Tags : Genocide

”ICTR” yakoze ibyo yagombaga gukora – Bocar Sy

Kuri uyu wa 29 Mata ubwo ishami ry’ Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda “ICTR” rya Kigali rwibukaga ku nshuro ya 20 Jenoside yakorewe Abatutsi, mu kiganiro yagiranye n’Abanyamakuru  uhagarariye uru rukiko mu Rwanda Bocar Sy; yatangaje ko uru rukiko rwakoze ibyo rwagombaga gukora. Binyujijwe mu kigo “Centre umusanzu mu bwiyunge” kuva kuri uyu wa […]Irambuye

France: Senateri Longuet arasaba Guverinoma kugaragaza ukuri ku byabaye mu

Gérard Longuet , Umusenateri mu Nteko Ishinga amategeko y’Ubufaransa aranenga cyane uburyo imirongo migari ya za televiziyo mpuzamahanga yatangaje inkuru zijyanye no kwibuaka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse agasaba Minisitiri w’umutekano Jean-Yves Le Drian gushyira ahagaragara ukuri nyako ku byabaye mu Rwanda. Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa gatatu, Gérard Longuet wahoze ari […]Irambuye

Avram Grant watoje Chelsea, yabuze abavandimwe muri Jenoside

Umuyahudi wigeze gutoza ikipe ya Chelsea mu gihugu cy’Ubwongereza, Avraham Grant umaze iminsi micye mu Rwanda, yaraye agaragaye ku mukino wahuje APR FC na Kiyovu Sports. Mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru yababwiye ko yaje kwifatanya n’abanyarwanda mu mateka ahuje nabo. Uyu mutoza yageze kuri uyu mukino ubura igihe gito ngo urangire, abanyacyubahiro bari kuri uyu […]Irambuye

Alicia Keys aje mu Rwanda

Amahanga menshi arareba u Rwanda muri iyi minsi, abantu bakomeye benshi bamwe bamaze kuhagera, abandi barategerejwe. Si ububanyi n’amahanga, siporo, ingagi cyangwa muzika bibagenza. Ni ukwifatanya n’abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 20 Jenoside. Alicia Keys, umunyamuzika w’umunyamerika wamamaye ku Isi, nawe ari mu bari mu nzira baza mu Rwanda. Biteganyijwe ko Alicia Keys agera i […]Irambuye

FARG yemeye raporo y’Umuvunyi ku mikoreshereze mibi y'inkunga ku barokotse

Raporo y’Umuvunyi  mu bushakashatsi yakoze muri 2012-2013 ,yagaragaje imikorere idahwitse y’Ikigega cya Leta gishinzwe gutera inkunga abatishoboye barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu       mwaka  wa 1994. Kuri uyu wa 26 Werurwe ubuyobozi bw’iki kigega buremeranya na bimwe mu bikubiye muri iyi raporo n’ubwo ngo byabaye mu myaka ya 2006-2006-2008, igihe cy’ubuyobozi butariho ubu. Theophile Ruberangeyo  umuyobozi […]Irambuye

Ubufaransa bwaba bugiye kuburanisha na Charles Twagira

Hashize iminsi micye urubanza rwa Simbikangwa rushojwe, n’ubwo yajuriye, Ubufaransa bwaba bugiye kuburanisha undi munyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenocide. Byamejwe kuri uyu wa kane ko Charles Twagira abacamanza batangiye kwiga ku biregwa uyu mugabo wahoze ari umuganga, ubu ukekwaho uruhare muri Genocide yakorewe Abatutsi. Twagira yari muganga mukuru ku bitaro bya Kibuye mu gihe cya […]Irambuye

Pascal Simbikangwa yakatiwe imyaka 25

14 Werurwe – Umwanzuro w’uru rubanza wategerejwe amasaha menshi ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, abacamanza b’Urukiko rw’i Paris bafashe umwanya minini bateranye kugirango bemeze ko Simbikangwa Pascal afungwa imyaka 25. Uruhande rwe rwemeje ko ruzajurira. Umwanzuro w’urukiko wafashe amasaha 12 abacamanza bavugana ku gihano ahabwa nyuma y’ibyumweru birindwi aburana. Simbikangwa yahamijwe ibyaha bya […]Irambuye

en_USEnglish