Tags : CHAN2016

Football yaba inzira yo kubanisha neza u Rwanda na Congo?

U Rwanda na Congo ni abakeba cyane mu mupira w’amaguru, gusa ahanini bituruka ku mateka ya vuba n’imibanire ya Politiki y’ibihugu byombi yagiye irangwamo kutarebana neza. FDLR, M23, Laurent Nkunda, Bosco Ntaganda….ni imitwe yitwaje intwaro n’amazina yagiye atuma ibihugu bitarebana neza. Football yabikoraho iki? Hari abafana bayibonamo inzira yo kubanisha ibihugu. Umutoza Raoul Shungu yabwiye […]Irambuye

Nyuma yo gushyigikirwa na CAF, Sheikh Bin Ebrahim afite amahirwe

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yafashe umwanzuro wo gushyigikira Sheikh Salman Bin Ibrahim Al-Khalifa wo muri Bahrain mu matora yo guhatanira kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA. Ni mu nama yabereye i Kigali. CAF niyo mpuzamashyirahamwe ifite amajwi menshi mu matora y’umuyobozi wa FIFA, amajwi 54 muri 209 agize inteko itora. Ibi nibyo […]Irambuye

Umuseke watoranyije Abakinnyi 11 beza n’umutoza ba CHAN 2016

Abakinnyi 11 beza muri CHAN 2016 Igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina iwabo mu bihugu (CHAN), cyaberaga mu Rwanda kuva tariki 16 Mutara 2016, gisojwe mu byishimo byinshi, kuri DR Congo. Meschak Elia wayo ni we watowe nk’umukinnyi w’irushanwa, anahembwa nk’uwatsinze ibitego byinshi (4). Umuseke watoranyije abakinnyi 11 ibona ko babaye beza kuri buri mwanya, muri […]Irambuye

Police iravuga ko umutekano muri CHAN wabaye ntamakemwa

 Polisi y’u Rwanda iratangaza ko ishimira abitabiriye Shampiyona y’Ibihugu ya Afurika(CHAN) uburyo bitwaye  kugirango irushanwa ryose rigende neza. Ikemeza ko iri rushanwa ryagenze neza mu mutuzo muri rusange. U Rwanda nirwo rwakiriye iri rushanwa ku nshuro yaryo ya kane, riba kuva taliki ya 16 Mutarama kugera kuri uyu wa 07 Gashyantare 2016 aho rirangiye ryegukanywe […]Irambuye

Perezida Kagame yagaragaye abaza De Gaulle iby’Amavubi yari atsinzwe 4

Ikipe y’u Rwanda yari imaze kunyagirwa ibitego bine imbere ya Perezida Kagame wari waje kuyashyigikira bwa kabiri mu mikino itatu amaze gukina muri CHAN2016. Ku ifoto Perezida yagaragaye asa n’ubaza umuyobozi w’umupira w’amaguru ibiri kuba kuko Amavubi yari amaze gutsindwa ibitego bine. Nubwo bigoye kumenya ibyo yamubazaga, ariko Perezida yagaragaye asa n’umubaza ku biri kuba […]Irambuye

Tunisia yaguye miswi na Nigeria mu mukino wari witezwe cyane

Tunisia na Nigeria ni amakipe akomeye kandi ahabwa amahirwe muri iri rushanwa rya CHAN, umukino wazo wari witezwe cyane kuri uyu wa gatanu. Tunisia yarushije Nigeria gukina neza. Ariko birangira zinganyije kimwe kuri kimwe. Muri iri tsinda C ntiharamenyekana ikipe ikomeza muri 1/4. Mu itsinda A u Rwanda rwamaze kumenya ko ruzakomeza rutsinze imikino yarwo […]Irambuye

Amavubi afunguye CHAN 2016 atsinda 1-0. Umukino wari ku rwego

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame wafunguye amarushanwa, kuri Twitter ye, yatangaje ko “Yishimiye umukino w’Amavubi.” Yongereho ko “hari ibyo kunoza kandi ko bishoboka.” Ni nyuma y’umukino Amavubi yatsinzemo Inzovu za Cote d’Ivoire igitego kimwe ku busa kuwa gatandatu hafungurwa irushanwa CHAN. Amavubi muri rusange yakinnye umukino wo kwihagararaho, Cote d’Ivoire nayo nubwo yakinnye neza  yabonye […]Irambuye

Amavubi 23 azakina CHAN yatangajwe

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda kuri uyu wa kane yatangaje abakinnyi 23 azifashisha mu irushanwa rya CHAN rihuza abakinnyi bakina mu makipe y’imbere mu bihugu byabo. Yasezereye abakinnyi icyenda(9) muri 32 yari yahamagaye b’ibanze. Mu basezerewe harimo rutahizamu Songa Isaie ufite ibitego byinshi kugeza ubu muri shampionat. Abo mu izamu: Olivier Kwizera (APR FC), Jean […]Irambuye

CHAN 2016: U Rwanda na Cameroun byanganyije mu mukino wo

Rubavu, 06 Mutarama 2016 – Kuri stade Umuganda ivuguruye izakira imikino ya CHAN 2016 ikipe y’u Rwanda y’abakinnyi bakina mu makipe y’imbere mu gihugu hamwe n’iya Cameroun zanganyije (1-1) mu mukino wari unogeye ijisho utegura aya makipe yombi mu iri rushanwa rigiye gutangira mu Rwanda kuva tariki 16 Mutarama kugeza 7 Gashyantare. Imbere y’abasaga ibihumbi […]Irambuye

en_USEnglish