Tags : Frank Habineza

Ibyo utari uzi kuri Frank Habineza ushaka kuba Perezida

* Mu bwana bwe yabaye adopted n’umuryango w’abanya-Uganda * Abana be nta Kinyarwanda bazi * Yashinze ishyaka avuye muri RPF yari amazemo imyaka 15 * Urukuta yavuze azubaka si urw’amatafari na Sima Frank Habineza washinze ubu unayobora ishyaka ″Democratic Green Party of Rwanda″ yavutse tariki 22 Gasyantare 1977 ahitwa Namutamba, mu Karere ka Mityana, muri […]Irambuye

Abakandida bemejwe by’AGATEGANYO ni babiri gusa, Kagame na Habineza

Komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gutangaza kuri uyu mugoroba ko Abakandida babiri aribo bemejwe by’agateganyo nk’abujuje ibisabwa bibemerera kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu. Abo ni Paul Kagame watanzwe na FPR-Inkotanyi na Frank Habineza wa Democratic Green Party of Rwanda. Abandi bari batanze ibyangombwa bifuza kwiyamamaza bose ngo ntabwo babyujuje neza. Gusa bafite kugeza tariki 06 Nyakanga kuba […]Irambuye

NEC yarangije kwakira abifuza kuba Abakandida…Amahirwe aracyangana kuri 6

*Barafinda na Mpayimana ngo ibyangombwa baburaga byose babitanze, *NEC ivuga ko abatarazanye ibyemezo byuzuye bashobora kubizana kugeza kuwa 07/07 Paul Kagame, Barafinda Sekikubo Fred, Mwenedata Gilbert, Habineza Frank, Diane Shimwa Rwigara na Mpayimana Philippe ni bo batanze ibyangombwa by’abifuza kuba abakandida mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Kanama. Komisiyo y’amatora imaze gufunga ibikorwa byo kwakira […]Irambuye

F. Habineza atanze ibisabwa ngo abe Kandida. Ngo yizeye gutsinda

*Frank Habineza nta karita y’itora afite *Yaretse ubwenegihugu bwa Suede ngo abashe kwiyamamaza Kimihurura – Saa yine n’igice muri iki gitondo yari ageze kuri Komisiyo y’amatora azanye inzandiko z’ibisabwa ngo yemererwe kuba Umukandida woherejwe n’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR). Bimaze kwakirwa yatangaje ko yumva afite ikizere kingana na 51% cyo gutsinda amatora y’umukuru […]Irambuye

F. Habineza ngo yishimira ko ‘Ndi Umunyarwanda’ yagabanyije umureego yazanye

*Avuga ko ishyaka rye ntawe riheza, ngo ririmo bose, ati “Ni indorerwamo y’igihugu cyose” *Ngo ‘Green Party’ ntishobora gukorana n’imitwe ishyigikiye/ihembera ingengabitekerezo ya Jenoside Umuyobozi w’ishyakariharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Dr Frank Habineza avuga ko yishimira kuba gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yarahinduye isura kuko uko yatangiye ishyirwa mu bikorwa yumvikanagamo kugereka ibyaha ku […]Irambuye

Leta y’u Rwanda ITSINZE Green Party ku kirego cyo kuvugurura

*Leta y’u Rwanda yagombaga kuregwa; *Uburyo bwo kuvugurura itegeko Nshinga buraremereye, bisaba ubwiganze bw’amajwi budasanzwe; *Ivugurura rirebana na Manda ya Perezida rivugwa mu ngingo ya 193, rishobora kuba umubare cyangwa indeshyo bya manda; *Ntibyumvikana ko Itegeko Nshinga ryazitira abenegihugu n’abazabakomokaho ubuziraherezo; *Imbaga y’Abanyarwanda ni yo ifite ububasha bwo gutanga ubutegetsi, ikanihitiramo uko itegekwa; *Amasezerano Nyafurika […]Irambuye

Green Party yasabye Urukiko guhagarika Komisiyo yashyizweho yo kuvugurura Itegeko

*Ijambo ‘NTA NA RIMWE’ rigaragara mu ngingo y’ 101 rifite icyo risobanuye; ngo ni kirazira” *Mu bihugu duturanye; aho manda zahinduwe ibintu ntibyagenze neza” *Itegeko Nshinga ntirishyirirwaho umuntu; rishyirirwaho Repubulika” *Uruzitiro bashyize kuri iyi ngingo (101); uyu munsi si bwo bifuje ko rwagwa” *Izi ngingo (101 na 193) zirasobanutse keretse uwazisobanura abiganisha mu nyungu ze. […]Irambuye

Urukiko rw’Ikirenga ruhaye agaciro ikirego Green Party iregamo Leta y’u

*Green Party irega Leta y’u Rwanda gukora ibikorwa bigamije guhindura itegeko nshinga, *Ivuga ko ingingo ya 101 ibuza umukuru w’Igihugu kurenza manda ebyiri ari ‘Ntayegayezwa’, *Ihakana yivuye inyuma ko ingingo ya 193 y’Itegeko Nshinga idateganya ivugururwa ry’ingingo ya 101, *Green Party isaba ko habaho gusobanura byimbitse ingingo ya 101 n’iya 193 z’itegeko Nshinga. *Abunganira Leta […]Irambuye

en_USEnglish