Tags : Congo

Burya u Rwanda ni rwiza…dutemberane imisozi ya Rubavu na Rutsiro

Hari Abanyarwanda n’abanyamahanga batekereza ko ubukerarugendo mu Rwanda ari ubwo kureba ingagi mu birunga, inzu ndangamurage, Parike nk’Akagera cyangwa Canopy way mu ishyamba rya Nyungwe, nyamara hari ibindi bice nyaburanga bigaragara hirya no hino mu Rwanda wasura kandi ukanezerwa cyane. Uyu munsi dutemberane mu rugendo rw’ibilometero 103, ruhaguruka mu Mujyi wa Gisenyi mu Karere ka […]Irambuye

Kanyabayonga: Amakamyo 15 yagiye gutwara FDLR asubirayo uko yaje

Abakurikiranira hafi ibyo mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa bibaza niba koko umutwe wa FDLR ushaka gushyira intwaro hasi nk’uko wari wabaye nk’ubitangira tariki 31/05/2014. Kuwa gatandatu w’icyumweru gishize amakamyo 15 ya MONUSCO yagiye gutwara aba barwanyi kuri ‘centre’ ya Kanyabayonga asubirayo uko yaje nta numwe ajyanye ahateganyijwe gushyirwa abashyize intwaro hasi. Mu cyumweru gishize nibwo […]Irambuye

FDLR yaburiwe bwa nyuma gushyira intwaro hasi

Martin Kobler umuyobozi w’ingabo za MONUSCO ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Congo Kinshasa yatangaje kuri uyu wa 07 Kanama ko “Abarwanyi bose ba FDLR n’abayobozi babo bagomba gushyira intwaro hasi ako kanya…” Yariho atanga raporo y’umutekano muri Congo imbere y’ibihugu 15 bigize akanama k’umutekano k’Umuryango w’abibumbye. Abicishije ku rubuga rwe rwa Twitter, Martin […]Irambuye

CEPGL mu kuvugurura urujya n’uruza hagati y’u Burundi, Rwanda na

Ibihugu by’U Burundi, U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) birifuza kuvugurura urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu mu bihugu bigize uyu muryango wa CEPGL (Communauté des Pays des Grandas Lacs). Ibi bihugu bitatu biri mu mpaka kuri iki kibazo mu nama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa gatatu ikaza gusozwa kuri uyu wa kane […]Irambuye

Amafoto 50 waba utarabonye ubwo Amavubi yatsindaga Congo

Kuwa gatandatu tariki 02 Kanama ikipe y’u Rwanda yasezereye iya Congo Brazzaville mu kiciro cya nyuma cy’ijonjora. Amavubi yahise yinjira mu matsinda ari nayo azavamo amakipe 15 azajya mu gikombe cya Africa cya 2015 muri Maroc. Ufana Amavubi wese yahise yongera kwibuka ‘ambiance’ ya 2004 Amavubi ajya muri CAN. Aya ni amwe mu mafoto ushobora […]Irambuye

Claude Le Roy ngo aje mu Rwanda gusezerera Amavubi

u Rwanda na Congo biracakirana kuri uyu wa 02 Nyakanga mu mukino wo kwishyura mu gushaka tike yo kujya mu gikombe cya Africa cya 2015 muri Maroc, ikipe y’igihugu ya Congo Brazzaville igeze i Kigali kuri uyu wa 31 Nyakanga saa mbiri z’ijoro, umutoza wayo Claude Le Roy avuze ko aje mu Rwanda gusezerera Amavubi. […]Irambuye

Congo: Bazanye amarobo abafasha mu gucunga umutekano wo mu muhanda

I Kinshasa mu Murwa mukuru wa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo bahazanye amarobo ‘Robots’ azajya bafasha Polisi  kubungabunga umutekano wo mu muhanda ayobora imodoka. I Kinshasa hagaragaraga ikibazo cy’umutekano mucye  mu muhanda bitewe n’ubwinshi bw’imodoka ziba zibisikana muri uyu Murwa none ubu Polisi yabonye ubufasha bw’amarobo mu bijyanye no kuyobora imodoka bazereka ibyerekezo. Amarobo abiri […]Irambuye

DRC: FDLR yambuwe agace ka Kahumo yari yarigaruriye

Ingabo za Congo zifatanyijwe n’ingabo za MONUSCO kuva mu minsi ine ishize ziri mu mirwano ya hato na hato n’inyeshyamba za FDLR, izi nyashyamba zikaba zimaze kwamburwa agace ka Kamuho muri 15Km uvuye mu mujyi muto wa Kanyabayonga muri Kivu ya ruguru. Ingabo za Congo ngo zirukanye FDLR muri aka gace nta mirwano ibayeho nyuma […]Irambuye

en_USEnglish