Tags : Huye District

Huye: Abo mu muryango w’uwatoraguwe yapfiriye muri IPRC barasaba ubutabera

*Abashinjwa urupfu rwe bavuze ko bamufashe yiba ibiti mu ishyamba rya IPRC-South, *Ngo ubu barafunze ariko umufatanyacyaha ukora muri IPRC yararekuwe… Abo mu muryango w’umugabo w’uwitwa Alfred Niyonagira uherutse gutoragurwa yapfuye mu ishyamba rya IPRC-South baravuga ko bakeneye guhabwa ubutabera buboneye kugira ngo uwabahemukiye amenyekane. Umukozi wo muri iri shuri wari watawe muri yombi ngo […]Irambuye

Huye: Ngo ntibatanga ‘mutuelle’ babuze n’icyo kurya

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye baravuga ko batanze gutanga umusanzu w’Ubwisungane mu kwivuza bwa Mutuelle de Sante ariko ko amikoro macye yatewe n’amapfa ari yo abazitira ntibabone amafaranga yo kwishyura. Ubwitabire bw’abatanze ubwisungane mu kwivuza bwa mutuelle de Sante mu karere ka Huye bugeze kuri 78% mu gihe mu mezi nk’aya yo […]Irambuye

Huye: Min Gashumba ngo abayobozi b’ibitaro bamanuke bajye guhangana na

Mu bukangurambaga bwo kurwanya no guhangana na Malaria, Minisitiri w’Ubuzima, Diane Gashumba yasabye abayobozi b’ibitaro n’abandi baganga kumanuka bakegera abajyanama b’ubuzima bakabafasha guhangana n’indwara ya Malaria ikomeje kuzahaza ubuzima bwa benshi mu karere ka Huye no mu bindi bice by’igihugu. Ubu bukangurambaga buri gukorwa na Minisiteri y’Ubuzima n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC). Mu karere ka […]Irambuye

Huye: Abana 160 bari guhugurwa ku muco Nyarwanda

Mu nzu ndangamurage y’u Rwanda I Huye, abana n’urubyiruko bagera kuri 160 bari mu biruhuko bari guhugurwa ku muco nyarwanda n’ibindi byaranze u Rwanda rwo hambere. Aba bari hagati y’imyaka 10 na 20 bavuga ko ibi bizabafasha kumenya amateka bakayubakiraho u Rwanda rw’ejo no gusigasira umuco nyarwanda. Uru rubyiruko rwerekanye ko rumaze gusogongera ku byo […]Irambuye

Huye: FAO yasabye ko Imihindagurikire y’ibihe itaba inzitizi yo kugera

Mu karere ka Huye, kuri uyu wa 20 Ukwakira, ubwo hizihizwaga umunsi Mpuzamahanga wahariwe ibiribwa, uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa (FAO) mu Rwanda, Attaher Maiga yasabye abahinzi kurwanya ko imihindagurikire y’ibihe yabuza Leta kugera ku ntego zayo zirimo kuzamura imibereho myiza y’abaturage. Mu kwizihiza uyu munsi mpuzamahanga, abaturage bo mu karere ka Huye […]Irambuye

Huye: Ubumwe n’Ubwiyunge ni ibikorwa si amagambo- Hon Makuza

Mu gikorwa cyo gutangiza icyumweru cyahariwe Ubumwe n’Ubwiyunge, kuri uyu wa  01 Ukwakira, Perezida wa Sena, Makuza Bernard yasabye abaturage bo mu murenge wa Karama mu karere ka Huye ko Ubumwe n’Ubwiyunge bitarangirira mu magambo ahubwo ko bijyana n’ibikorwa. Muri ibi biganiro byabimburiwe n’igikorwa cy’umuganda, Hon Bernard Makuza wari wifatanyije nabo muri iki gikorwa, yibukije […]Irambuye

Huye: Uduce tubarizwamo ‘Indaya’ nyinshi ni two turimo abanduye SIDA

Mu biganiro byo kurwanya Sida byahawe urubyiruko rwo mu mashuri yisumbuye mu karere ka Huye, ushinzwe ibikorwa by’ubuzima muri zone y’Ibitaro bya Kabutare, Nshimiyimana Fabien yavuze ko mu karere ka Huye, umubare munini w’abasanganwa ubwandu bw’agakoko gatera Sida ari abatuye mu duce twa Tumba, Matyazo na Gahenerezo dutuyemo benshi bakora umwuga wo kwicuruza (Uburaya). Uyu […]Irambuye

en_USEnglish