko rurumva ubujurire bwa Bugingo wakatiwe imyaka 21

Oslo – Nyuma y’umwaka urenga akatiwe gufungwa imyaka 21 kubera guhamwa n’ibyaha by’ubwicanyi bwakorewe Abatutsi muri Genocide mu Rwanda, kuri uyu wa kabiri tariki 26 KanamaUrukiko rukuru rurumva ubujurire bwa Sadi Bugingo. Muri Nzeri umwaka ushize nibwo Urukiko rwahagaritse ibyo kumva ubu bujurire bivuye ku wunganira Bugingo wasabwe kubanza kwiga neza iby’ubwicanyi ku batutsi mu […]Irambuye

IPRC-East yibutse abari abakozi n'abanyeshuri ba ETO Kibungo bazize jenoside

Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Mata 2014 IPRC-East yibutse abari abakozi n’abanyeshuri ba Eto Kibungo bishwe nabi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, iri shuri ryanashyikirije umwana w’imfubyi witwa Mashyaka Jacques inzu nziza ryamwubakiye ikaba ifite igikoni, ikiraro n’ibiryamirwa ndetse n’ibyo kumutunga mu gihe gito. Muri uyu muhango wo kwibuka abari abakozi ba […]Irambuye

en_USEnglish