Tags : Jacques Tuyisenge

Tuyisenge Jacques urimo kwitwara neza muri Kenya azirikana abazize Jenoside

Tuyisenge Jacques ukomeje kwitwara neza aho akina muri Kenya, yadutangarije ko azirikana cyane abasaga miliyoni bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda 1994. Uyu rutahizamu wa Gor Mahia ifite igikombe cya Shampiyona muri Kenya, avuga ko Jenoside yabaye afite imyaka ibiri gusa. Ntabwo yibuka byinshi byayibayemo kuko yari muto, ariko yayitakarijemo abe, kandi ababazwa cyane n’aya […]Irambuye

Jacques Tuyisenge yanyomoje ibivugwa ko yongeye kuvunika

Jacques Tuyisenge, aranyomoza amakuru yatangajwe na Televiziyo yo muri Kenya, ivuga ko yahawe ibindi byumweru bibiri ari hanze y’ikibuga kubera imvune. Tuyisenge yakinnye umukino we wa mbere mu mpera z’icyumweru gishize, atanga umupira wavuyemo igitego cyatsinzwe na Enoch Agwanda, anatsinda igitego cye cya mbere muri shampiyona ya Kenya. Nyuma yo gusimburwa ku munota wa 74 […]Irambuye

Jacques Tuyisenge yakinnye umukino we wa mbere muri Gor Mahia

Kuva bamugura mu mezi abiri ashize yari atarikina kubera imvune ariko ubu rutahizamu Jacques Tuyisenge wa Gor Mahia yo muri Kenya yagarutse mu kibuga mu mukino wa gicuti ikipe ye yatsinze Uropa FC 4-0 kuri iki cyumweru. Jacques Tuyisenge wavuye muri Police FC, yakinnye umukino we wa mbere mu ikipe ye nshya, yaherukaga gukina tariki […]Irambuye

Jacques Tuyisenge agiye kugaruka mu kibuga muri iyi weekend

Uwari Kapiteni w’Amavubi mu mikino ya CHAN2016, Jacques Tuyisenge agiye kugaruka mu kibuga akinira umukino wa mbere ikipe ye nshya ‘Gor Mahia FC’ yo muri Kenya nyuma y’imvune ye yari yarabyukijwe n’imyiteguro ya CHAN. Jacques Tuyisenge, agiye kugaruka mu kibuga nyuma yo kwitabwaho bidasanzwe n’abaganga bo muri Kenya. Uyu musore w’imyaka 25, agiye gukinira umukino […]Irambuye

Jacques Tuyisenge yageze i Nairobi ahita yerekanwa muri Gor Mahia

Jacques Tuyisenge ni rimwe mu mazina y’abakinnyi 11 bashya ikipe ya Gor Mahia yatangaje, ni mu gihe batangazaga abakinnyi 23 bazakoresha muri uyu mwaka wa shampiyona no mu mikino mpuzamahanga bafite imbere, azajya yambara nimero icyenda. Yahise yerekanwa nk’umukinnyi mushya w’iyi kipe. Jacques Tuyisenge wari kapiteni w’ikipe ya Police FC, yaguzwe na Gor Mahia, imutanzeho […]Irambuye

Police FC yarekuye Jacques Tuyisenge ngo ajye muri Gor Mahia

Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko ubuyobozi bwa Police FC bwemeranyijwe n’ikipe ya Gor Mahia kubaha umukinnyi Jacques Tuyisenge ngo ajye gukina muri shampionat yo muri Kenya. Iyi kipe yari imaze igihe kigera ku kwezi ishakisha uyu rutahizamu wamenyekaniye cyane muri Kiyovu. Umuseke wabashije kumenya ko uyu mukinnyi amasezerano ye yaguzwe 40 000$ kuko yari agifite […]Irambuye

Amavubi yadwinze Leopards za Congo Kinshasa kuri 1 – 0

Mu mukino wa gicuti hagati ya Les Leopards n’Amavubi ku mugoroba wo kuri iki cyumweru i Rubavu, igice cya mbere hagati y’ikipe ya Leopards ya Congo Kinshasa n’Amavubi cyaranzwe no gusatirana n’amahirwe yo gutsinda hagati y’impande zombi ariko cyarangiye nta kipe irebye mu izamu ry’indi. Uyu mukino ariko waje kurangira Amavubi atsinze igitego kimwe ku […]Irambuye

CECAFA: Tanzania yatsinze u Rwanda 2 -1

Kuri uyu wa kabiri, Tanzania n’u Rwanda byakiniye mu mujyi wa Awassa muri 270Km uvuye mu majyeofo ya Addis Ababa, Ethiopia. Wari umukino wa kabiri mu itsinda A ririmo aya makipe yombi hamwe na Ethiopia na Somalia. Tanzania yatsinze Amavubi ibitego bibiri kuri kimwe bituma Tanzania igira amahirwe menshi yo gukomeza muri kimwe cya kane […]Irambuye

CECAFA: Police FC niyo ya mbere ibonye ticket ya “Knock-out

Nyamirambo – Police FC niyo kipe ya mbere ibonye ticket yo kuva mu matsinda ikujya mu kiciro cyo kuvananamo (knowck-out stage) nyuma yo gutsinda ikipe ya Vital’O y’i Burundi ibitego bitatu kuri kimwe mu mukino waberaga kuri stade ya Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa mbere. Stade ya Kigali kuva yabaho nibwo bwa mbere yakiriye […]Irambuye

en_USEnglish