*Abashinjwa urupfu rwe bavuze ko bamufashe yiba ibiti mu ishyamba rya IPRC-South, *Ngo ubu barafunze ariko umufatanyacyaha ukora muri IPRC yararekuwe… Abo mu muryango w’umugabo w’uwitwa Alfred Niyonagira uherutse gutoragurwa yapfuye mu ishyamba rya IPRC-South baravuga ko bakeneye guhabwa ubutabera buboneye kugira ngo uwabahemukiye amenyekane. Umukozi wo muri iri shuri wari watawe muri yombi ngo […]Irambuye
Tags : Huye District
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye baravuga ko batanze gutanga umusanzu w’Ubwisungane mu kwivuza bwa Mutuelle de Sante ariko ko amikoro macye yatewe n’amapfa ari yo abazitira ntibabone amafaranga yo kwishyura. Ubwitabire bw’abatanze ubwisungane mu kwivuza bwa mutuelle de Sante mu karere ka Huye bugeze kuri 78% mu gihe mu mezi nk’aya yo […]Irambuye
Mu bukangurambaga bwo kurwanya no guhangana na Malaria, Minisitiri w’Ubuzima, Diane Gashumba yasabye abayobozi b’ibitaro n’abandi baganga kumanuka bakegera abajyanama b’ubuzima bakabafasha guhangana n’indwara ya Malaria ikomeje kuzahaza ubuzima bwa benshi mu karere ka Huye no mu bindi bice by’igihugu. Ubu bukangurambaga buri gukorwa na Minisiteri y’Ubuzima n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC). Mu karere ka […]Irambuye
Mu nzu ndangamurage y’u Rwanda I Huye, abana n’urubyiruko bagera kuri 160 bari mu biruhuko bari guhugurwa ku muco nyarwanda n’ibindi byaranze u Rwanda rwo hambere. Aba bari hagati y’imyaka 10 na 20 bavuga ko ibi bizabafasha kumenya amateka bakayubakiraho u Rwanda rw’ejo no gusigasira umuco nyarwanda. Uru rubyiruko rwerekanye ko rumaze gusogongera ku byo […]Irambuye
Mu karere ka Huye, kuri uyu wa 20 Ukwakira, ubwo hizihizwaga umunsi Mpuzamahanga wahariwe ibiribwa, uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa (FAO) mu Rwanda, Attaher Maiga yasabye abahinzi kurwanya ko imihindagurikire y’ibihe yabuza Leta kugera ku ntego zayo zirimo kuzamura imibereho myiza y’abaturage. Mu kwizihiza uyu munsi mpuzamahanga, abaturage bo mu karere ka Huye […]Irambuye
Mu gikorwa cyo gutangiza icyumweru cyahariwe Ubumwe n’Ubwiyunge, kuri uyu wa 01 Ukwakira, Perezida wa Sena, Makuza Bernard yasabye abaturage bo mu murenge wa Karama mu karere ka Huye ko Ubumwe n’Ubwiyunge bitarangirira mu magambo ahubwo ko bijyana n’ibikorwa. Muri ibi biganiro byabimburiwe n’igikorwa cy’umuganda, Hon Bernard Makuza wari wifatanyije nabo muri iki gikorwa, yibukije […]Irambuye
Bamwe mu bacitse ku icumu rya Jenoside batujwe mu mudugudu wa Karuhinda uherereye mu kagari ka Nyakagezi, mu murenge wa Huye ho mu karere ka Huye, baravuga ko babuze aho barambika umusaya nyuma y’aho inzu bubakiwe mu 1997 zisaziye zikangirika. Aba barokotse Jenoside batishoboye, bavuga ko bari bagize amahirwe Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami […]Irambuye
Mu biganiro byo kurwanya Sida byahawe urubyiruko rwo mu mashuri yisumbuye mu karere ka Huye, ushinzwe ibikorwa by’ubuzima muri zone y’Ibitaro bya Kabutare, Nshimiyimana Fabien yavuze ko mu karere ka Huye, umubare munini w’abasanganwa ubwandu bw’agakoko gatera Sida ari abatuye mu duce twa Tumba, Matyazo na Gahenerezo dutuyemo benshi bakora umwuga wo kwicuruza (Uburaya). Uyu […]Irambuye