Tags : HE Kagame

Abakozi batemera guhwiturwa ni indi mbagamizi Umujyi wa Kigali ufite

Perezida w’Inama njyanama y’Umujyi wa Kigali, Dr. Sebashongore Dieudonné yabwiye Umuseke ko bashima intambwe imaze guterwa mu gukurikiza amabwiriza y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, ariko avuga ko mu mbogamizi Umujyi ufite harimo n’abakozi bafite imyumvire iri hasi kandi ngo ntibaashyirwa mu kiziriko ngo bakore ibyo basabwa. Mu cyumweru gishize ubwo abayobozi b’Umujyi wa Kigali bari bamaze kwitaba […]Irambuye

Musanze: Abagore barashima umusaruro bahabwa n’amakoperative 

Abagore bo mu murenge wa Muko mu karere ka Musanze bavuga ko amakoperative y’ubworozi, ubuhinzi, ububoshyi ndetse n’ubucuruzi amaze kubafasha gutera imbere, bagashishikariza n’abandi gukorera hamwe.  Ibi babitangaje ubwo hasuzumwaga aho ibikorwa by’umushinga FVA wa Actionaid bigamije guteza imbere abagore bigeze bihindura ubuzima bw’abagenerwabikorwa, hari kuri uyu wa mbere tariki 9 Kamena 2015. Abagore bavuga […]Irambuye

Amafoto: Tujyanye gusura inyoni mu gishanga cy’Urugezi

Urugezi ni igishanga kinini gikora ku rutere twa Burera na Gicumbi, mbere cyari mu komini ya Kivuye, Butaro na Cyungo. Iki gishanga kizwiho kuba amazi agitembamo ariyo atanga amashanyarazi ku rugomero rwa Ntaruka, aho hakaba hariswe Rusumo bitewe n’amasumo ahari. Iki gishanga kandi ni iwabo w’inyoni zitandukanye, isandi, utubwanamajumbura, inceberezi (Abaho bayira incensheberezi), iyo nyoni […]Irambuye

RSSB, EWSA, RRA, na RBC byahombeje Leta za miliyari, abo

Ubwo umugenzunzi mukuru w’imari ya Leta yagezaga raporo igaragaza uko ingengo y’imari y’umwaka wa 2013-2014 yakoreshejwe ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi kuri uyu wa 11 Gicurasi 2015, abagize inteko bavuze ko niba ibyo iyi raporo igaragaza ari ukuri, byaba ari agahomamunwa bitewe n’ibigo bitandukanye nka Rwanda Revenue, RSSB, EWSA n’ibindi byahombeje Leta amafaranga […]Irambuye

Umutekano n’umudendezo ni uburenganzira bw’Abanyarwanda – Kagame

11/5/2015: Mu ijambo Perezida Paul Kagame yavugiye mu muhango wo kwambika ipeti abapolisi 462 barangije amasomo ya Cadets, mu kigo cya Gishari mu karere ka Rwamagana yavuze ko Abanyarwanda bagomba gufata umutekano n’umudendezo nk’uburenganzira bwabo. Yavuze ko iterambere ari ryo ribereye Abanyarwanda. Perezida Kagame yabanje kwambika amapeti abapolisi barangije ndetse anashyikiriza ibihembo abanyeshuri batatu bitwaye […]Irambuye

“Kwinjira muri Polisi ni nko kwinjira mu Itorero,” CSP Twahirwa

Mu kiganiro Umuvugizi wa Polisi y’igihugu CSP Twahirwa Celestin yagiranye na Radio Rwanda, yakanguriye urubyiruko kwitabira kujya muri Polisi y’igihugu, ngo kuko ari hamwe hashobora kubafasha gutanga umusanzu wabo mu kubaka igihugu. Iki kiganiro cyabaye kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Gicurasi 2015, mbere y’uko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ayobora umuhango […]Irambuye

Mu itegeko ry’umuryango rishya umugore yarega asaba kwihakana umwana

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Gicurasi, Abasenateri bagize Komisiyo ishinzwe imibereho myiza, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage yasuzumye itegeko rishya ry’umuryango no kurinononsora basanga hari ingingo zikomeye zirengagijwe. Uyu mushinga w’itegeko rigenga umuryango, ni ivugurwa ry’itegeko ryariho ryashyizweho mu 1988. Komisiyo ishinzwe imibereho y’abaturage mu Nteko Nshingamategeko, umutwe w’abadepite bari barisuzumye mbere y’uko […]Irambuye

Abakozi 40 ba Leta babuze imirimo mu ivugurura bashobora kwirukanwa

Ubwo Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yagirana ikiganiro n’abanyamakuru gitegura umunsi mpuzamahanga w’umurimo wabaye kuri uyu wa 01 Gicurasi 2015, yatangaje ko mu bakozi 351 bahagaritswe ku mirimo yabo mu ivugurura ryabaye mu mwaka ushize, 40 gusa ngo ni bo bashobora kuzasererwa bitewe n’uko habuze indi myanya bashyirwamo. Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo Uwizeye Judith […]Irambuye

Imihigo 2014 -15: Nta Ntara n’imwe iragera kuri 70% kandi

17 Mata 2015 – Abayobozi b’uturere n’ibigo bya Leta bagaragaje ibyishimo kuko Inama y’Abaminisitiri iherutse kwemeza ko urwego rwtanze isoko ari na rwo ruzajya rwishyura rwiyemezamirimo ku buryo butaziguye, gutegereza ko MINECOFIN ariyo yishyura rwiyemezamirimo ngo byadindizaga imihigo. Mu Kugaragaza aho imihigo y’ingengo y’imari ya 2014-2015 igeze abayobozi basanze nta Ntara n’imwe iragera kuri 70% nyamara […]Irambuye

en_USEnglish